Ingabire yakoze mu itangazamakuru mu Rwanda, yabaye umwe mu bakuriye ihuriro ry’abanyamakuru mu Rwanda (Association Rwandaise des Jounalistes, ARJ) aba no , mu muryango w’abanyamakuru b’abagore mu Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ingabire Marie Immaculée: Umunyamakuru waje kuba ’impirimbanyi yo kurwanya ruswa’
9 October 2025, by ISIMBI Estella -
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Samia Suluhu wa Tanzania
27 April 2023, by Dusingizimana RemyPerezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yakiriye Perezida Kagame uri muri iki gihugu mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yageze mu gihugu cya Tanzania ahagana saa saba mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi 2.
U Rwanda na Tanzania bisanzwe bifatanya mu bikorwa byiganjemo ubucuruzi cyane ko uretse kuba Abanyarwanda bakoresha icyambu cya Dar es Salaam, hari n’ibicuruzwa biva mu Rwanda bijyanwa muri Tanzania.
Ku Kibuga cy’Indege mpuzamahanga cyitiriwe (…) -
Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Mozambique Nyusi i Kigali
10 February 2022, by SHEMA EMMANUELAmakuru dukesha ibiro by’umukuru w’igihugu Village Urugwiro, aratangaza ko Perezida w’u Rwanda Paul kagame Yakiriye ndetse akanagirana ibiganiro na mugenzi wa Mozambique Perezida Nyusi.
-
Nyabihu: Perezida Kagame yategetse ko bishyurwa mu cyumweru bagiye ku bishinzwe ababwira ko Leta yahombye
7 February 2018, by Nsanzimana ErnestHari Abaturage bo mu karere ka Nyabihu bamaze imyaka 10 basaba kwishyurwa ingurane y’ ubutaka bwabo Leta yateyeho ishyamba ikaryomeka ku ishyamba rya Gishwati.
Muri 2008 nibwo aba baturage bavuga ko bagera kuri 800 batanze amasambu yabo Leta iyateramo ishyamba.
Manzi Fabrice ubahagarariye yatangarije UMURYANGO ko muri 2012 hari bake bahawe amafaranga y’ ingurane nabwo ngo bahabwa make bagereranyije n’ ayo umugenagaciro yahaye ubutaka bwabo.
Manzi akomeza avuga ko muri Nyakanga 2017, (…) -
Tanzaniya: Abantu 19 baguye mu mpanuka y’indege yaguye mu Kiyaga Victoria
6 November 2022, by Dusingizimana RemyMuri Tanzania indege yari itwaye abantu 43 yaguye mu kiyaga cya Victoria kuri iki cyumweru kubera ikirere cyari kimeze nabi. Abagera kuri 19 baguye muri iyo mpanuka nkuko byemezwa n’inzego z’ubutegetsi.
Iyo ndege y’ikompanyi ya Perecision Air yaguye mu mazi ishigaje metero 100 ngo igere ku kibuga nkuko umuyobozi wa polisi mu karere William Mwampaghale yabibwiye abanyamakuru ku kibiga cy’indege cya Bukoba.
Komiseri w’akarere Albert Chalamila we yavuze ko abantu 43 barimo abagenzi 39 (…) -
“Abashaka kuducamo ibice no kudutesha umurongo barananiwe kandi bazakomeza kunanirwa” – Perezida Kagame
7 April 2021, by Dusingizimana RemyMu gutangiza umuhango wo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 27,Nyakubahwa Perezida Kagame yavuze ko nubwo Abanyarwanda baciye mu bihe bikomeye ariko nta gihe bunze ubumwe kurusha ubu ndetse ko abashaka kubacamo ibice bazakomeza kunanirwa.
-
Perezida Samia yagaragaye aganira na Tundu Lissu warwanyije bikomeye ubutegetsi bwa CCM [AMAFOTO]
17 February 2022, by Dusingizimana RemyAmwe mu mafoto yashimishije abantu benshi ni aya Perezida wa Tanzania Madamu Samia Suluhu Hassan yicaranye i Bruxelles na Tundu Lissu, umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa CCM.
Tundu umaze imyaka myinshi mu buhungiro mu gihugu cy’Ububiligi nyuma yo kumenya ko ashobora kwicwa n’ubutegetsi bwari buyobowe na nyakwigendera Perezida Magufuli,yahuye na Madamu Perezida kuri uyu wa Gatatu I Bruxelles.
Nk’uko byatangajwe n’umuyobozi ushinzwe itangazamakuru muri Perezidansi, Zuhura Yunus, (…) -
Khadja Nin yashimye uko u Rwanda rwitwaye mu kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare
29 September 2025, by Brenda MIZEROUmuhanzikazi Khadja Nin witabiriye shampiyona y’Isi y’amagare yari imaze iminsi ibera mu Mujyi wa Kigali, yavuze ko yatunguwe cyane n’urwego rw’imitegurire yayiranze, agaragaza isomo amahanga akwiye kwigira ku Rwanda.
-
Gen. Ibingira yasimbuwe ku buyobozi bw’ Inkeragutabara azisize ku murongo
20 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Republika akaba n’Umugaba w’Ingabo w’Ikirenga yagize Maj Gen Aloys Muganga umugaba w’agateganyo w’Inkeragutabara, Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yabitangaje kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2018.
-
Mineduc yashyize hanze ingengabihe y’abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye 2021/2022
2 September 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi yatangaje Ingengabihe y’Amashuri Abanza, Ayisumbuye n’ay’Imyuga n’Ubumenyingiro y’Umwaka w’amashuri, 2021/2022.
Igihembwe cya mbere kizatangira taliki ya 11 Ukwakira 2021 kirangire kuwa 24 Ukuboza 2021.
Igihembwe cya kabiri kizatangira kuwa 10 Mutarama kirangire kuwa 31 Werurwe 2022 mu gihe igihembwe cya gatatu kizatangira kuwa 18 Mata 2022 kirangire kuwa 15 Nyakanga 2022.
Ibizamini bya Leta mu mashuri abanza bizatangira kuwa 18 Nyakanga bigeze kuwa 20 Nyakanga (…)
Umuryango.rw
Ingabire Marie Immaculée: Umunyamakuru waje kuba ’impirimbanyi yo kurwanya ruswa’
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Samia Suluhu wa Tanzania
Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Mozambique Nyusi i Kigali
Tanzaniya: Abantu 19 baguye mu mpanuka y’indege yaguye mu Kiyaga Victoria
Perezida Samia yagaragaye aganira na Tundu Lissu warwanyije bikomeye ubutegetsi bwa CCM [AMAFOTO]
Khadja Nin yashimye uko u Rwanda rwitwaye mu kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare
Mineduc yashyize hanze ingengabihe y’abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye 2021/2022