Umwongereza Ethan Vernon wa Soudal Quick-step yegukanye Agace ka Kabiri ka Tour du Rwanda nyuma yo gukoresha amasaha atatu, iminota 21 n’amasegonda 30 ku ntera y’ibilometero 132,9 kuva kuri Kigali Car Free Zone kugera i Gisagara.
Uyu mwongereza w’imyaka 22 ni we wegukanye Agace ka Kabiri ka Tour du Rwanda 2023 nkuko yabikoze kuri iki cyumweru yegukana agace ka mbere.
Arakomeza kwambara umwenda w’umuhondo kuko ni we umaze gukoresha ibihe bito kurusha abandi bose bahanganye.
Ikipe ya (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ethan Vernon yongeye kwigaragaza atwara n’agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2023
20 February 2023, by Dusingizimana Remy -
U Bubiligi bwasabye Qatar kubwunga n’u Rwanda biba iby’ubusa
24 October 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Bubiligi bwegereye Qatar kugira ngo ibufashe kuzahura umubano n’u Rwanda, gusa ashimangira ko nta musaruro byatanze kuko iki gihugu kitagaragaza impinduka mu myitwarire.
-
Umutekano n’ituze ku isonga mu byo Abanyarwanda bishimira mu miyoborere
31 October 2025, by Brenda MIZEROUbushakashatsi ngarukamwaka ku miyoborere bwakozwe n’Urwego rw’Imiyoborere, RGB, buzwi nka Rwanda Governance Scorecard (RGS) bwagaragaje ko inkingi y’umutekano n’ituze ry’abaturage biri mu byishimirwa cyane kuko bifite amanota 90,02%.
-
Minisitiri Nduhungire yakuyeho urujijo ku badasobanukiwe ibigiye gusinywa hagati y’u Rwanda na DRCongo
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko inyandiko izashyirwaho umukono kuri uyu wa Gatanu, ari amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, akanemezwa burundu.
-
Penaliti yo ku munota wa nyuma yashegeshe Amavubi yari yahagamye Senegal
8 June 2022, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu "Amavubi" yananiwe kwihagararaho mu masegonda ya nyuma y’umukino itsindwa na Senegal igitego kimwe cyinjijwe na Sadio Mane kuri penaliti,mu mukino w’umunsi wa 2 wo mu itsinda L ryo gushaka itike yo kwerekeza muri #AFCON2023
Uyu mukino wari wakiriwe n’u Rwanda ariko wabereye i Dakar,Amavubi yakoze ibishoboka byose yihagararaho ariko iminota 5 yongewe kuri 90 yayakozeho kuko mu masegonda atarenga 10 ya nyuma y’umukino yatsinzwe igitego kuri penaliti ya Mane.
Senegal (…) -
Minisitiri Nduhungirehe yemeje ko u Rwanda ruri mu biganiro byo kwakira abimikira bo muri Amerika
4 May 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yemeje ko u Rwanda ruri mu biganiro byo kwakira abimukira bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Theo Bosebabireba yavuye mu bitaro nyuma yo gukubitirwa muri Uganda-AMAFOTO
3 February 2018, by NSHIMIYIMANA JanvierMu ijoro ryo kuwa 28 Mutarama 2018 nibwo Uwiringiyimana Theogene wamenyekanye nka “ Theo Bosebabireba” yakubitiwe mu gihugu cya Uganda ubwo yavaga mu gitaramo yari yatumiwemo i Masanafu akagirwa intere n’abantu bataramenyekana bikaza kumuviramo kumara mu bitaro hafi icyumweru cyose yitabwaho n’abaganga.
Mu minsi ishize nibwo hakwirakwijwe amakuru y’igihuha avuga ko Theo Uwiringiyimana yapfuye gusa akaza kunyomozwa n’umurwaza we ubwo yaganiraga na UMURYANGO.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa (…) -
Indege z’intambara za Amerika zagabye ibitero muri Iraq na Syria
28 June 2021, by Dusingizimana RemyLeta zunze ubumwe za Amerika zagabye ibitero by’indege ku mitwe ifashwa na Iran ikorera muri Iraq na Syria, nk’uko bitangazwa n’ibiro by’ingabo za Amerika, Pentagon.
-
APR FC yasubiranye inyuma Mukura VS iyinyagirira muri Kigali Pelé Stadium-AMAFOTO
14 December 2024, by Joseph IradukundaAPR FC yatsinze Mukura VS ibitego 4-2 mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda wakinwe kuri uyu Wa Gatandatu Saa cyenda muri Kigali Pelé Stadium.
-
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye guhurira mu biganiro
4 February 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Antoine Felix Tshisekedi, bagiye guhurira mu biganiro ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa DRC by’umwihariko muri Kivu y’Amajyaruguru.
Umuryango.rw
Ethan Vernon yongeye kwigaragaza atwara n’agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2023
U Bubiligi bwasabye Qatar kubwunga n’u Rwanda biba iby’ubusa
Umutekano n’ituze ku isonga mu byo Abanyarwanda bishimira mu miyoborere
Minisitiri Nduhungire yakuyeho urujijo ku badasobanukiwe ibigiye gusinywa hagati y’u Rwanda na DRCongo
Penaliti yo ku munota wa nyuma yashegeshe Amavubi yari yahagamye Senegal
Minisitiri Nduhungirehe yemeje ko u Rwanda ruri mu biganiro byo kwakira abimikira bo muri Amerika
Indege z’intambara za Amerika zagabye ibitero muri Iraq na Syria
APR FC yasubiranye inyuma Mukura VS iyinyagirira muri Kigali Pelé Stadium-AMAFOTO
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye guhurira mu biganiro