Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki ya 04 Ukuboza 2017 nibwo Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abakozi bakora mu biro by’Umukuru w’Igihugu ‘Village Urugwiro’.
Amafoto ari ku rukuta rwa Twitter, Village Urugwiro agaragaza Paul Kagame ari kumwe na Madamu bafashe ifoto y’urubwitso n’abakora muri Presidanse.
Ni nyuma y’iminsi ibiri Perezida wa Repubulika na Madamu we Jeannette Kagame bakiriye muri Village Urugwiro abana bahagarariye abandi bagera kuri 200 mu rwego (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
P.Kagame na Madamu bakiriye itsinda rigari ry’abakora muri Village urugwiro
5 December 2017, by Iyamuremye Janvier -
Perezida Kagame yasabye Minisitiri w’Intebe guhagarika ingendo zidashira z’abayobozi mu mahanga
20 December 2025, by Brenda MIZEROPerezida Kagame yasabye Minisitiri w’Intebe ko ingendo zo mu mahanga za hato na hato z’abayobozi muri Guverinoma zihagararara, kuko zituma batita ku bibazo by’abaturage kandi aribyo bashinzwe mbere na mbere.
-
Paris:Urukiko rwategetse ko Kabuga Felicien yohererezwa urukiko rw’I Arusha
30 September 2020, by Dusingizimana RemyUrukiko rusesa imanza mu Bufaransa rwanze ikirego cya Félicien Kabuga gisaba gutesha agaciro icyemezo cy’izindi nkiko zategetse ko yohererezwa urukiko mpuzamahanga rwa ONU i Arusha.
-
Perezida Kagame yijeje kubaza inshingano abayobozi batazubahiriza
5 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ku bayobozi batubahiriza inshingano mu gihe baba bahawe ibyangombwa byose bityo ko utazubahirije agomba kubibazwa byaba ngombwa akabyishyura.
-
Ibicuruzwa byo mu Burundi na Congo-Kinshasa byemerewe kuzanwa mu Rwanda
3 June 2019, by Martin MunezeroAbayobozi b’inzego z’ibanze z’ibi bihugu bahuriye mu nama ibera i Kigali, bakaba biga ku buryo bakorohereza abaturage baturiye imipaka kugenderana bagiye gucuruza no kwiga (hari abanyeshuri biga mu bihugu by’abaturanyi).
-
Umwongereza kabuhariwe mu kubaga umutima agiye gufatanya n’ u Rwanda kubaka ikigo kivura umutima
2 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamisiri w’ Umwongereza umaze kubaga abarwayi b’ umutima barenga 20 000 wananditse ibitabo bitandukanye ku ndwara y’ umutima agiye gufatanya n’ u Rwanda kubaka mu bitaro bya Gisirikare by’ u Rwanda I Kanombe ikigo cy’ ikitekererezo mu kuvura indwara z’ umutima zihitana abarenga ibihumbi 600 buri mwaka ku isi.
-
Alain Mukuralinda yatunze urutoki abategura Amavubi nyuma yo gutsindwa na Mozambique
19 June 2023, by Joseph IradukundaUmuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda yibukije abo bireba ko nta yindi nzira ya bugufi iba mu mupira w’amaguru uretse guhera mu bakiri bato kandi bakitabwaho uko bikwiye.
Kuri iki Cyumweru ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru, Amavubi, ni bwo yatsinzwe umukino w’umunsi wa Gatanu wo gushaka itike yo kujya mu gikombe cya Afurika cya 2024.
Uyu mukino wabereye kuri Stade mpuzamahanga ya Huye, Amavubi yatsinzwe na Mozambique ibitego 2-0 binatuma amahirwe (…) -
Abasirikare n’intwaro, imari n’ubutaka: Igihombo cya RDC mu rugamba ihanganyemo na AFC/M23
9 July 2025, by ISIMBI EstellaMu mpera za 2021, umutwe witwaje intwaro wa M23 wari umaze imyaka umunani usinziriye wongeye kugaragara mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubyukana imbaraga zidasanzwe. Byihuse cyane, wambuye ingabo z’iki gihugu uduce dutandukanye two muri Rutshuru turimo umusozi wa Chanzu na Runyoni, uhashinga ibirindiro ubutavanwa mu byimbo.
-
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare basaga 600 barimo ba ’Brigadier General’
1 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare basaga 600 barimo babiri bavuye ku ipeti rya Colonel bashyirwa ku rya Brigadier General naho 14 bashyirwa ku ipeti rya Colonel.
-
Museveni yasinye itegeko ryemerera inkiko za gisirikare kuburanisha abasivili
17 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Yoweri Museveni wa Uganda yashyize umukono ku itegeko ryemerera inkiko za gisirikare kuburanisha abasivili mu gihe ibyaha bakurikiranyweho bifitanye isano n’umutekano.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yasabye Minisitiri w’Intebe guhagarika ingendo zidashira z’abayobozi mu mahanga
Paris:Urukiko rwategetse ko Kabuga Felicien yohererezwa urukiko rw’I Arusha
Perezida Kagame yijeje kubaza inshingano abayobozi batazubahiriza
Umwongereza kabuhariwe mu kubaga umutima agiye gufatanya n’ u Rwanda kubaka ikigo kivura umutima
Alain Mukuralinda yatunze urutoki abategura Amavubi nyuma yo gutsindwa na Mozambique
Abasirikare n’intwaro, imari n’ubutaka: Igihombo cya RDC mu rugamba ihanganyemo na AFC/M23
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare basaga 600 barimo ba ’Brigadier General’
Museveni yasinye itegeko ryemerera inkiko za gisirikare kuburanisha abasivili