Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yibukije Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ko nta bubasha ifite ku Rwanda ku buryo yaruha amabwiriza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri Nduhungirehe yibukije Inteko ya EU ko nta bubasha ifite ku Rwanda
29 January, by Brenda MIZERO -
Perezida Biden yemeye ko US yakoze amakosa mu masezerano ya AUKUS
30 October 2021, by Dusingizimana RemyPerezida w’Amerika Joe Biden yabwiye mugenzi we w’Ubufaransa Emmanuel Macron ko Amerika "itateguye neza" amasezerano ku mutekano hagati y’Ubwongereza, Amerika na Australia yatumye Ubufaransa butakaza za miliyari.
-
Perezida Kagame yakoze impinduka muri zimwe mu nzego za gisirikare
2 September 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ingabo w’Ikirenga, Paul Kagame, yahinduye bamwe mu bayobozi b’ingabo, aho Maj. Gen. Emmanuel Bayingana yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira mu kirere.
-
Rutsiro: Baratakamba kuko bameze nk’abigira munsi y’igiti
23 March 2023, by Sylvain NGOBOKAIshuri riherereye mu kagari ka Kabuga,Umurenge wa Mukura,muri Rutsiro, rifite inyubako ziteye inkeke kuko zisakajwe amategura ashaje ndetse nazo zikaba zishaje cyane .
Abarezi bavuga ko iyo bari mu ishuri haba hatabona kuko bakingisha inzugi zi’imbaho nazo zishaje bigatuma abana hatabona neza ku kibaho.
Sibomana Gerard yiga mu mwaka wa gatanu aganira na Umuryango .rw yagize ati"Iyo imvura iguye turanyagirwa aya mategura arava , niba koko dufite amahirwe angana natwe nibaduhe amashuri (…) -
Perezida wa Polonye yasabye ikintu gikomeye Urubyiruko rw’u Rwanda
7 February 2024, by Dusingizimana RemyPerezida wa Pologne Andrzej Sebastian Duda yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kubyaza umusaruro amahirwe y’uburezi ari mu gihugu cye aho yabashishikarije kujya kwiga amasomo ya gisirikare mu ma kaminuza yaho ari ku rwego rwo hejuru.
-
Umuyobozi Mukuru wa OMS yarokotse ibitero Israel yagabye muri Yemen
27 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru w’Ishami rya Loni ryita ku Buzima, OMS, Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus, yatangaje ko ibitero Israel yagabye ku Kibuga cy’Indege cya Sanaa cyo muri Yemen, byamusanze kuri icyo kibuga icyakora ntiyagira icyo aba.
-
Minisitiri Musafiri yasimbujwe nyuma y’ iminsi 5 hazamuwe ikibazo cy’ abarangiza kaminuza ntibibone mu bagomba gupiganira akazi
7 December 2017, by Nsanzimana ErnestNyuma y’ iminsi 5 abagize inteko ishinga amategeko babajije guverinoma y’ u Rwanda ikibazo cy’ abanyeshuri barangiza muri amwe mu masomo ya Kaminuza ntibibone mu bagomba gupiganira akazi, Perezida Kagame yasimbuje uwari Minisitiri w’uburezi Dr Papias Musafiri Malimba.
Tariki ya 1 Ukuboza 2017, ubwo Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yagezaga ku bagize inteko ishinga amategeko gahunda za guverinoma n’ uruhare rw’ uburezi mu iterambere ry’ igihugu nibwo abadepite babajije ikibazo cy’ (…) -
Ange Kagame na Bertrand bakoreye ukwezi kwa buki ’Honeymoon’ muri pariki ya Nyungwe
21 July 2019, by Martin MunezeroUbwo hari tariki ya 06 /Nyakanga /2019 ku Kimihurura muri IFAK saa yine za mu gitondo, habereye umuhango wo gusezerana imbere y’Imana hagati ya Ange Ingabire KAGAME na NDENGEYINGOMA Bertrand bijyanye n’ukwemera Gatolika, uwo muhango wayobowe na Musenyeri KAMBANDA Antoine.
-
Muri Bugesera Umugabo yapfiriye ku Kagali
12 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu biro by’akagali ka Bihari mu murenge wa Ruhuha aho ni mu karere ka Bugesera, Ubwo hari mu gitondo cyo kucyumweru tariki ya 11 Gicurasi 2025, hasanzwe umugabo bikekwa ko yiyahuye ariko abandi bakavuga ko yakubiswe n’Abanyerondo.
-
Bashaka n’ubwenegihugu: Imbamutima z’abahunze intambara ya Ukraine bahiriwe n’ubushabitsi mu Rwanda
23 January, by Brenda MIZEROIntambara iragatsindwa, ntabwo wayifuriza uwawe na cyane ko isenya aho kubaka. Ukraine ni igihugu cyari kiri mu bikize, Abanyafurika barabizi ku bijyanye n’ibinyampeke, ariko ubu iyo wanditse ‘Ukraine’ muri Google bakwereka amatongo inzu zasenyutse n’ibindi.
Umuryango.rw
Minisitiri Nduhungirehe yibukije Inteko ya EU ko nta bubasha ifite ku Rwanda
Perezida Biden yemeye ko US yakoze amakosa mu masezerano ya AUKUS
Rutsiro: Baratakamba kuko bameze nk’abigira munsi y’igiti
Perezida wa Polonye yasabye ikintu gikomeye Urubyiruko rw’u Rwanda
Umuyobozi Mukuru wa OMS yarokotse ibitero Israel yagabye muri Yemen
Muri Bugesera Umugabo yapfiriye ku Kagali
Bashaka n’ubwenegihugu: Imbamutima z’abahunze intambara ya Ukraine bahiriwe n’ubushabitsi mu Rwanda