Minisitiri w’ ubutabera w’ u Rwanda Johnston Busingye afite icyizere ko u Rwanda ruzagera ikirenge mu cy’ Ubuholandi rukagabanya imfungwa n’ abagororwa maze gereza zigahinduka amashuri, amahoteri, sitade cyangwa inkambi zo kwakiriramo impunzi mu gihe cya vuba.
Gereza zo mu Buholandi zagabanutsemo imfungwa. Muri 2006 zari 20,463 muri 2016 zari zimaze kugera ku 10,102.
Minisitiri Busingye kuri uyu wa Gatandatu tariki 31 Werurwe yoherereje ubutumwa bwa Pasika ku nzego zifite aho zihuriye (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri Busingye afite inzozi ko umunsi umwe gereza zo mu Rwanda zizahinduka amashuri n’ amahoteli
1 April 2018, by Nsanzimana Ernest -
Gen. Kale Kayihura wari umaze iminsi 72 afunze yarekuwe by’ agateganyo
28 August 2018, by Nsanzimana ErnestUwahoze ari Umuyobozi wa polisi ya Uganda Inspector General of Police (IGP), Gen Kale Kayihura, yatanze ingwate ararekurwa by’ agateganyo nyuma y’ igihe afungiye mu nkambi ya gisirikare.
-
Urukiko rwategeko ko Anne arekurwa Diane na nyina bagafungwa by’ agateganyo
23 October 2017, by Nsanzimana ErnestUrukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Mbere tariki 23 Ukwakira 2017, rwategetse ko babiri mu baregwa bagomba gufungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe iperereza rikomeje ngo hazabone gutangira kuburanisha urubanza mu mizi, naho umwe we akaba agomba gufungurwa agakurikiranwa ari hanze.
Ni mu isomwa ry’ urubanza ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo, ruregwamo Mukangemanyi Adeline Rwigara, Uwamahoro Anne Rwigara na Diane Rwigara.Nyuma y’uyu mwanzuro, Diane na nyina Mukangemanyi bahise (…) -
Abangavu n’ingimbi bahishuye uko bakiriye gukingirwa Covid-19 yakerereje amasomo yabo
22 November 2021, by Dusingizimana RemyAbangavu n’ingimbi bafite hagati y’imyaka 12 na 18 benshi bari ku mashuri yisumbuye, batangaje ko biteguye gufata urukingo rwa Covid-19, ni nyuma y’aho guhera muri iki Cyumweru Mu mujyi wa Kigali abari muri iki cyiciro bazatangira guhererwa uru rukingo ku mashuri.
-
Abanyarwanda bakunda imanza? Ubwiyongere bw’izaburanishijwe mu myaka 10
24 January, by Brenda MIZEROIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko imanza za Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 zazamutse kuva mu myaka 10 ishize kuko zavuye ku zitageze kuri 40 mu 2016 zigera ku 1.344 mu 2025.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Blinken ku kibazo cy’umutekano muri RDC
6 November 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefone n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony J. Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano muke muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Abadepite bemeje itegeko rikemura amakimbirane mu bwubatsi n’ibidukikije
25 July 2025, by ISIMBI EstellaInteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yemeje itegeko rigenga imirimo y’ubuhanga mu guhanga inyubako, iy’ubuhanga mu by’ubwubatsi n’iy’ubuhanga mu kubara, kugena no kugenzura ingano y’ibintu n’ibiciro mu bwubatsi.
-
Umudepite yasabye ko u Rwanda rwajya ruhinga hejuru y’ amazu
1 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmwe mu badepite umunani bagize komisiyo y’ ubuhinzi n’ ubworozi Hon. Hindura Jean Pierre yatanze igitekerezo asaba ko Abanyarwanda bajya bahinga hejuru y’ ibisenge by’ amazu, guverinoma ivuga ko igiye kubyigaho.
Iki gitekerezo gitanzwe mu gihe mu Rwanda hakomeje kugaragara ikibazo cy’ ubwiyongere bw’ abaturage nyamara ubutaka bwo guhingaho bukagenda bugabanyuka.
Kimwe mu bituma ubutaka bwo gukoreraho imirimo y’ ubuhinzi n’ ubworozi bugabanyuka harimo kuba bumwe muri ubu butaka bwagenewe (…) -
"Umunyeshuri wese ugaragaje ibimenyetso bya COVID-19 ntabwo akwiriye koherezwa ku ishuri"-MINEDUC
10 January 2022, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi yasabye ababyeyi kutohereza ku ishuri umunyeshuri wese ugaragaza ibimenyetso bya COVID-19 birimo Inkorora,ibicurane n’umuriro.
Ibi iyi minisiteri yabivuze mu itangazo yashyize hanze yise ko ari ’iryo kwirinda Covid-19 mu mashuri.
Muri iri tangazo,MINEDUC yavuze ko ababyeyi bashishikarizwa gupimisha abana babo kuva ku myaka 5 iki cyorezo hakoreshejwe Rapid Test.
Yasabye kandi abayobozi b’amashuri kwemerera ababyeyi gupimisha abana babo hakoreshejwe Rapid Test igihe (…) -
Siporo rusange ngarukakwezi yongerewe amasaha, P. Kagame yarabisabye
7 January 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ Umugi wa Kigali bwatangaje ko Siporo rusange mu mihanda itarangwamo ibinyabiziga bya moteri ‘Car free day’ igiye kujya iba kabiri mu kwezi. Perezida Kagame mu kwezi gushize yasabye ko iyi siporo yongererwa amasaha.
Muri Car free Day yo kuri iki Cyumweru tariki 7 Mutarama 2018, Umuyobozi w’ umugi wa Kigali Pascal Nyamulinda yamenyesheje abitabira siporo rusange mu mihanda itarangwamo ibinyabiziga, n’ abatuye umugi wa Kigali ko iyi siporo izajya iba ku cyumweru cya mbere cy’ (…)
Umuryango.rw
Abangavu n’ingimbi bahishuye uko bakiriye gukingirwa Covid-19 yakerereje amasomo yabo
Abanyarwanda bakunda imanza? Ubwiyongere bw’izaburanishijwe mu myaka 10
Perezida Kagame yaganiriye na Blinken ku kibazo cy’umutekano muri RDC
Abadepite bemeje itegeko rikemura amakimbirane mu bwubatsi n’ibidukikije
"Umunyeshuri wese ugaragaje ibimenyetso bya COVID-19 ntabwo akwiriye koherezwa ku ishuri"-MINEDUC