Guverinoma y’u Bubiligi yavuze ko yifuza ko Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yabahuza n’u Rwanda rwacyanye umubano n’u Bubiligi ku wa 17 Werurwe 2025.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Bubiligi burasaba Perezida Museveni kubwunga n’u Rwanda
27 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Icyo umurinzi wa Knowless na The Ben bavuga ku myitwarire y’abo
2 November 2017, by Iyamuremye Janvier– Abarinzi bavuga y’uko bafatwa nabi mu kazi kabo.
– Knowless ashimirwa nk’umuhanzikazi uzi akamaro k’ushinzwe umutekano.
– The Ben ngo kubera gutembera amahanga yasobanukiwe akamaro ka Body Guards.
– Emmanuel ngo n’ubwo Knowless yamuhamagara ari mu mahanga yaza bwangu. -
Minisitiri wa RDC yarahugiye mu gusabira u Rwanda ibihano bituma asiba inama
11 February 2025, by Joseph Iradukunda“Turavuga tuti: ‘Ibisubizo by’Abanyafurika ku bibazo by’Afurika?’ Ibyo ntibikora kuri Madamu Wagner [wa RDC]! Kuri we Ibisubizo ku bibazo bya RDC ni ibihano u Budage, u Bubiligi n’u Bwongereza bigomba gufatira u Rwanda…”
-
Polisi y’igihugu yavuze kuri Grenade yatewe mu mujyi wa Kamembe igakomeretsa abantu bane
20 October 2019, by Dusingizimana RemyPolice y’igihugu yasohoye itangazo rivuga ku bagizi ba nabi bateye Grenade mu mujyi wa Kamembe igakomeretsa abantu bane mu ijoro ryakeye.
-
U Rwanda rwongeye kuza imbere mu karere ka EAC mu kurwanya ruswa
23 January 2020, by Martin MunezeroRaporo nshya kuri ruswa yitwa ’Corruption Perceptions Index’ isohorwa n’umuryango mpuzamahanga wo kurwanya ruswa n’akarengane irerekana ko ibihugu byinshi byadohotse mu kurwanya ruswa, ibihugu bimwe mu karere byo byazamutse mu manota ariko biguma inyuma ku rutonde.
-
RDC: Biravugwa ko abashumba bafashe mpiri ingabo z’u Burundi zihagarariye EAC
16 April 2023, by Dusingizimana RemyNyuma yaho ingabo z’u Burundi ziri mu butumwa bw’Umuryango wa EAC mu burasirazuba bwa DRC zikozanyijeho n’abantu bitwaje intwaro muri teritwari ya Masisi bikitirirwa M23, hari amakuru yemeza ko izi ngabo zarasanye n’abashumba basanzwe batunze imbunda mu rwego rwo kwirindira umutekano.
Amakuru dukesha Rwanda Tribune nayo ivuga ko ikesha imboni yayo iri muri teritwari ya Masisi, avuga ko ku mugoroba wo kuwa 14 Mata 2023, Ingabo z‘u Burundi zisanzwe zigenzura agace ka Mushaki , zakiriye (…) -
Gen. Kabarebe ntashobora kuririmba[ICYABIMUTEYE]
12 January 2020, by Martin MunezeroUmujyanama wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda mu byerekeye igisirikare n’umutekano, Genaral James Kabarebe avuga ko ubu adashobora kuririmba kubera ko yagize umwarimu mubi cyane akabimwangisha. Asaba abarimu gukunda abo bigisha no kuba inshuti zabo mu buzima bwose.
-
Amerika yafatiye ibihano abagize umutwe AFC/M23
26 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTILeta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Corneille Nangaa ukuriye ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ririmo umutwe wa M23 n’abandi bagize uyu mutwe .
Ku wa kane ibiro bishinzwe kugenzura imitungo yo hanze muri minisiteri y’imari ya Amerika byatangaje ko leta ya Amerika ifatiye ibihano abakuru batatu b’imitwe yitwaje intwaro mu burasirazuba bwa Congo.
Abo ni Corneille Nangaa ukuriye AFC, Bertrand Bisimwa ukuriye ishami rya politike rya M23, na Colonel Charles Sematama umwe mu bakuru (…) -
Perezida Kagame yateguje abagambiriye guhungabanya umutekano kubona isomo
31 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Paul Kagame yibukije abagambirira guhungabanya umutekano w’u Rwanda n’Abanyarwanda ko batazabigeraho kuko hari ubushobozi bwo kubakumira.
-
“Dufite ubwitange nta kintu cyaduhagarara imbere”-Minisitiri Rosemary Mbabazi
6 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Urubyiruko n’umuco yakanguriye Abanyarwanda kurushaho kuba abakorerabushake kuko ari umuco mwiza wafasha u Rwanda gukomeza gutera imbere ndetse rugatsinda icyorezo cya Covid-19 n’ingaruka cyateye zose.
Umuryango.rw
U Bubiligi burasaba Perezida Museveni kubwunga n’u Rwanda
Minisitiri wa RDC yarahugiye mu gusabira u Rwanda ibihano bituma asiba inama
RDC: Biravugwa ko abashumba bafashe mpiri ingabo z’u Burundi zihagarariye EAC
Amerika yafatiye ibihano abagize umutwe AFC/M23
Perezida Kagame yateguje abagambiriye guhungabanya umutekano kubona isomo