Ba maneko b’Ubushinwa bongereye umuhate wabo wo kwinjirira ubutegetsi bugiye kujyaho muri Amerika bwa Perezida watowe Joe Biden, nkuko byavuzwe n’umutegetsi wo mu butasi bw’Amerika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ubutasi bw’Ubushinwa burashinjwa kwinjirira bikabije Joe Biden
3 December 2020, by Dusingizimana Remy -
Inama yari guhuza abaminisitiri bo muri EAC-SADC ntiyabaye
1 March 2025, by Joseph IradukundaInama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika y’Amajyepfo (SADC) yari iteganyijwe ku wa 28 Gashyantare 2025, yarasubitswe.
-
MIFOTRA yiyemeje gukemura ikibazo cy’ibizamini by’akazi bikorerwa ahanyuranye n’aho kazakorerwa
31 December 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Umurimo n’Abakozi ba Leta, Amb. Christine Nkulikiyinka, yagaragaje ko bari gukurikirana ikibazo kirebana n’ibizamini by’akazi bikorerwa ahanyuranye n’aho akazi kazakorerwa bigafatwa nko kunaniza abagashaka.
-
AFC/M23 yafashe Umujyi wa Nzibira nyuma y’imirwano ikomeye
22 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbarwanyi b’ihuriro AFC/M23 bafashe Umujyi wa Nzibira uherereye muri Teritwari ya Walungu muri Kivu y’Amajyapfo, nyuma y’imirwano ikomeye yabahanganishije na FARDC n’imitwe bafatanyije.
-
Umunsi Intumwa ya Papa isabira Habyarimana kwirukanwa muri Kiliziya kubera umugambi wa Jenoside
3 February, by Angeline MUKANGENZIHari izina rimwe ritavuzwe cyane mu nkuru zivuga kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nyamara rikwiye kwitabwaho no kwandikwa mu mateka. Uwo nta wundi ni Arkiyepiskopi Giuseppe Bertello, ubu akaba ari Cardinal Giuseppe Bertello wa Kiliziya Gatolika.
-
“U Rwanda rubona urubyiruko rwarwo nka peteroli na Diyama” Kabarebe
10 December 2017, by Nsanzimana ErnestMiisitiri w’ ingabo Gen. James Kabarebe yaganirije urubyiruko urubyiruko rusaga 5 200 ruri mu ihuriro ngaruka mwaka ry’urubyiruko rwo muri Kiriziya Gaturika, ababwira ko u Rwanda nta wundi mu mutungo rufite uretse urubyiruko n’abaturage barwo muri rusange.
Mu kiganiro yahaye uru rubyiruko rwaturutse muri Diyoseze icyenda, yagarutse ku ruhare rw’urubyiruko mu mateka y’u Rwanda, by’umwihariko uruhare rw’urubyiruko mu gusenya igihugu mu bihe bya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Nubwo kandi ku (…) -
Mu myaka 12 u Rwanda rwubatse imihanda y’imigenderano ireshya n’ibilometero 4000
16 February, by Brenda MIZEROMinisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA) yatangaje ko kuva mu 2014 kugeza uyu munsi mu gihugu hose hamaze kubakwa ibilometero birenga 4000 by’imihanda y’imigenderano irimo iya kaburimbo yoroheje n’indi y’ibitaka ariko itunganyijwe.
-
Amavubi yongeye kwereka Perezida Kagame ko kumutenguha ari kirazira asezereye Djibouti mu gushaka itike ya ‘CHAN 2024’
1 November 2024, by Joseph IradukundaImbere ya Perezida Paul Kagame, Ikipe y’igihugu “Amavubi” yatsinze Djibouti igitego 3-0 mu mukino wo kwishyura mu ijonjora rya mbere, iyisezerera ku giteranyo cy’ibitego 3-1 mu rugendo rwo gushaka itike yo gukina igikombe cy’Afurika gihuza abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo (CHAN) kizaba muri Gashyantare 2025.
-
Gasabo: Umwarimu arashinja umuyobozi we kumutoteza we na bagenzi be
23 April 2024, by Dusingizimana RemyUmwarimu witwa Nshimiyimana James wo mu Ishuri rya GS Kabuga Catholic riherereye mu murenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo,yandikiye umuyobozi w’ikigo amugira inama, amusaba guhagarika imyitwarire mibi idakwiye kuranga abayobozi.
-
Igisubizo cya Minisitiri Nduhungirehe ku bibajije impamvu Perezida Kagame atitabiriye inama ya AU
17 February, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko kuba Perezida Paul Kagame ataritabiriye inama y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) bidakwiye gufatwa nk’ibidasanzwe kuko yohereje umuhagararira.
Umuryango.rw
Inama yari guhuza abaminisitiri bo muri EAC-SADC ntiyabaye
MIFOTRA yiyemeje gukemura ikibazo cy’ibizamini by’akazi bikorerwa ahanyuranye n’aho kazakorerwa
AFC/M23 yafashe Umujyi wa Nzibira nyuma y’imirwano ikomeye
Umunsi Intumwa ya Papa isabira Habyarimana kwirukanwa muri Kiliziya kubera umugambi wa Jenoside
Mu myaka 12 u Rwanda rwubatse imihanda y’imigenderano ireshya n’ibilometero 4000
Amavubi yongeye kwereka Perezida Kagame ko kumutenguha ari kirazira asezereye Djibouti mu gushaka itike ya ‘CHAN 2024’
Gasabo: Umwarimu arashinja umuyobozi we kumutoteza we na bagenzi be
Igisubizo cya Minisitiri Nduhungirehe ku bibajije impamvu Perezida Kagame atitabiriye inama ya AU