Uyu munsi Nykubahwa Perezida Paul Kagame yitabiriye umuhango wo gusoza amasomo kuri ba Ofisiye 47 barangije mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare (RDF Command and Staff College) riri i Nyakinama mu Karere ka Musanze.
Ku musanzu Perezida Kagame yasabye abarangije amasomo mu by’umutekano urarebana no guhindura imyumvire muri bo ubwabo babanje kumenya uko igihugu kimeze aho cyavuye n’aho cyifuza kugana. Muri uyu muhango Perezida Kagame yavuze ko n’ubwo amasomo atangwa yewe n’imyitozo mu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yanenze imikoreshereze y’ikoranabuhanga mu ishuri rya gisirikare
11 June 2021, by Dusingizimana Remy -
Rusizi: Bamaze hafi umwaka bavoma amazi mabi barahoranye ameza
30 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbatuye mu Kagari ka Kagara mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi, bavuga bamaze amezi arenga umunani bavoma amazi mabi nyamara barahoranye ameza, yaje kubura bitewe n’iyangirika ry’umuyoboro ryatewe n’ikorwa ry’umuhanda.
-
Leta y’u Rwanda yagabanyije amahoro ya gasutamo kuri bimwe mu bicuruzwa
16 June 2023, by Rebecca UFITAMAHOROMu rwego rwo korohereza abaturage kugura bicuruzwa bimwe na bimwe by’ingenzi, u Rwanda rwemerewe guca imisoro ya gasutamo iri munsi y’iya EAC.
Umuceri utumizwa mu mahanga uzishyura amahoro ya gasutamo ku gipimo cya 45% cyangwa amadorali y’amerika 345 kuri toni aho kwishyura 75% yishyurwa muri EAC;
Isukari izishyura amahoro ya gasutamo ku gipimo cya 25% aho kuba 100% cyangwa amadorali y’amerika 460 kuri toni.
Amafi atumizwa hanze ya EAC azajya yishyura 25% aho kuba 35% yishyurwa muri (…) -
Utubyiniro n’utubyeri, ntitubarangaze ntaho tuzajya-Prof.Shyaka Anastase
31 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase yasoje umwaka wa 2020 agira inama urubyiruko yo kwirinda ibyashyira ubuzima bwabo mu kaga mu ijoro risoza umwaka birirmo utubyiniro n’utubari.
-
Yahungiye mu Rwanda nyuma yo gusambanywa n’abarenga 100: Agahinda k’uwandujwe Sida akanapfakazwa na FDLR
3 January, by Brenda MIZEROKenshi iyo havuzwe uburyo ubutegetsi bwa Repubulika Ihanaranira Demokarasi ya Congo bwimitse urwango ku Banye-Congo bavuga Ikinyarwanda cyane cyane Abatutsi, hari ababikerensa nubwo uko bukeye n’uko bwije ibihamya byigaragaza.
-
Umusesenguzi mu bya Politike Victor Gao yemeje ko perezida Kagame ari umuyobozi mwiza mu Rwanda no muri Afrika yose
20 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmusesenguzi mu bya Politike akaba na Visi Perezida w’Ikigo Center for China and Globalization, Victor Gao yatangaje ko Perezida Paul Kagame yarenze kuba umuyobozi mwiza w’u Rwanda, ahubwo ari umuyobozi mwiza no ku mugabane wa Afurika.
-
Umushoferi wa Ingabire Marie Immaculée yishwe n’abantu bari bashyamiranye akajya kubakiza
6 February 2021, by Martin MunezeroUmushoferi witwa Karemera Abraham watwaraga imodoka y’Umuryango Urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda (TI-RW) by’umwihariko akaba ari na we watwaraga Umuyobozi w’uyu muryango, Ingabire Marie Immaculée, mu ijoro ryacyeye ubwo yari atashye avuye ku kazi yakubiswe n’abantu yari agiye gukiranura bashyamiranye ahita ahasiga ubuzima.
-
Gianni Infantino uyobora FIFA yafunguye icyicaro cyayo mu Rwanda [AMAFOTO]
19 February 2021, by Dusingizimana RemyPerezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni infantino, ari kumwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr.Vincent Biruta na Minisitiri wa Siporo,Munyangaju Aurore Mimosa,yafunguye ku mugaragaro icyicaro cya FIFA mu Rwanda.
-
Qatar yiyemeje kuba umuhuza mu kibazo cya Ukraine n’u Burusiya
17 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga muri Qatar, Majed Mohammed Al-Ansari, yatangaje ko igihugu cye kiri gukora ibishoboka byose ngo amakimbirane ari hagati ya Ukraine n’u Burusiya arangire ndetse avuga ko biteguye kuba umuhuza mu biganiro by’amahoro.
-
IFOTO Y’UMUNSI:Umwarimukazi yateze moto agiye gutanga kandidatire yo kuba Depite
21 May 2024, by Dusingizimana RemyUmwarimukazi usanzwe wigisha mu Rwunge rw’Amashuri rwa Butete ruherereye mu Karere ka Burera, Nyiramahirwe Jeanne d’Arc, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye ku mwanya w’Abadepite mu cyiciro cy’Abagore.
Umuryango.rw
Rusizi: Bamaze hafi umwaka bavoma amazi mabi barahoranye ameza
Leta y’u Rwanda yagabanyije amahoro ya gasutamo kuri bimwe mu bicuruzwa
Utubyiniro n’utubyeri, ntitubarangaze ntaho tuzajya-Prof.Shyaka Anastase
Yahungiye mu Rwanda nyuma yo gusambanywa n’abarenga 100: Agahinda k’uwandujwe Sida akanapfakazwa na FDLR
Umusesenguzi mu bya Politike Victor Gao yemeje ko perezida Kagame ari umuyobozi mwiza mu Rwanda no muri Afrika yose
Qatar yiyemeje kuba umuhuza mu kibazo cya Ukraine n’u Burusiya
IFOTO Y’UMUNSI:Umwarimukazi yateze moto agiye gutanga kandidatire yo kuba Depite