Minisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Ngirente yatangaje gahunda zitandukanye u Rwanda rufite mu rwego rwo kubungabunga imihanda harimo na gahunda yo kubaka imihanda mishya ya kaburimbo ireshya na km 394.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Leta y’ u Rwanda igiye kubaka imihanda mishya ya kaburimbo irimo uwa km 123
4 December 2018, by Nsanzimana Ernest -
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yafunguye ku mugaragararo inzu yitezweho gufasha Leta kugera ku ntego yo kugabanya ubushomeri
26 April 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yafunguye ku mugaragaro inyubako izahugurirwamo abigisha mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro avuga ko iyi nyubako n’ ibikoresho birimo ari ingenzi cyane kugira ngo u Rwanda rubone urubyiruko rufite ubumenyi bukenewe ngo rube igihugu gifite ubukungu bushingiye ku bumenyi.
-
Ni iki gishobora kuva i Bujumbura mu nama irahuriramo Perezida Kagame na Tshisekedi?
4 February 2023, by Dusingizimana RemyAbakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Africa y’iburasirazuba (EAC) uyu munsi barateranira i Bujumbura biga uko ibintu byifashe mu burasirazuba bwa DR Congo, nk’uko bitangazwa n’uwo muryango w’ibihugu.
Ni nyuma y’imirwano ikaze imaze iminsi itanu hagati y’ingabo za leta n’umutwe wa M23 mu karere ka Masisi, ibintu kandi byarushijeho kumera nabi ku baturage ibihumbi bahunga ingo zabo, n’abasenyerwa kubera iyi mirwano.
Umwuka warushijeho kuba mubi hagati y’ubutegetsi bwa RDC n’ubw’u Rwanda (…) -
“Dushake umwanya wo kuganira ku burere bw’abana” J. Kagame
11 October 2017, by Nsanzimana ErnestJeannette Kagame umufasha wa Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ababyeyi gushaka umwanya wo kuganira n’ abana no kuba ibyangombwa byose nkenerwa kugira ngo bakure bakure bafite uburere n’ ubumenyi.
Ubu butumwa yabutanze kuri uyu wa 11 Ukwakira 2017, ubwo mu karere ka Kirehe hatangizwaga icyumweru cyahariwe ubukangurambaga ku miyoborere n’imibereho myiza mu muryango.
Madamu Jeannette Kagame yavuze ko u Rwanda abanyarwanda bifuza ari urufite impinduka zigaragara, zihera ku muntu, (…) -
Perezida Kagame yageze i Riga muri Latvia, mu ruzinduko rw’iminsi 3
1 October 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Kabiri, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yageze i Riga muri Latvia, mu ruzinduko rw’akazi rwa mbere agiriye muri icyo gihugu, ndetse akaba na Perezida wa mbere w’Afurika ugisuye.
-
P.Kagame yashimye akazi ntagereranywa gakorwa n’ingabo z’igihugu, RDF
26 December 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame yageneye ubutumwa Ingabo z’u Rwanda, RDF muri iyi minsi mikuru isoza umwaka wa 2017.
Umukuru w’igihugu yashimye byimazeyo ingabo z’igihugu ku ruhare rukomeye bakomeje kugaragaza mu kubungabunga umutekano w’igihugu n’Abanyarwanda.
Mu butumwa bwe buri ku rubuga rwa Minisiteri y’ingabo bwashyizweho kuri uyu wa 26 Ukuboza 2017 ,Paul Kagame yatangiye yifuriza ingabo z’igihugu iminsi mikuru myiza (…) -
Ibibazo biri hagati y’Ubuganda n’u Rwanda birenze intambara y’amagambo: Amb Nduhungirehe
12 March 2019, by UbwanditsiMu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye uyu munsi Minisitiri wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe yabwiye abanyamukuru ko ibibazo biri hagati y’u Rwanda na Uganda bikomeye cyane bitafatwa nk’intambara y’amagambo isanzwe.
-
Urayeneza uhagarariye Ibitaro na kaminuza bya Gitwe yatawe muri yombi we n’abandi bantu7
15 June 2020, by Dusingizimana RemyUrayeneza Gérard uhagarariye ibitaro na Kaminuza y’abadivantisiti bya Gitwe mu mategeko we n’abantu 7 batawe muri yombi bakekwaho kuzimiza cyangwa gutesha agaciro ibimenyetso cyangwa amakuru ku byerekeye Jenoside.
-
Messi yaciye agahigo katumye Pele amwandikira ubutumwa bukora ku mutima
20 December 2020, by Dusingizimana RemyKizigenza Lionel Messi yaraye atsinze igitego cyatumye anganya agahigo ko gutsinda ibitego byinshi mu ikipe imwe n’uwahoze ari umukinyi kabuhariwe wa Brezil Pele [643].
-
AFC/M23 yemeje ko yabohoye Umujyi wa Uvira, isaba abahunze gutahuka
10 December 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Ihuriro AFC/M23 bwatangaje ko nyuma y’urugamba rwo guhagarika ubwicanyi n’imvugo z’urwango, kuri ubu abarwanyi b’uwo mutwe bamaze gufata Umujyi wa Uvira.
Umuryango.rw
Ni iki gishobora kuva i Bujumbura mu nama irahuriramo Perezida Kagame na Tshisekedi?
Perezida Kagame yageze i Riga muri Latvia, mu ruzinduko rw’iminsi 3
AFC/M23 yemeje ko yabohoye Umujyi wa Uvira, isaba abahunze gutahuka