Umwana utwite ubyifuje, ashobora gukurirwamo inda, nk’uko biteganywa n’ingingo ya 125 y’itegeko rigena ibyaha n’ibihano muri rusange ririmo kwemezwa n’inteko rusange y’umutwe w’abadepite. Gukuramo inda kandi bigiye kujya bigenwa n’iteka rya minisitiri ufite ubuzima mu nshingano aho kunyura mu nkiko nk’uko byakorwaga mbere.
Mu mpamvu zemewe kugira ngo umuntu wakuyemo inda ntakurikiranwe, harimo no kuba ari umwana. Gusa ingingo ya 126 ivuga ko uwo mwana abisabirwa n’abamufiteho ububasha bwa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Gukuramo inda bizajya bigenwa na Minisiteri y’Ubuzima aho kuba inkiko
31 December 2017, by Iyamuremye Janvier -
"ADEPR yarashimuswe"-Abapasiteri birukanwe mu itorero bariye karungu
30 August 2022, by Dusingizimana RemyAbapasiteri birukanwe mu itorero rya ADEPR bakoze inama yaburijwemo na Polisi bashaka uko bakwandikira Perezida Kagame kugira ngo abarenganure mu cyo bita akarengane bakorewe.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kicukiro ifatanyije n’izindi nzego z’ubuyobozi zo muri ako karere baburijemo inama y’abahoze ari abavugabutumwa mu itorero rya ADEPR bavuga ko birukanwe bidakurikije amategeko ndetse ngo bari bagamije kwiga uko bakwandikira Perezida Kagame akabarenganura.
Aba bapasiteri bavuze (…) -
Perezida Kagame na Tshisekedi basuye ibice byibasiwe n’imitingito mu karere ka Rubavu [AMAFOTO]
25 June 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakiriye Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda.
Abakuru b’ibihugu byombi bahuriye ku Mupaka wa La Corniche mu Karere ka Rubavu kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 25 Kamena 2021.
Ahagana saa Sita na 54 ni bwo Perezida Tshisekedi yakandagiye ku butaka bw’u Rwanda avuye mu Mujyi wa Goma.
Perezida Tshisekedi yahise atwarwa mu modoka na Perezida Kagame,bazenguruka uyu mujyi aho basuye ibikorwa remezo byangijwe (…) -
Uwayezu Jean Fidele niwe watorewe kuyobora Rayon Sports
24 October 2020, by Dusingizimana RemyAbanyamuryango b’ikipe ya Rayon Sports batoye ku bwiganze bw’amajwi ko uwitwa Jean Fidele Uwayezu ababera Perezida usimbura Munyakazi Sadate waherukaga kweguzwa agasimbuzwa Murenzi Abdallah by’agateganyo.
-
“Twubaka ubushobozi tutagamije guhungabanya Abaturanyi ”-Perezida Kagame
26 April 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 26 Mata 2021, Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yinjije mu gisirikare aba ofisiye bato 721 basoje amasomo yabo mu muhango wabereye mu ishuri rikuru rya Gisirikare i Gako.
Mu ijambo rye,Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rwongerera ubushobozi ingabo rutagamije guhungabanya umutekano w’ahandi ahubwo rushaka kurinda ubusugire bwarwo no kwihaniza uwo ariwe wese washaka kubuhungabanya.
Yagize ati “Ubushobozi twubaka muri mwe,bufite izi (…) -
RIB yataye muri yombi babiri bahamijwe icyaha cya Jenoside
2 May 2025, by Joseph IradukundaUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Murindabyuma Jean w’imyaka 48 na Shema Tharcisse w’imyaka 59, bakurikiranyweho icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi, bakaba bari barakatiwe n’Urukiko Gacaca rwa Gasura mu Karere ka Karongi.
-
Ubufaransa bwegukanye igikombe cy’isi bwaheruka 1998
15 July 2018, by Dusingizimana RemyIbyishimo ni byose ku Bafaransa bari hirya no hino ku isi kuko begukanye igikombe cy’isi ku nshuro ya kabiri mu mateka yabo nyuma yo gutsindira Croatia ku mukino wa nyuma wabereye kuri stade Luzhniki ibitego 4-2.
-
Nimpfa bazanshyingure hano - Inkuru ya Somar Talat, Umunya-Syria u Rwanda rwakiriye yabuze epfo na ruguru
8 February, by Brenda MIZEROSomar Talat ni Umunya-Syria wazengurutse ibihugu byinshi, ariko aza kwiyemeza gutura mu Rwanda no kugira ibyo ahakorera, nyuma yo kubona ko ari igihugu kizamufasha kurenga ingaruka z’amateka mabi yanyuzemo.
-
Perezida Kagame yageze I London mu muhango wo gutabariza Umwamikazi
18 September 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yageze i London mu Bwongereza, aho yitabiriye umuhango wo gutabariza Umwamikazi Elizabeth II uherutse gutanga. Ni umuhango uzaba kuri uyu wa Mbere tariki 19 Nzeri 2022.
Ubutumwa bwanyujijwe kuri Twitter y’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, buvuga ko Perezida Kagame uyoboye umuryango wa Commonwealth, yanditse ubutumwa bwihanganisha umuryango w’ubwami bw’u Bwongereza mu gitabo cy’abashyitsi cyateguwe mu nyubako yakirirwamo abanyacyubahiro izwi nka Lancaster House.
Abayobozi (…) -
Icyo gihe: Kuva taliki 02 Mata 2014 ababanaga na Kizito Mihigo bibazaga aho yarengeye n’icyo yabaye
2 April 2018, by Joseph HakuzwumuremyiHabura iminsi itanu ngo icyumano cyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro ya 20 gitangire, Kizito yarabuze haba ku kazi, aho atuye, mu muryango we ndetse no mu nshuti ze za hafi, buri wese yibazaga aho ahererereye n’icyo yabaye dore ko na Polisi icyo yatangazaga ko itazi aho aherereye.
Mu iperereza Umuryango wakoze icyo gihe, wanzuye ko nta handi hantu Kizito yaba ari uretse kuba afunzwe na Polisiariko bishoboka ko Polisi yanze kubivuga kubera kwanga ko byavangira imyiteguro (…)
Umuryango.rw
Gukuramo inda bizajya bigenwa na Minisiteri y’Ubuzima aho kuba inkiko
"ADEPR yarashimuswe"-Abapasiteri birukanwe mu itorero bariye karungu
Perezida Kagame na Tshisekedi basuye ibice byibasiwe n’imitingito mu karere ka Rubavu [AMAFOTO]
RIB yataye muri yombi babiri bahamijwe icyaha cya Jenoside
Nimpfa bazanshyingure hano - Inkuru ya Somar Talat, Umunya-Syria u Rwanda rwakiriye yabuze epfo na ruguru
Perezida Kagame yageze I London mu muhango wo gutabariza Umwamikazi