Ukraine yise “icengezamatwara” ibivugwa n’Uburusiya ko bwishe ingabo amagana za Ukraine mu bitero bya misile ahantu hamwe.
Moscow - iterakanye ibihamya - yavuze ko “igitero cya misile” mu mujyi w’iburasirazuba wa Kramatorsk cyishe abasirikare barenga 600 ba Ukraine.
Ivuga ko byari ukwihorera ku gitero cya Ukraine ku kigo cya gisirikare cy’ingabo z’uburusiya cyaguyemo ababarirwa muri za mirongo mu ijoro rishyira umwaka mushya.
Gusa igisirikare cya Ukraine kiravuga ko ibyo atari ukuri. (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ukraine yanyomoje Uburusiya bwigambye kwica abasirikare 600 bayo
9 January 2023, by Dusingizimana Remy -
Kayonza:Icyuzi cya Ruramira kiri hafi gukamishwa kugira ngo hashakishwe imibiri y’abazize Jenoside yajugunywemo [AMAFOTO]
31 March 2020, by Dusingizimana RemyIcyuzi cya Ruramira giherereye mu murenge wa Ruramira mu Karere ka Kayonza,mu minsi itatu kiraba cyakamijwe kugira ngo hashakishwe imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yajugunywemo.
-
Perezida Kagame yahishuye icyasubije inyuma umugabane w’Afurika
13 October 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yatangaje nta muntu n’umwe wigeze asubiza umugabane wa Afurika inyuma usibye abawutuye bemeye kubana nabyo.
Ibi umukuru w’igihugu yabigarutseho mu muhango wo gutangiza inama ya YouthConnekt,yahurije hamwe urubyiruko rusaga 9000 rwo hirya no hino ku isi.
Ati "Nta muntu wasubije inyuma Abanyafurika usibye twe ubwacu. Icyo ni ikintu dukwiriye kwemera niba dushaka kukirwanya."
Yavuze kandi ko Afurika atari umugabane w’ibibazo kuko ibibazo biba ahantu hose ku isi.Ati (…) -
Rayon Sports yasezerewe muri CAF Champions League idatsinzwe
25 August 2019, by Dusingizimana RemyIgitego Rayon Sports yatsindiwe I Kigali na Nazar Hamid Nassir mu mukino ubanza w’ijonjora ryo gushaka itike yo kwerekeza mu matsinda ya CAF Champions League kibaye intandaro yo gusezererwa rugikubita kuko yanganyirije muri Sudani 0-0 na Al Hilal mu gihe mu mukino ubanza byabaye igitego 1-1.
-
U Rwanda rwashimangiye kudakuraho ubwirinzi ku mipaka,na gihamya y’ibinyoma bya Ramaphosa
31 January 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri Nduhungirehe yabigaragaje kuri uyu wa 30 Mutarama 2025 mu kiganiro Face The Nation gitegurwa n’Umunyamakuru Clement Manyathela, kikanyura kuri Televiziyo ya SABC News yo muri Afurika y’Epfo.
-
APR FC yirukanye Ishimwe Kevin kubera gutuka umutoza we
29 October 2020, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bwa APR FC,bwatangaje ko bwirukanye Rutahizamu w’ikipe ya APR FC,Ishimwe Kevin mu mwiherero w’iyi kipe kubera imyitwarire mibi yamugaragayeho mu myitozo y’iyi kipe.
-
"Uyu munsi turi gihugu cyahindutse mu mutima, mu bitekerezo no ku mubiri"-Perezida Kagame
24 June 2022, by Dusingizimana RemyUbwo yatangizaga ku mugaragaro inama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Commonwealth,Perezida Kagame yavuze ko nubwo u Rwanda rwashegeshwe na Jenoside mu myaka 28 ishize ariko ubu cyahindutse mu buryo bwose.
Mu ijambo ry’ikaze,Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rw’ubu rutandukanye cyane n’urwo mu myaka ikabakaba 30 ndetse abakiruvuga uko rutari bavuga igihugu kitagihari.
Perezida Kagame yagize ati "U Rwanda ni Igihugu cyashenywe n’amacakubiri na Jenoside mu myaka isaga 28 ishize. (…) -
Anita Pendo yagize icyo abwira ba bakobwa biyamamaje mu ntara 3 zitandukanye muri Miss Rwanda baswata[AMAFOTO]
26 December 2018, by Martin MunezeroNi mu gihe hari kuba igikorwa cyo gutora Nyampinga w’u Rwanda 2019 aho ubu Intara zose zimaze kuzengurukwa hagaragara abakobwa bazihagarariye , ariko Abakobwa batatu bitabiriye ijonjora ryo muri Miss Rwanda 2019 bananiwe gukomeza mu kindi cyiciro nyuma yo kugenda bahatana mu zindi Ntara ntibibahire.
-
RIB yarangije iperereza yakoraga kuri Evode Uwizeyimana washinjwe gukubita umugore
12 February 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha ruratangaza ko iperereza ku bikekwaho Evode Uwizeyimana uherutse kwegura muri guverinoma ryarangiye.
Kuwa kane w’icyumweru gishize, Bwana Uwizeyimana yashyikirije minisitiri w’intebe kwegura kwe ku mwanya w’umunyamabanga wa leta ushinzwe itegeko nshinga n’andi mategeko.
Hari hashize iminsi micye asabye imbabazi kuri Twitter nyuma yo kunengwa n’uwamubonye asunika agatura hasi umukozi ushinzwe umutekano ku nyubako y’ubucuruzi muri Kigali.
Mu cyumweru (…) -
Ubutumwa Madamu Jeanette Kagame yatanze mu masengesho ngarukakwezi yo gusabira igihugu[AMAFOTO]
11 August 2019, by Martin MunezeroMadame Jeannette Kagame yashimiye abitabiriye amasengesho ngarukakwezi yo gusabira igihugu, barimo abayobozi muri Guverinoma, mu Nteko Ishinga Amategeko, mu bikorera no mu banyamadini n’amatorero, n’abandi baturutse hirya no hino mu Rwanda no mu mahanga.
Umuryango.rw
Ukraine yanyomoje Uburusiya bwigambye kwica abasirikare 600 bayo
Perezida Kagame yahishuye icyasubije inyuma umugabane w’Afurika
U Rwanda rwashimangiye kudakuraho ubwirinzi ku mipaka,na gihamya y’ibinyoma bya Ramaphosa
"Uyu munsi turi gihugu cyahindutse mu mutima, mu bitekerezo no ku mubiri"-Perezida Kagame