Umusirikare mukuru mu ngabo za FARDC ushinzwe ibijyanye na Operasiyo zo kuyobora urugamba Brig Gen Chico Tshitambwe yemeje ko Leta ya Kinshasa iri kuganira n’ingabo zo mu bihugu bya SADC kugira ngo zibafashe bigaranzure M23.
Uyu yakomeje avuga ko banatera u Rwanda kuko ngo rufasha umutwe wa M23 umaze kuzengereza Uburasirazuba bwa Kongo.
Uyu yemeje kandi ko FARDC izisubiza uduce twose M23 yafashe ibifashijwemo na SADC mu rwego rwo gushimangira ko igihugu cye nta mishyikirano giteze (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
FARDC mu nzira yo kwitabaza SADC ngo ibafashe gutsinda M23 n’u Rwanda
22 February 2023, by Dusingizimana Remy -
Ibihuha byavugaga ko hari Abashinwa 18 birukanwe ku butaka bw’U Rwanda byanyomojwe
2 June 2020, by Dusingizimana RemyIbinyamakuru byo muri Zambia byakwirakwije amakuru y’ibihuha avuga ko Perezida Kagame yirukanye Abashinwa 18 abaziza guhohotera abanyarwanda ibintu byamaganwe n’ibihugu byombi mu butumwa bwashyizwe kuri Twitter.
-
Rusizi: Hatangiye kubakwa Ingoro y’ubumwe n’ubwiyunge
7 January, by Brenda MIZEROKiliziya y’u Rwanda yatangiye kubaka Ingoro y’ubumwe n’ubwiyunge ahitwa ku ibanga ry’amahoro mu Karere ka Rusizi.
-
Kim Jong Un yakoze mu jisho USA ndetse yiyemeza guhangana nayo
28 July 2022, by Dusingizimana RemyKorea ya Ruguru yiteguye gukoresha ingufu zayo za nikleyeri mu kwirwanaho, nk’uko Perezida wayo Kim Jong-un abivuga.
Mu ijambo yatanze mu birori byo kwibuka Intambara ya Korea, Kim yongeyeho y’uko igihugu cye “cyiteguriye bihagije intambara ya gisirikare iyo ari yo yose” na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nk’uko bitangazwa n’Ibiro ntaramakuru bya leta, KCNA.
Aya magambo atangajwe mu gihe hari amakenga ko Korea ya Ruguru yaba irimo gutegura kugerageza ikindi gisasu cya nikleyeri ku ncuro (…) -
DRC: Abateye Ikambi ya Baraka Bafashe ku Nguvu Abagore 9 Bakomeretsa 13
19 November 2024, by Joseph IradukundaAbagore 9 bafashwe ku ngufu abandi bantu 10 barakomereka mu gitero cy’abagizi ba nabi mw’ijoro ryo ku cyumweru rishyira uyu wa mbere mu nkambi ya Baraka iri muri karitiye ya Mugunga mu mujyi wa Goma mu ntara ya Kivu ya ruguru. Abanyekongo bahungiye muri iyi nkambi barasaba leta gukaza kubarindira umutekano.
-
Ishyaka Green Party ryamaganye kumugaragaro iyicwa ry’umunyapolitiki wari Umuvugizi w’Ishyaka rya Ingabire Victoire ’FDU INKINGI’
16 March 2019, by Martin MunezeroMu itangazo rigenewe abanyamakuru ryo kuwa 14 Werurwe 2019 Bwana Depite Dr. Frank Habineza uhagarariye Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda), ryamaganye ku mugaragaro ubwicanyi bwakorewe uwari Umuvugizi w’ishyaka FDU INKINGI.
-
Perezida Kagame azajya gutaha umushinga ukomeye yafashije Zimbabwe kugeraho
10 October 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame azerekeza muri Zimbabwe mu mpera z’uku kwezi aho azaba agiye gutaha umushinga w’amashanyarazi yagizemo uruhare kuko yayishakiye abayishoyemo asaga miliyari 856 Frw.
Perezida Kagame ukomeje kugira uruhare mu iterambere rya Afurika,yashakiye Zimbabwe abashoramari bayishoyemo mililiyoni zisaga 800 z’amadolari y’Amerika mu mushinga wo kugeza amashanyarazi mu bice by’icaro.
Ibi byemejwe na Perezida wa Zimbabwe Emmerson Dambudzo Mnangagwa, mu ijambo yagejeje ku bihumbi (…) -
Abarwayi ba Coronavirus mu Rwanda babaye 60...Kuri uyu wa Gatandatu habonetse 6
28 March 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Werurwe 2020, mu Rwanda habonetse abandi bantu batandatu banduye Coronavirus, bituma umubare w’abamaze kuyandura ugera kuri 60.
-
"Niba M23 ari abanyekongo bahinduka bate ikibazo cy’u Rwanda?"-Perezida Ruto
21 May 2024, by Dusingizimana RemyPerezida William Ruto wa Kenya yashimangiye ko u Rwanda nta hantu na hamwe ruhuriye n’umutwe wa M23,bijyanye no kuba RDC ubwayo yaremeye ko abagize uriya mutwe ari abaturage bayo.
-
"Ntituzahindure kuba intare,intare ikomeze ari intare"-Perezida Kagame yiyamamaza i Nyarugenge
25 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko u Rwanda rwagize amateka mabi ari nayo mpamvu abanyarwanda bakwiriye gukomeza kuba intare birinda icyatuma rusubira inyuma.
Umuryango.rw
FARDC mu nzira yo kwitabaza SADC ngo ibafashe gutsinda M23 n’u Rwanda
Rusizi: Hatangiye kubakwa Ingoro y’ubumwe n’ubwiyunge
Kim Jong Un yakoze mu jisho USA ndetse yiyemeza guhangana nayo
DRC: Abateye Ikambi ya Baraka Bafashe ku Nguvu Abagore 9 Bakomeretsa 13
Perezida Kagame azajya gutaha umushinga ukomeye yafashije Zimbabwe kugeraho
Abarwayi ba Coronavirus mu Rwanda babaye 60...Kuri uyu wa Gatandatu habonetse 6
"Niba M23 ari abanyekongo bahinduka bate ikibazo cy’u Rwanda?"-Perezida Ruto
"Ntituzahindure kuba intare,intare ikomeze ari intare"-Perezida Kagame yiyamamaza i Nyarugenge