Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hari icyizere ko masezerano y’amahoro u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bisinyira i Washington ku wa 4 Ukuboza 2025 azatanga umusaruro mu by’ubufatanye mu bukungu ariko ko icya ngombwa ari ukubanza kugira amahoro n’umutekano mu karere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Dukeneye amahoro n’umutekano mbere ya byose-Yolande Makolo
4 December 2025, by ISIMBI Estella -
Trump yanze ubufasha bwa Putin ku kibazo cya Iran na Israel
25 June 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, yamuhamagaye amubwira ko yamuha ubufasha bagakemura amakimbirane ari hagati ya Iran na Israel, arabyanga.
-
Ibyibanze wamenya kuri Prince Kid umaze kugezwa imbere y’Urukiko
11 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup yari isanzwe itegura irushanwa rya Miss Rwanda , Ishimwe Dieudonné ’Prince Kid “ yamaze kugezwa imbere y’urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ngo atangire kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo, ku byaha akurikiranweho Icyaha cyo guhohotera bishingiye ku gitsina abakobwa bajya mu marushwanwa ya Nyampinga (Miss Rwanda) mu bihe bitandukanye Uru rubanza rwitabiriwe n’abarino umubyeyi wa Miss Rwanda 2017 Iradukunda Elsa, nawe ufunzwe muri iyi dosiye (…)
-
Umubare w’abanduye Coronavirus mu Rwanda wiyongereye cyane baba 36
24 March 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko umubare w’abantu banduye COVID-19 mu Rwanda wavuye ku bantu 19 bagere kuri 36 nyuma y’uko hagaragaye abandi 17 biganjemo abaheruka kuva hanze y’igihugu.
-
Perezida Tshisekedi yabyukije gahunda ye yo gutera u Rwanda
12 June 2024, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Guy Kabombo Muadiamvita yatangaje ko Perezida Felix Tshisekedi yatanze amabwiriza yo kwigarurira uduce ingabo ze zimaze gutakaza muri Kivu y’Amajyaruguru no gutera u Rwanda bakarwiyomekaho.
-
Ibihugu byo mu Karere k’Uburasirazuba byatangarije rimwe imari bizakoresha umwaka w’imari utaha aho Kenya ariyo izakoresha menshi
14 June 2019, by Martin MunezeroMu gihe kimwe kuri uyu mugoroba wo kuwa kane tariki 13 ba minisitiri b’imari ba Kenya, Rwanda, Tanzania na Uganda batangaje imari ibihugu byabo bizakoresha mu mwaka w’imari utaha (2019/2020), Kenya niyo izakoresha menshi.
-
Minisitiri w’Uburezi yahishuye impamvu ebyiri Leta ititeguye guhita ifungura amashuri
15 August 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Uburezi,Dr.Valentine uwamariya yavuze ko impamvu Guverinoma y’u Rwanda ititeguye guhita ifungura amashuri muri iki gihe ari uko imibare y’abandura Coronavirus ikomeje kwiyongera mu Rwanda,asaba abantu bakuru kubahiriza amabwiriza kikarangira burundu.
-
Mu mafoto atandukanye reba ubwiza bwa Miss Rwanda 2018, Iradukunda Liliane
25 February 2018, by Muhire JasonMu ijoro ryacyeye nibwo Iradukunda Liliane yambitswe ikamba rya Nyaminga w’ u Rwanda 2018 umuhango watumiwemo Nyaminga w’ Ubufaransa (Miss France 2000), Sonia Rowland unafite inkomoko mu Rwanda ndetse akaba yari umwe mubagize akanama nkemurampaka.
Nyampinga Iradukunda Liliane aje asimbuye Iradukunda Elsa wari usanzwe yambaye iri kamba mu igihe kingana n’ umwaka wose uyu munsi akaba aribwo yarihaye mugenzi we Iradukunda ugiye kuryambara mu igihe kingana n’ umwaka wose .
Uyu munsi tugiye (…) -
Abenshi mu bari kwandura Covid-19 mu Rwanda bari gusanganwa ubwoko bwa Omicron
31 December 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije yatangaje ko abari gusangwamo ubwandu bwa COVID-19 mu Rwanda, abenshi ari abafite ubwoko bwa Omicron buteye impungenge kubera uburyo bukwirakwira byihuse.
Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, Dr Ngamije Daniel yabwiye Abanyamakuru ko icyorezo cya Covid-19, cyamaze gufata intera iri hejuru cyane ndetse mu gihe hatabaho ubwirinzi no gufata inkingo kw’Abaturarwanda bishobora kuba bibi kurushaho.
Dr Ngamije Daniel yagize ati “Dusesenguye turabona ko twageze mu (…) -
Icyuho cya Fall Ngagne cyadukozeho- Muhire Kevin ku kunganya na APR FC
10 March 2025, by Joseph IradukundaKapiteni wa Rayon Sports, Muhire Kevin yatangaje ko kubura rutahizamu Fall Ngagne byabakozeho cyane ntibabasha gutsinda APR FC.
Umuryango.rw
Dukeneye amahoro n’umutekano mbere ya byose-Yolande Makolo
Trump yanze ubufasha bwa Putin ku kibazo cya Iran na Israel
Ibyibanze wamenya kuri Prince Kid umaze kugezwa imbere y’Urukiko
Umubare w’abanduye Coronavirus mu Rwanda wiyongereye cyane baba 36
Perezida Tshisekedi yabyukije gahunda ye yo gutera u Rwanda
Minisitiri w’Uburezi yahishuye impamvu ebyiri Leta ititeguye guhita ifungura amashuri
Abenshi mu bari kwandura Covid-19 mu Rwanda bari gusanganwa ubwoko bwa Omicron
Icyuho cya Fall Ngagne cyadukozeho- Muhire Kevin ku kunganya na APR FC