Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame Kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Kamena 2018 yatangije mu Rwanda ku mugaragaro uruganda rwa Volkswagen rusanzwe rukorera mu gihugu cy’u Budage, avuga ko ari inkuru nziza kuri Afurika kandi ko bizatuma hakurwaho imyumvire y’uko muri uyu mugabane ari ho hatabwa ibyakoreshejwe n’abandi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yatangije ibikorwa by’ uruganda rukora imodoka
27 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
Amasezerano y’isoko rusange rya COMESA, SADC na EAC yatangiye gushyirwa mu bikorwa
26 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIAmasezerano yo gufungura isoko ry’ubucuruzi hagati y’ibihugu bigize imiryango ya COMESA, SADC na EAC yatangiye gushyirwa mu bikorwa kuri uyu wa Kane, itariki 25 Nyakanga 2024 nk’uko byatangajwe nuyu Muryango.
-
NEC yashimangiye intsinzi ya Perezida Kagame na RPF
18 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIKomisiyo y’Igihugu y’amatora kuri uyu wa Wakane tariki ya 18 yashimangiye ko Perezida Paul Kagame ari we wegukanye intsinzi mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye mu ntangiriro z’iki cyumweru, ubwo yatangazaga by’agateganyo iby’ayavuyemo.
Amajwi y’agateganyo arerekana ko Kagame yagize amajwi 99.18%, ibisobanura ko amajwi ye yiyongereyeho 0.03% ugereranyije n’amajwi y’ibanze yari yatangajwe ku wa Mbere w’iki cyumweru.
Dr. Frank Habineza wa Democratic Green Party of Rwanda yagize 0.50% mu (…) -
M23 yafashe Bukavu
16 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu rwego rwa gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, yaciye amarenga y’ifatwa ry’umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Abatuye muri Gitega basabwe kuzahagarara ku muhanda bakunamira Perezida Nkurunziza
24 June 2020, by Martin MunezeroGuverinoma y’u Burundi yasohoye itangazo rikubiyemo gahunda izakurikizwa mu muhango wo gushyingura uwahoze ari Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza, uteganyijwe ku wa Gatanu tariki 26 Kamena 2020.
-
Perezida Kagame yatangaje ikintu gisekeje cyahungabanyije perezida Museveni
2 April 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangaje ko Perezida Museveni yahungabanyijwe n’itorero ry’urubyiruko rw’abanyeshuri b’Abanyarwanda baba mu mahanga ribera mu Rwanda,avuga ko ari umutwe u Rwanda ruri gutoza kugira ngo uzatere Uganda.
-
Sadate ntiyicuza kubwira Abarundi n’Abanye-Congo ko bazisanga boza imihanda n’ubwiherero by’Abanyarwanda
16 October 2025, by Brenda MIZEROUmushoramari Munyakazi Sadate aherutse gutangaza ko Abanyarwanda bakwiriye gukora cyane kugira ngo bakire, ku buryo mu myaka iri imbere bazajya batanga akazi ko gukubura imihanda yo mu Rwanda no koza ubwiherero ku Barundi n’Abanye-Congo.
-
"Ibi bihe turimo bidasanzwe ntibishobora kutubuza kuzuza inshingano yo kwibuka-Perezida Kagame
7 April 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yavuze ko ibihe bibi u Rwanda n’isi yose bya coronavirus bitabuza Abanyarwanda kwibuka Abatutsi barenga miliyoni bazize jenoside yo mu mwaka wa 1994 yabaye isi yose irebera.
-
Camarade wa FERWAFA yajuririye icyemezo kimufunga by’agateganyo
7 October 2025, by ISIMBI EstellaKalisa Adolphe wamenyekanye nka ‘Camarade’ wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, yajuririye icyemezo kimufunga iminsi 30 y’agateganyo.
-
Inteko ya Azerbaijani yemeje amasezerano n’u Rwanda mu by’ubwikorezi bwo mu kirere
16 December 2025, by Brenda MIZEROInteko Ishinga Amategeko ya Azerbaijani yemeje umushinga w’itegeko ujyanye n’amasezerano iki gihugu giherutse kugirana n’u Rwanda mu bijyanye n’ubwikorezi bwo mu kirere.
Umuryango.rw
Amasezerano y’isoko rusange rya COMESA, SADC na EAC yatangiye gushyirwa mu bikorwa
NEC yashimangiye intsinzi ya Perezida Kagame na RPF
M23 yafashe Bukavu
Abatuye muri Gitega basabwe kuzahagarara ku muhanda bakunamira Perezida Nkurunziza
Sadate ntiyicuza kubwira Abarundi n’Abanye-Congo ko bazisanga boza imihanda n’ubwiherero by’Abanyarwanda
"Ibi bihe turimo bidasanzwe ntibishobora kutubuza kuzuza inshingano yo kwibuka-Perezida Kagame
Camarade wa FERWAFA yajuririye icyemezo kimufunga by’agateganyo
Inteko ya Azerbaijani yemeje amasezerano n’u Rwanda mu by’ubwikorezi bwo mu kirere