Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Nduhungirehe Olivier,yashimiye leta ya Tshisekedi yishe umuyobozi wa FDLR,Lt Gen Mudacumura Sylvestre ndetse yemeza ko ari intambwe ishimishije itewe mu gukomeza guhashya imitwe yitwaje intwaro ikorera mu Burasirazuba bwa RDC.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwashimiye cyane RDC yishe Mudacumura wayoboraga FDLR
19 September 2019, by Dusingizimana Remy -
Abanyarwanda 8 birukanwe na Niger bagiye gusubizwa i Arusha
8 February 2022, by Dusingizimana RemyUmucamanza w’urwego rwasigaye rurangiza imanza z’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa Arusha yategetse ko abanyarwanda umunani baheruka kwirukanwa na Niger basubizwa ku kicaro cy’uru rwego i Arusha muri Tanzania.
Mu nyandiko y’icyemezo cye, umucamanza Joseph E. Chiondo Masanche yise iki kibazo ’akaga’, yongeraho ko Niger yishe amasezerano yagiranye na ONU ubwo yemeraga kwakira abo bantu.
Abo ni; Francois-Xavier Nzuwonemeye, Prosper Mugiraneza, Anatole Nsengiyumva, Protais Zigiranyirazo, (…) -
Inyeshyamba zarasiwe I Rubavu zashyinguwe
11 December 2018, by Nsanzimana ErnestInyeshyamba bikekwa ko ari iza FDLR zagabye igitero mu murenge wa Busasamana mu karere ka Rubavu zikaraswa n’ ingabo z’ u Rwanda zashyinguwe hafi yaho zarasiwe.
-
Yifashishije Umwuzukuru we, Nyakubahwa Paul Kagame yagaragaje amarangamutima ye Kumunsi w’amavuko we
24 October 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTPresident Paul Kagame yavutse tariki ya 23 Ukwakira 1957, avukira mu cyahoze ari gitarama ubu ni mu Karere ka Ruhango intara y’amajyepfo, avuka kuri Bisinda Asteria Rutagambwa na Rutagambwa Deogratias.
-
Martin Fayulu n’ihuriro rye bibasiye Perezida Tshisekedi wizeye ingabo za EAC
3 January 2023, by Dusingizimana RemyIhuriro LAMUKA ririmo abanyapolitiki bakomeye muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo nka Martin Fayulu, ryanenze Perezida Antoine Felix Tshisekedi,wizeye ko ingabo z’Umuryago wa Afurika y’Iburasirazuba zagarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo.
Umuvugizi wa LAMUKA, Prince Epenge,yavuze ko “misiyo yo kurinda abana b’abanye-Congo biri mu biganza by’Abanye-Congo ubwabo ndetse na Polisi”,aho kuba izi ngabo z’amahanga.
Uyu muvugizi yabwiye Okapi ko “Kuba Felix Tshisekedi yaremeye ko ingabo (…) -
Umunsi u Bufaransa bumenya umugambi wo kurimbura Abatutsi bukaryumaho
9 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, abapfobya, abahakana n’abandi bafite umugambi wo gushinyagurira abarokotse, bakunze kwitwaza ko Jenoside itateguwe.
-
U Bubiligi bwiyemeje guheka RDC kugeza ijwi ryayo ryumvikanye i Burayi
21 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Bubiligi yiyemeje guheka iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugeza ijwi ry’ibyifuzo byayo ku ntambara yo mu burasirazuba ryumvikanye mu muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU).
-
Ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri idasanzwe yo ku wa 06 Werurwe 2020
7 March 2020, by Dusingizimana RemyKu wa Gatanu, tariki ya 06 Werurwe 2020, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
-
U Rwanda na Malawi barimo kwiga ku ngingo yo kohererezanya abakekwaho ibyaha
3 October 2017, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda n’ iya Malawi bari mu biganiro biganisha ku gusinya amasezerano yo kohererezanya abakekwaho cyangwa abakoze ibyaha.
Ibi biganiro bigirwamo uruhare n’ abayobozi b’ amagereza muri ibi bihugu byombi nk’ uko umuyobozi w’ urwego rushinzwe imfungwa n’ amagereza mu Rwanda, Commissioner General of Prisons, George Rwigamba yabitangarije KT Press.
Rwigamba yatangaje ko uburyo guhererekanya abakoze ibyaha byamaze kuganirwaho. Ngo aya masezerano namara gushyirwaho umukono n’ (…) -
Ibyihariye ku mudugudu w’icyitegererezo wa Kinigi uratahwa ku munsi wo #Kwibohora27 [AMAFOTO]
4 July 2021, by Dusingizimana RemyUmuhango wo kwizihiza umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 27,ku rwego rw’Igihugu wabereye mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Kinigi, ahatashywe ku mugaragaro umudugudu ugezweho watujwemo imiryango 144 itishoboye.
Abayobozi mu nzego zitandukanye barimo Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney na Minisitiri w’Ingabo, Maj Gen Albert Murasira bitabiriye umuhango wo kwizihiza imyaka 27 ishize u Rwanda rwibohoye.
Uyu mudugudu ugizwe n’inzu z’amagorofa eshatu, irerero, (…)
Umuryango.rw
Abanyarwanda 8 birukanwe na Niger bagiye gusubizwa i Arusha
Yifashishije Umwuzukuru we, Nyakubahwa Paul Kagame yagaragaje amarangamutima ye Kumunsi w’amavuko we
Martin Fayulu n’ihuriro rye bibasiye Perezida Tshisekedi wizeye ingabo za EAC
Umunsi u Bufaransa bumenya umugambi wo kurimbura Abatutsi bukaryumaho
U Bubiligi bwiyemeje guheka RDC kugeza ijwi ryayo ryumvikanye i Burayi
Ibyihariye ku mudugudu w’icyitegererezo wa Kinigi uratahwa ku munsi wo #Kwibohora27 [AMAFOTO]