Umuvugizi wa Leta ya DR Congo yatangaje ko batazaganira kandi “ntiduteganya kuganira n’umutwe wa M23” niba idakurikije ibyo yasabwe n’amasezerano ya Luanda.
Patrick Muyaya yabwiye kandi abanyamakuru ko mu nama ya Bujumbura yabaye muri Weekend ishize “nta nyandiko iyo ariyo yose perezida yasinye”, ko bo bemera amasezerano ya Luanda.
Ibintu bikomeje kumera nabi mu burasirazuba bwa DR Congo mu gihe kuwa mbere imirwano yongeye kubura hagati ya M23 n’ingabo za leta mu duce turi hafi ya centre (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
’Ntituzaganira, kandi ntiduteganya kuganira na M23’-Umuvugizi wa Leta ya RDC
7 February 2023, by Dusingizimana Remy -
Kaminuza y’u Rwanda yirukanye Karasira Aimable wari umwarimu wayo
14 August 2020, by Dusingizimana RemyKaminuza y’u Rwanda yamaze kwandikira umuhanzi akaba n’umwarimu wayo Karasira Aimable ishinja amakosa 4akomeye arangajwe imbere n’imyitwarire idakwiriye kuranga umwarimu wigisha muri kaminuza.
-
Ange Kagame yanenze uburyo abakobwa bitabira irushanwa rya Miss Rwanda bahatirwa kubazwa ibibazo mu Cyongereza nacyo ngo gikocamye
27 January 2019, by Martin MunezeroAnge Kagame yanenze uburyo abakobwa bitabira irushanwa ryo gutora Nyampinga w’u Rwanda bahabwa ibibazo biri mu ndimi z’amahanga batabasha kwisanzuramo kandi bagakoresheje Ikinyarwanda cyangwa abasemuzi bikagenda neza.
-
Umuyobozi Mukuru wa OMS ategerejwe I Kigali
26 October 2018, by Nsanzimana ErnestDr Tedros Adhanom Ghebreyesus, Umuyobozi Mukuru w’ Ishami ry’ Umuryango w’ Abibumbye ryita ku buzima ategerejwe mu Rwanda mu kwezi gutaha k’ Ugushyingo.
-
Meghan umugore w’igikomangoma Harry yagaragaye mu ruhame akuriwe yambaye imyenda ihagaze akayabo k’amafaranga y’u Rwanda[AMAFOTO]
13 February 2019, by Martin MunezeroIgikomangoma Henry Harry na Meghan Markle bamaze hafi amezi umunani bakoze ubukwe, ubu baritegura kwibaruka imfura yabo. Meghan si kenshi akunze kugaragara mu ruhame nyuma yuko arushinze nIgikomangoma Henry Harry.
-
Perezida Kagame yakuyeho Minisitiri w’Uburezi n’uw’ikoranabuhanga
6 December 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa gatatu tariki ya 06 Ukuboza 2017 Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakuye ku myanya Minisitiri w’Uburezi, Dr Musafiri Papias Malimba na Minisitiri w’Ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana, ashyiraho abandi bashya.
Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente Edouard riragira riti “Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, Perezida Paul Kagame yashyizeho abaminisitiri ku buryo (…) -
Abayobozi bashya b’igisirikaree cya RDF bashyikirijwe ibiro n’abo basimbuye[AMAFOTO]
6 November 2019, by Martin MunezeroMu ijoro ryakeye ku kicaro cya Minisiteri y’ingabo giherereye ku Kimihurura mu mujyi wa Kigali, habereye umuhango w’ihererekanyabubasha hagati y’abayobozi bashya b’igisirikare cy’u Rwanda RDF n’abahawe inshingano zo kubasimbura.
-
Dore ibyavuye mubujurire bw’ urubanza rwa Twagirayezu
31 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIKuri uyu wa Gatatu, Urukiko rw’Ubujurire rwa Kigali rwatangaje ko Wenceslas Twagirayezu wari wagizwe umwere ahamwa n’ibyaha bya jenoside rumukatira imyaka 20 y’igifungo.
-
NISR igaragaza ko umusaruro w’amabuye y’agaciro mu Rwanda watumbagiye
8 January 2025, by Joseph IradukundaImibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) yerekana ko umusaruro w’ubucukuzi wazamutseho 45%, ibyo bikaba byaragizwemo uruhare n’ibikoresho bigezweho n’abakozi bafite ubumenyi, nk’uko byemezwa n’Urwego rw’Ubucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro, Peteroli na Gazi mu Rwanda.
-
Perezida Kagame arimo kuvugwa imyato, yujuje imyaka 61 avutse
23 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavutse tariki 23 Ukwakira 1957, uyu munsi yujuje imyaka 61 y’ amavuko, kuri twitter abantu barimo kuvuga uburyo ari umuyobozi ukomeye, intwari, impano Imana yahaye abanyarwanda.
Umuryango.rw
’Ntituzaganira, kandi ntiduteganya kuganira na M23’-Umuvugizi wa Leta ya RDC
Kaminuza y’u Rwanda yirukanye Karasira Aimable wari umwarimu wayo
Umuyobozi Mukuru wa OMS ategerejwe I Kigali
Dore ibyavuye mubujurire bw’ urubanza rwa Twagirayezu
NISR igaragaza ko umusaruro w’amabuye y’agaciro mu Rwanda watumbagiye