Hatangajwe ko hagiye gushyirwaho gahunda ihamye yo gufasha abahanzi kubona inguzanyo ku nyungu ntoya mbere yo gutegura ibikorwa byabo, cyane cyane ibitaramo byo mu gihugu no hanze yacyo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Guverinoma y’u Rwanda mu nzira yo gushyira iherezo ku kibazo cy’abahanzi batakaga amikoro
26 September 2025, by Brenda MIZERO -
Umunyamabanga Mukuru wa CNDD-FDD ari kwivuriza i Dubai
5 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAUmunyamabanga Mukuru w’Ishyaka CNDD-FDD, Révérien Ndikuriyo, akomeje kwivuriza mu bitaro by’i Dubai, Umurwa mukuru wa Emirate ya Dubai. Yimuriweyo nyuma yo kuva muri bimwe mu bitaro byo mu murwa mukuru wa Kenya, Nairobi, Aga Khan Hospital.
-
Bamporiki yitabye urukiko ataha ataburanye
16 September 2022, by Joseph IradukundaUrukiko rukuru rwa Nyarugenge rufashe umwanzuro wo gusubika urubunza rwa Bamporiki Eduard, kubera impavu yarugaragarije yo kutagira umwunganira mu mategeko.
Kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 16 Nzeri 2022,nibwo Bamporiki Edouard uregwa ibyaha bifitanye isano na ruswa yitabye Urukiko, urubanza rwe rurasubikwa ku mpamvu z’uko yagaragaje ko nta mwunganizi afite.
Ubushinjacyaha bwasabye ko uru rubanza rwazasubukurwa tariki ya 21/9/2022.
Urukiko ruhaye ishingiro ubwo busabe.
Dosiye ya (…) -
Abafite imodoka zatwara abagenzi basabwe gutanga umusada mu gukemura ikibazo cy’ingendo I Kigali
27 July 2022, by Dusingizimana RemyBamwe mu bagenzi batega imodoka rusange mu Mujyi wa Kigali barinubira amasaha bamara bahagaze ku mirongo babuze imodoka. Urwego ngenzuramikorere RURA rukavuga ko iki kibazo rukizi kandi kirimo kwiganwa ubushishozi.
Mu masaha y’umugoroba hirya no hino mu Mujyi wa Kigali aho abagenzi bategerereza imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange hasigaye hari imirongo miremire y’abavuye mu kazi bategereje imodoka ziberekeza mu ngo zabo.
Aba bavuga ko bamara igihe kinini bategereje imodoka (…) -
Ibyo wamenya ku bayobozi bashya muri HEC, REB na NESA
18 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yagize Dr. Edward Kadozi, Umuyobozi Mukuru w’Inama Nkuru y’Amashuri Makuru (HEC) asimbuye Dr Rose Mukankomeje wari kuri uwo mwanya kuva mu 2019.
-
Ubushinjacyaha bwasabye polisi gukora iperereza kuri Niyibikora uherutse kwibasira abagore
9 February 2018, by Nsanzimana ErnestUbushinjacyaha bw’ u Rwanda bwatangaje ko bwasabye polisi y’ u Rwanda ishami rishinzwe ubugenzacyaha gukora iperereza ku muvugabutumwa Niyibikora Nicholas uherutse kwigisha ikigisho abenshi bafashe nko gusebya abagore.
Muri Mutarama uyu mwaka nibwo Niyibokora yatambukije iki kigisho kuri radio Ubuntu butangaje ikorera I Kigali mu Rwanda.
Iki kigisho cyumvikanamo amagambo nka “Umugore mwebwe muramuzi? Umugore afitanye urubanza n’ Imana”
Umushinjacyaha Mukuru Jean Bosco Mutangana, (…) -
Perezida Kagame yashimiye umuryango we wamwiyunzeho ukiyemeza gutanga Telefoni nyinshi muri gahunda ya #ConnectRwanda
24 December 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame yishimiye ko abagize umuryango we bose bishimiye umukoro wo gufasha nibura buri muryango wo mu Rwanda gutunga telefoni igezweho bakiyemeza nabo kubigiramo uruhare.
-
U Rwanda na Tanzania basinye amasezerano yo kubaka umuhanda wag are ya moshi
10 March 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda na Tanzania byiyemeje gutangira kubaka inzira ya gari ya moshi Isaka-Kigali mu kwezi k’Ukwakira k’uyu mwaka wa 2018.
Ku ruhande rw’u Rwanda, Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ibikorwaremezo ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, Jean de Dieu Uwihanganye niwe washyize umukono ku masezerano agena uburyo uwo muhanda uzubakwa.
Ku ruhande rwa Leta ya Tanzania, ayo masezerano yashyizweho umukono na Ministiri w’icyo gihugu ushinzwe ibikorwa, gutwara abantu n’ibintu ndetse n’Itumanaho, (…) -
Hatanzwe ikiruhuko ku minsi izaberaho amatora mu Rwanda
11 July 2024, by EmmyMinisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko tariki ya 15 n’iya 16 Nyakanga 2024, ari iminsi y’ibiruhuko mu korohereza Abanyarwanda kwitabira ibikorwa by’amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite.
-
Ibyaranze tariki ya 08 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi
8 April, by ISIMBI EstellaTariki ya 8/4 ni umunsi wa kabiri w’icyumweru cy’icyunamo. Abanyarwanda n’inshuti z’Urwanda turibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi, yahitanye abarenga miliyoni mu minsi 100 gusa. Mu rwego rwo gukomeza kuzirikana abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) ikomeje kubagezaho inyandiko zikubiyemo amateka y’uburyo Jenoside yakozwe umunsi ku wundi mu bice bitandukanye by’igihugu tariki ya 8 Mata 1994.
Umuryango.rw
Guverinoma y’u Rwanda mu nzira yo gushyira iherezo ku kibazo cy’abahanzi batakaga amikoro
Umunyamabanga Mukuru wa CNDD-FDD ari kwivuriza i Dubai
Bamporiki yitabye urukiko ataha ataburanye
Abafite imodoka zatwara abagenzi basabwe gutanga umusada mu gukemura ikibazo cy’ingendo I Kigali
Ibyo wamenya ku bayobozi bashya muri HEC, REB na NESA
Hatanzwe ikiruhuko ku minsi izaberaho amatora mu Rwanda
Ibyaranze tariki ya 08 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi