Minisitiri w’ Uburezi Dr Eugene Mutimura yasubije byeruye ikibazo cy’ abanyeshuri bize isomo rya Microlobiologie muri Kaminuza bagera hanze bagasanga ibyo bize ntaho biba ku mbonerahamwe y’ imyanya y’ imirimo mu Rwanda ababwira ko ushaka kuba umuganga agomba kongera agatangirira mu mwaka wa mbere wa kaminuza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri Mutimura yeruriye abize MICROBIOLOGIE ko ‘gukora mu buvuzi kwabo biri kure’
25 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
Donald Trump yashinje Joe Biden umaze ukwezi kumwe ku butegetsi gusubiza inyuma Amerika
1 March 2021, by Dusingizimana RemyDonald Trump yatangaje ko nta migambi afite yo gushinga ishyaka ryishya kuko ngo byacamo ibice abarepubulikani, nk’uko yabibwiye igiterane cy’abo muri iri shyaka i Florida.
-
"Abanyarwanda ntibagomba gutsindwa n’ikimenyane na munyangire" - Madamu Jeannette Kagame
30 October 2023, by Dusingizimana RemyMu ihuriro rya 16 ry’Umuryango Unity Club Intwararumuri abereye umuyobozi, Madamu Jeannette Kagame yavuze ko Abanyarwanda badakwiye gutsindwa n’ingeso mbi zirimo ikimenyane, gushaka indonke, munyangire n’itonesha.
-
Mozambike: Ingabo z’u Rwanda zavumbuye intwaro nyinshi zari zarahishwe n’ibyihebe [AMAFOTO]
17 October 2022, by Dusingizimana RemyIngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kurwanya Iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado yo muri Mozambique, zavumbuye ububiko bw’Intwaro, ibiturika n’amasasu byari byarahishwe n’ibyihebe byo mu mutwe wa Ansar Al Sunna mu gace ka Mbau, gaherereye mu Majyepfo y’uburasirazubwa bwa Mocimboa da Praia ahahoze ibirindiro bikomeye by’ibi byihebe mbere y’uko bihatsimburwa n’ingabo z’u Rwanda mu mwaka wa 2021.
Ku ya 15 Ukwakira 2022, nibwo abashinzwe umutekano b’u Rwanda bavumbuye ububiko bw’intwaro (…) -
UNESCO yashyize Ikinyarwanda mu ndimi zizacika burundu mu Isi niba nta gikozwe
3 February 2018, by Nsanzimana ErnestRaporo y’ishami rya Loni rishinzwe uburezi, ubumenyi n’umuco (Nations Educational, Scientific and Cultural Organisation-UNESCO) ritangaza ko indimi zirimo n’ Ikinyarwanda usanga zitarimo kwandikamo muri iyi minsi ku buryo ngo ziri mu zizazimira mu mpera z’iki kinyejana niba ntagikozwe. Ni mu gihe Ikinyarwanda kivugwa n’abantu basaga miliyoni 40 ku Isi.
Indimi zisaga ibihumbi 6 zo ku Isi ziri mu marembera [yo kuzimira] mu mpera z’iki kinyejana cya 21. Abanyarwanda barasabwa gukora (…) -
Dr.Frank Habineza yahishuye igisubizo gitangaje yahawe n’abadepite bagenzi be ubwo yasabaga ko umusoro w’ubutaka ugabanywa
23 December 2020, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda akaba n’umudepite mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda Dr, Frank Habineza yavuze ko yasabye ko umusoro ku mutungo utimukanwa by’umwihariko ubutaka bagenzi be bakorana bamutegeka gushaka ahandi iyo misoro izaturuka niramuka igabanyijwe.
-
USA: Haribazwa niba n’intumwa zizajya muri Convention y’Abademokarate zizashyigikira Kamala
23 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIPerezida Joe Biden yasezeye mu matora y’umukuru w’igihugu yo muri uyu mwaka. We n’abandi bakomeye mw’ishyaka rye bashyigikiye ko Visi-Perezida Kamala Harris amusimbura nka kandida nimero ya mbere ariko haracyibazwa niba azemezwa burundu n’iri shyaka muri convention yo muri Kanama nk’uko biteganywa.
-
M23 ’yinjiye’ mu mujyi w’amateka wa Kamanyola
19 February 2025, by Joseph IradukundaAbarwanyi ba M23 binjiye mu mujyi muto wa Kamanyola uri ku mupaka wa DR Congo, u Burundi n’u Rwanda mu ijoro ryo ku wa kabiri, nk’uko abahatuye babivuga.
-
Hatangajwe igihe filime ivuga ku butwari bw’ingabo 600 za FPR Inkotanyi zari muri CND izagira hanze
22 June 2019, by Martin MunezeroU Rwanda ruri kwizihiza imyaka 25 ishize rubohowe, umunsi nyirizina ukazizihizwa tariki ya 4 Nyakanga uyu mwaka.
-
BNR igiye gukura ku isoko zimwe mu noti zishaje
25 March, by ISIMBI EstellaBanki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko inoti zimwe zishaje z’amafaranga y’u Rwanda zizahagarikwa gukoreshwa nk’amafaranga yemewe mu gihugu mu gihe cy’amezi 12 ari imbere.
Umuryango.rw
"Abanyarwanda ntibagomba gutsindwa n’ikimenyane na munyangire" - Madamu Jeannette Kagame
Mozambike: Ingabo z’u Rwanda zavumbuye intwaro nyinshi zari zarahishwe n’ibyihebe [AMAFOTO]
USA: Haribazwa niba n’intumwa zizajya muri Convention y’Abademokarate zizashyigikira Kamala
M23 ’yinjiye’ mu mujyi w’amateka wa Kamanyola
BNR igiye gukura ku isoko zimwe mu noti zishaje