Gasamagera Wellars wari Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango FPR Inkotanyi, yahererekanyije ububasha na Bazivamo Christophe wamusimbuye kuri uyu mwanya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Gasamagera yahererekanyije ububasha na Bazivamo wamusimbuye ku Bunyamabanga bwa FPR-Inkotanyi
22 December 2025, by Brenda MIZERO -
Perezida Kagame yahishuye impamvu ikomeye ituma ibihugu byo muri Afurika bidatwara igikombe cy’isi cya ruhago
9 December 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika,Paul Kagame, yavuze ko amwe mu makipe yo ku mugabane w’Afurika mu mupira w’amaguru ashoboye ndetse anafite ubushobozi bwo kuba yatwara igikombe cy’isi ariko kubera kwitinya no kumva ko hari ibihugu batatsinda bibabera imbogamizi.
-
Kabarebe twari n’inshuti, ariko kuba yaransebeje byarambabaje: Ndayishimiye
25 March 2025, by Joseph IradukundaPerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yababajwe cyane no kuba Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubutwererane bw’akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe yaramushinje guhamagarira abanye-Congo bo kwica bagenzi babo bo mu bwoko bw’Amanyamulenge.
-
RURA yatangaje impamvu internet yo muri bisi yahagaritswe
13 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko rwahagaritse by’agateganyo gahunda yo gukwirakwiza internet mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange kuko hari gukorwa inyigo igamije kunoza uburyo bwiza byakorwamo.
-
Umudepite watsinze mu kiciro cy’ abafite ubumuga yamenyekanye
2 September 2018, by Nsanzimana ErnestEugene Mussolini ari we watsinze amatora y’ abadepite mu kiciro cy’ abafite ubumuga mu Nteko Ishinga Amategeko muri manda ya 2018-2023 mu majwi y’ agateganyo. Komisiyo y’ amatora yabitangaje kuri uyu mugoroba wo ku wa 2 Nzeri 2018, nyuma y’ amasaha make amatora y’ abadepite ikiciro cy’ abafite ubumuga arangiye.
-
’Bisa n’ibidashoboka’ ko Coronavirus yavuye muri labo mu Bushinwa-OMS/WHO
10 February 2021, by Dusingizimana RemyInzobere mpuzamahanga ziri gukora iperereza ku nkomoka ya Covid-19 zirahakana ibyavuzwe ko iyi virus yaba yaravuye muri laboratoire mu Bushinwa.
-
Perezida Kagame yagize Maj Gen Alex Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara,izindi impinduka muri RDF
14 October 2024, by Joseph IradukundaPerezida Kagame ari na we Mugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yagize Maj Gen Alex Kagame Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara, naho Maj Gen Andrew Kagame agirwa Umuyobozi wa Diviziyo ya Mbere ikorera mu Mujyi wa Kigali no mu Ntara y’Iburasirazuba.
-
Nyaruguru: Nyakwigendera Karamba biravugwa ko yazize inzara, abandi baratabaza Perezida Kagame
11 March 2018, by UbwanditsiAbarokotse jenoside yakorewe abatutsi batishoboye batujwe mu mudugudu wahawe akabyiniriro ka ‘Nyarutarama’ uherereye mu murenge wa Kibeho barataka inzara bavuga ko yamaze guhitana umwe muri bo. Ikibazo cyabo bavuga ko bakigejeje ku bayobozi b’ inzego z’ ibanze ntibagire icyo bagikoraho bityo ngo baratabaza Perezida Kagame.
Mu gitondo cyo kuwa 19/12/2017 nibwo Uwimana Nikuze umwana wa Karamba Gratien avuga ko yagije kumusura nk’ibisanzwe agasanganizwa inkuru y’ uko se yitabye Imana.
Uyu (…) -
Urwego rw’inganda rwinjije 22% mu musaruro mbumbe w’Igihugu
21 October 2025, by Brenda MIZEROMu mwaka wa 2024/2025, urwego rw’inganda rwazamutseho 6,3% rwinjiza 22% mu musaruro mbumbe w’Igihugu (GDP) bitewe n’uruhererekane rw’ibikorwa byagiye bizamuka muri urwo rwego, harimo nko kuba ibyoherezwa hanze na byo byarazamutseho 16% n’ibindi.
-
Baziga wayoboraga Diaspora Nyarwanda muri Mozambique yarashwe n’abagizi ba nabi arapfa
26 August 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi wa Diaspora nyarwanda muri Mozambike, Louis Baziga, yatezwe n’abagizi ba nabi bari bitwaje intwaro bamumishaho urufaya rw’amasasu arapfa.
Umuryango.rw
Gasamagera yahererekanyije ububasha na Bazivamo wamusimbuye ku Bunyamabanga bwa FPR-Inkotanyi
Kabarebe twari n’inshuti, ariko kuba yaransebeje byarambabaje: Ndayishimiye
RURA yatangaje impamvu internet yo muri bisi yahagaritswe
Perezida Kagame yagize Maj Gen Alex Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara,izindi impinduka muri RDF
Nyaruguru: Nyakwigendera Karamba biravugwa ko yazize inzara, abandi baratabaza Perezida Kagame
Urwego rw’inganda rwinjije 22% mu musaruro mbumbe w’Igihugu