Umujyanama wa Perezida Donald Trump mu bijyanye na Afurika, Massad Boulos, yagaragaje ko iki gihugu cyizeye ubushake bwa Perezida Paul Kagame, mu kwimakaza amahoro n’iterambere mu Karere k’Ibiyaga Bigari.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kagame agaragaza ubushake buganisha ku mahoro mu karere- Umujyanama wa Trump
2 November 2025, by Brenda MIZERO -
Myugariro mushya wa Arsenal yasuye u Rwanda [AMAFOTO]
14 December 2023, by Dusingizimana RemyMyugariro wa Arsenal n’ikipe y’Igihugu y’u Buholandi “Jurriën Timber” yageze mu Rwanda muri gahunda yo kurusura ya Visit Rwanda .
-
Uganda Cranes yongeye gutsinda Amavubi iyakura burundu mu gushaka itike y’igikombe cy’isi 2022
10 October 2021, by Dusingizimana RemyBidasubirwaho,ikipe y’u Rwanda yasezerewe burundu mu rugamba rwo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi 2022 nyuma yo kongera gutsindwa na Uganda igitego 1-0 kuri iki cyumweru.
U Rwanda rusezerewe mu majonjora y’igikombe cy’Isi 2022 kizabera muri Qatar mu gihe habura imikino 2 irimo uwa Mali i Kigali na Kenya i Nairobi.
Igitego cya Uganda cyabonetse muri uyu mukino wabaye kuri iki Cyumweru, cyinjijwe na Fahad Bayo ku munota wa 22, ku mupira wari uturutse muri koruneri ukurwaho nabi (…) -
Israel - Gaza: Igitero cy’indege cyakozwe ku nzu y’umukuru wa Hamas cyaguyemo abasaga 30
16 May 2021, by Dusingizimana RemyIgisirikare cya Israel kivuga ko cyateye ibibombe ku nzu y’umuyobozi w’umutwe w’Abanyapalestina "Hamas" mu rukurikirane rw’ibitero by’indege byakozwe mu karere ka Gaza.
-
Habaye impinduka mu bahuza bashya mu bibazo by’akarere
25 March 2025, by Joseph IradukundaAbakuru b’ibihugu byo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika y’Amajyepfo (SADC) bakoze impinduka mu bahuza bashya mu makimbirane yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’akarere muri rusange.
-
Perezida Kagame yasabye ikintu gikomeye ibihugu bya EAC
1 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yasabye abagize Inteko Ishingamategeko ya Afurika y’Iburasirazuba EALA kugira uruhare mu gushaka ishoramari rishyigikira imishinga ihuriweho yagiye idindira ndetse no kwishyira hamwe kw’ibihugu binyamuryango.
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 1 Ugushyingo 2022,Perezida Kagame yagejeje ijambo ku bagize Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA), abagize guverinoma n’abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda.
Yavuze ko abanyamuryango ba EAC bakwiriye (…) -
Imyaka ibaye itatu COVID 19 yadutse, Isi irazirikana imbaga yahitanywe n’icyo cyorezo
11 March 2023, by Joseph IradukundaUyu munsi nibwo isi yinjiye mu mwaka wa 3 ihanganye n’icyorezo Covid 19. n’imyaka yaranzwe n’ibihe bidasanzwe byabangamiye bikomeye ukwishyira ukizana bya muntu.
-
Perezida Kagame yahuye na mugenzi we Uhuru Kenyatta i Nairobi mu rugendo rw’isaha imwe
3 February 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika,Paul Kagame,yakiriwe na Perezida Kenyatta kuri uyu wa Kane, tariki 3 Gashyantare 2022.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byatangaje ku mbuga nkoranyambaga ko “Perezida Kagame uyu munsi yahuye na Perezida Kenyatta i Nairobi muri Kenya aho bagiranye ibiganiro ku mubano w’ibihugu byombi n’ibireba Akarere.”
Perezida Kagame yagize ati: “Nagize uruzinduko rugufi rw’akazi ariko rutanga umusaruro, aho nahuye na Perezida Uhuru Kenyatta i Nairobi muri iki (…) -
Umuhanzikazi Nyarwanda Princess Priscillah yashyize hanze ifoto avuga ko yarigiye gutuma avunika umugongo asaba abantu kuyibika muri Telefone zabo[AMAFOTO]
25 February 2019, by Martin MunezeroPriscillah ni umwe mu bahanzi nyarwanda basige bibera muri Leta zunze ubumwe za Amerika akaba aherutse guhsyira hanze ifoto yavuze ko yari igiye gutuma aturika umugongo.
-
Yanagurishije inzu ya Leta yari i Paris: Ubundi bujura bwa Ndagijimana wari Umudipolomate w’u Rwanda
13 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean-Damascène Bizimana, yavuze ko Ndagijimana Jean Marie Vianney wiyita umunyapolitiki uharanira uburenganzira bwa muntu, yibye amafaranga ya Leta anambura umukozi we wo mu rugo, none akaba yirirwa abeshya, apfobya anahakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umuryango.rw
Kagame agaragaza ubushake buganisha ku mahoro mu karere- Umujyanama wa Trump
Myugariro mushya wa Arsenal yasuye u Rwanda [AMAFOTO]
Uganda Cranes yongeye gutsinda Amavubi iyakura burundu mu gushaka itike y’igikombe cy’isi 2022
Habaye impinduka mu bahuza bashya mu bibazo by’akarere
Perezida Kagame yasabye ikintu gikomeye ibihugu bya EAC
Imyaka ibaye itatu COVID 19 yadutse, Isi irazirikana imbaga yahitanywe n’icyo cyorezo
Perezida Kagame yahuye na mugenzi we Uhuru Kenyatta i Nairobi mu rugendo rw’isaha imwe
Yanagurishije inzu ya Leta yari i Paris: Ubundi bujura bwa Ndagijimana wari Umudipolomate w’u Rwanda