“Njye abafite ibyo bahaguruka basaba, barwanira uko baba babikora kose ndabyumva ndetse impamvu nabyumva, ni uko ari nk’ibyo twakoze natwe tukiri bato kurinda tugera aha ,urugamba rwa RPF, amateka ya RPF, ni iki kiyagize ni ukuvuga ngo hari ibyo ungomba, ugomba kubimpa. Abantu bakoresha wenda uburyo butandukanye ariko ni bimwe kumpa uburenganzira bwanjye ntabwo ari ibyo ngomba kugusaba nkapfukama.Oya.!”
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kumpa uburenganzira bwanjye si ibyo ngomba kugusaba mpfukamye- Perezida Kagame
19 December 2025, by Brenda MIZERO -
Abasirikare b’u Rwanda bari muri Sudani y’Epfo bambitswe imidali y’ishimwe
23 October 2025, by Brenda MIZEROIngabo z’u Rwanda (RWANBATT-3 na RAU- 13) ziri mu butumwa bwo kubangabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS) zambitswe imidali y’ishimwe y’Umuryango w’Abibumbye, zishimirwa ibikorwa by’indashyikirwa zikora muri ubu butumwa.
-
Abavuye mu mashyamba ya RDC bihaye umukoro nyuma y’inkunga bahawe na Leta y’u Rwanda
23 February 2023, by Dusingizimana RemyAbarangije amasomo mu kigo cya mutobo gihugurirwamo abahoze ari abasirikare mbere y’uko basubizwa mu buzima busanzwe bavuze ko bagiye kwitwara neza ku isoko ry’umurimo nyuma yo guhabwa ibikoresho na Guverinoma y’u Rwanda.
Kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Gashyantare 2023 nibwo Leta y’u Rwanda yahaye abasaga 500 bize mu cyiciro cya 67 cy’abahoze ari abasirikare baturutse muri RDC ibikoresho byo kubafasha mu myuga bigiye muri iki kigo cya Mutobo.
Iki kigo kirimo amashami y’imyuga 7 arimo (…) -
Perezida Kagame yatemberejwe ikibuga cy’ indege muri Qatar
17 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame asoza uruzinduko rw’iminsi ibiri y’akazi yakoreraga mu Murwa mukuru wa Qatar, Doha, yatemberejwe ku kibuga cy’indege kitiriwe Hamad, kizwi nka Hamad International Airport.
-
Perezida Kagame yunamiye intwari z’igihugu anashyira indabo ku gicumbi cyazo (Amafoto)
1 February 2018, by Nsanzimana ErnestKuri 1 Gashyantare 2018, ubwo Abanyarwanda bizihizaga umunsi wo kuzirikana ibigwi by’ intwari z’ u Rwanda Perezida Paul Kagame yunamiye intwari z’igihugu anashyira indabo ku gicumbi cyazo giherereye mu Mujyi wa Kigali i Remera mu gihe hibukwa ku nshuro ya 24 ibigwi byazo.
Intwari ziruhukiye muri iki gicumbi zirimo Gen. Maj Fred Gisa Rwigema n’umusirikare Utazwi bari mu cyiciro cy’Intwari z’Imanzi.
Harimo Umwami Mutara III Rudahigwa, Rwagasana Michel, Uwiringiyimana Agathe, Niyitegeka (…) -
Ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa ni icyorezo cyugarije Isi - António Guterres
25 November 2025, by Brenda MIZEROUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres, yavuze ko ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa ari icyorezo cyugarije Isi, gitizwa umurindi n’ikoranabuhanga rigezweho.
-
Barafinda Sekikubo Fred ngo azashyira Perezidansi muri buri ntara naba Perezida
29 May 2024, by Dusingizimana RemyBarafinda Sekikubo Fred yavuze impamvu yatumye yongeye gushaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda ari uko afite ibintu 200 ashaka gukorera abanyarwanda biri muri Manifesto yateguye.
-
U Rwanda rwamaganye imyitwarire ya leta ya RDC ndetse rusubiza Amerika
19 February 2024, by Dusingizimana RemyU Rwanda rwagaragaje ko rutewe impungenge no kuba Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gutesha agaciro amasezerano ya Luanda na Nairobi mu gukemura ibibazo by’umutekano muri icyo gihugu.
-
Intumwa z’u Rwanda na Uganda zahuriye mu nama ya 3 yo kureba gahunda y’ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yo muri Angola
14 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu taliki ya 14 Gashyantare 2020 mu biro bya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’ubutwererane mu Rwanda harabera inama ya 3 y’intumwa z’u Rwanda na Uganda ndetse n’abahuza barimo Angola na RDC igamije kugarura umubano mwiza hagati y’u Rwanda na Uganda umaze iminsi warajemo agatotsi.
-
Rusizi: Umugabo aravugwaho gukosha umukobwa we inshuro ebyiri nka Rusisibiranya
22 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmugabo wo mu karere ka Rusizi witwa Nyabyenda Paulin aravugwago kuba yarakosheje umukobwa we Rosine inshuro ebyiri we akabihakana akavuga ko yatekewe umutwe.
Nk’ uko bigaragazwa n’ inyandiko, tariki 14 Mata 2016 nibwo Mbarimombazi Theogene yakoye umukobwa wa Nyabyenda witwa Rosine.
Umukwe wa Nyabyenda yohereje abasaza kwa sebukwe bajya gufata irembo nk’ ibisanzwe. Gusa ngo yaje kumenya ko hari undi musore wakoye uyu mukobwa ndetse bafitanye ubukwe umwaka utaha muri 2018.
Mbarimombazi (…)
Umuryango.rw
Kumpa uburenganzira bwanjye si ibyo ngomba kugusaba mpfukamye- Perezida Kagame
Abasirikare b’u Rwanda bari muri Sudani y’Epfo bambitswe imidali y’ishimwe
Abavuye mu mashyamba ya RDC bihaye umukoro nyuma y’inkunga bahawe na Leta y’u Rwanda
Ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa ni icyorezo cyugarije Isi - António Guterres
Barafinda Sekikubo Fred ngo azashyira Perezidansi muri buri ntara naba Perezida
U Rwanda rwamaganye imyitwarire ya leta ya RDC ndetse rusubiza Amerika