Sénégal na Misiri kuri iki cyumweru birahurira ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Afurika cy’ibihugu cy’umupira w’amaguru (CAN/AFCON), aho abakinnyi babiri bakomeye ba Liverpool baba bahatanye.
Mohamed Salah arimo gushaka gufasha igihugu cye cyo muri Afurika y’amajyaruguru kongera umuhigo gisanganywe wo kuba cyaratwaye iki gikombe inshuro nyinshi - inshuro zirindwi - ukagera ku nshuro umunani, mu gihe Sadio Mané, mugenzi we bakinana muri Liverpool, yizeye guhesha ikipe ye ya Senegal yo muri (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ninde uratwara AFCON2021 hagati ya Mohamed Salah na Sadio Mane [UBUSESENGUZI]
6 February 2022, by Dusingizimana Remy -
Ibinyamakuru bikomeye mu karere byasabwe na CMI na RNC kuvuga neza umunyemari Rujugiro
29 March 2019, by Dusingizimana RemyIbinyamakuru bikomeye mu karere birimo New Vision, NTV na The East African byasabwe n’Urwego rushinzwe ubutasi mu Gisirikare cya Uganda, CMI n’Umutwe wa RNC gutangaza inkuru zivuga neza umunyemari Rujugiro Tribert uvugwaho gutera inkunga RNC.
-
REB yahaye gasopo abayobozi b’ ibigo birimo kwirukana abanyeshuri bazira kutishyura amafaranga arimo n’ atemewe
24 January 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa REB, Gasana Janvier
Ikigo cy’ Igihugu cy’ uburezi mu Rwanda (REB), Kuri uyu wa Kabiri tariki 23 Mutarama 2018,cyasohoye itangazo rigenewe abayobozi b’uturere twose ribasaba kwihanangiriza ibigo by’amashuri bigahagarika kwirukana abana kubera ko ababyeyi babo bataratanga amafaranga arimo n’ugahimbazamusyi ka mwarimu.
Iri tangazo ryashyizweho umukono n’umuyobozi wa REB, Gasana Janvier, rivuga ko nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe ku itangira ry’umwaka w’amashuri waraye utangiye, (…) -
Amazuku y’ikirunga cya Nyiragongo yahitanye abarenga 15,amazu menshi cyane arashya
24 May 2021, by Dusingizimana RemyDR Congo - Abatuye mu bice by’amajyaruguru ya Goma basubiye mu ngo zabo basanga zahiye nyuma y’uko ikirunga kirutse, benshi kandi bari gushakisha ababo babuze.
-
Min. Soraya yagaragaje impamvu 2 ari ngombwa abacuruzi gufunga saa kumi n’ebyiri z’umugoroba
5 January 2021, by Martin MunezeroMinisitiri w’Ubucuruzi, Soraya M. Hakuziyaremye avuga ko hari impamvu ngenderwaho zatumye habaho icyemezo cy’inama y’abaminisitiri kivuga ko ibikorwa by’ubucuruzi nk’amaduka, resitora, butike n’amasoko bigomba kuba byafunze saa kumi n’ebyiri z’umugoroba.
-
Umuyobozi wa Televiziyo Rwanda yeguye ku mirimo ye nyuma y’imyitwarire mibi
14 October 2024, by Joseph IradukundaIkigo k’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) cyatangaje ko uwari Umuyobozi wa televiziyo Rwanda, Munyangeyo Kennedy Dieudonné, yeguye ku mirimo ye, nyuma yo kugaragarwaho n’imyitwarire idakwiye mu gihe yari kuri uyu mwanya.
-
Abofisiye 2 ba RDF basoje amasomo ya girikare muri Kenya
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kane tariki ya 05 Kamena 2025, abofisiye babiri mu Ngabo z’u Rwanda barimo Maj. Emmanuel Rutayisire na Maj. Hipolyte Muvunyi basoreje amasomo ya gisirikare mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Kenya ‘Joint Command and Staff College’ (JCSC) riherereye i Karen, mu Mujyi wa Nairobi.
-
Undi mugororwa yatorotse gereza akoresheje umugozi
9 April 2018, by Martin MunezeroUrwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS) rwatangaje ko mu ijoro ryo kuri iki cyumweru taliki ya 8 Mata 2018, umugororwa witwa Mwumvaneza Patrick yatorotse Gereza ya Huye iherereye ku Karubanda.
Umuvugizi wa RCS, SIP Sengabo Hillary, yabwiye itangazamakuru ko Mwumvaneza Patrick yatorotse yuriye uruzitiro akoresheje umugozi.
Yagize ati “Yego ni byo yatorotse mu ijoro ryacyeye. Yakoresheje imigozi ubu hari gukorwa iperereza kugira ngo tumenye aho aherereye.”
Mwumvaneza Patrick (…) -
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje uko kamere ya Tshisekedi yongeye kudobya gahunda y’amahoro
4 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari we witambitse igikorwa cyo gusinya amasezerano y’ubufatanye mu by’ubukungu hagati y’ibihugu cye n’u Rwanda.
-
Ubufaransa bwasabye u Rwanda guhagarika gutera inkunga M23
20 December 2022, by Dusingizimana RemyAmbasade y’u Bufaransa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga yanditse ubutumwa busaaba ko u Rwanda ruhagarika gutera inkunga umutwe wa M23.
Iyi Ambasade ibinyujije kuri Twitter yagize iti “Ubufaransa bwamaganye inkunga u Rwanda rugenera umutwe wa M23, bugasaba ko ibiganiro bya Luanda na Nairobi bishyirwa mu bikorwa mu buryo bwuzuye.”
Ni ubwa mbere Ubufaransa bweruye bugashyira hanze ibyo birego bishinja u Rwanda gutera inkunga inyeshyamba (…)
Umuryango.rw
Ninde uratwara AFCON2021 hagati ya Mohamed Salah na Sadio Mane [UBUSESENGUZI]
Umuyobozi wa Televiziyo Rwanda yeguye ku mirimo ye nyuma y’imyitwarire mibi
Abofisiye 2 ba RDF basoje amasomo ya girikare muri Kenya
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje uko kamere ya Tshisekedi yongeye kudobya gahunda y’amahoro
Ubufaransa bwasabye u Rwanda guhagarika gutera inkunga M23