Umutwe wa M23 watangaje ko uhagaritse imirwano ku mugaragaro kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Werurwe saa sita ku isaha ya Bunagana, kugira ngo hakurikireho ibiganiro na leta ya Kinshasa”.
Itangazo ryashyizweho umukono n’umuvugizi wa politiki cya M23, Lawrence Kanyuka, rivuga ko uyu mutwe wafashe iki cyemezo mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ibyo umutwe wa M23 wumvikanye na Perezida wa Angola, João Lourenço, i Luanda ndetse n’ibyemezo byafatiwe mu nama zitandukanye zirimo iya Bujumbura, (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
M23 yahagaritse ku mugaragaro imirwano ihita isaba leta ya Kongo ikintu gikomeye
7 March 2023, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame asanga ‘kutavuga rumwe na Leta bitavuze guhangana’
15 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yavuze ko nta buryo bw’imiyoborere buboneye bwabera ibihugu byose, kandi ngo yumva kutavuga rumwe na Leta atari uguhangana.
Ibi Perezida w’ u Rwanda yabivuze ubwo yaganiraga n’abayobozi b’ibitangazamakuru bya Leta muri Africa bari mu nama rusange i Kigali kuva kuwa mbere w’iki cyumweru.
Perezida Kagame ahamya ko ibikora mu bihugu bimwe atari kamara ko byakunda mu bindi bihugu, akemeza ko nta muti uravumburwa wafasha isi gutera imbere icyarimwe.
Yagize ati “Nta buryo na (…) -
Gen. Kabarebe yavuze uburyo Maj. Gen. Ntawunguka Pacifique wagizwe umuyobozi wa FDLR atari bumare kabiri
10 January 2020, by Martin MunezeroUmujyanama mukuru wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda ushinzwe ibya gisirikare n’ umutekano General James Kabarebe yavuze uko byagenze ngo ahamagare Major General Ntawunguka Pacifique kuri telefoni amugira inama yo gutaha akinangira, yongeraho ko uyu mugabo wagizwe umuyobozi wa FDLR atazamara kabiri kubera ibitekerezo bye.
-
Reba Uburanga bw’abakobwa bahataniye guhagararira Umujyi wa Kigali muri Miss Rwanda 2022 [AMAFOTO]
12 February 2022, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Gashyantare 2022, ijonjora rya Miss Rwanda ryakomereje kuri Hill Top Hotel i Remera.
Muri rusange, abakobwa baratoranywa mu Mujyi wa Kigali bariyongera kuri 41 bamaze kuboneka mu zindi ntara ari nabo bazatoranywamo abagomba kujya mu mwiherero [Bootcamp].
Ijonjora ryo gutoranya abahagararira umujyi wa Kigali ryabereye kuri Hill Top Hotel I Remera mu mujyi wa Kigali.
Umukinnyi wa filime uri mu bakomeye mu Rwanda, Niyomubyeyi Noella uzwi nka Fofo muri (…) -
Perezida Kagame yakoze impinduka mu gisirikare cya RDF
4 June 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame akaba n’Umugaba Mukuru w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abarimo General Major Mubarakh Muganga wahawe ipeti rya Lt General anamugira Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka.
-
Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzaniya zaganiriye ku kwimakaza umutekano ku mipaka
30 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo z’u Rwanda (RDF) n’iza Tanzaniya (TPDF) zahuriye mu nama ya 12 yitwa Proximity Commanders, igamije gushakira hamwe ibisubizo ku bibazo by’umutekano, ndetse no gushimangira ubufatanye mu kubungabunga umutekano ku mipaka ihuza ibihugu byombi.
-
Abakinnyi Manchester City bishimiye impano ya Arsenal yabagejeje ku itsinzi
21 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROIkipe ya Manchester City yari yizeye gutwara igikombe cya Premier League uyu munsi batsinda Chelsea ariko Arsenal ibakurikiye ku rutonde rwa shampiyona yabahaye impano y’akataraboneka iraborohereza ibura amanota 3 ku munsi w’ejo bituma Manchester City ihita yegukana igikombe cya 3 yikurikiranya.
Kugeza ubu Arsenal irarushwa amanota 4 kandi isigaranye umukino umwe gusa. Ubwo bivuze ko niyo yawutsinda naho Manchester City igatsindwa imikino yose isigaranye, n’ubundi hasigaramo ikinyuranyo (…) -
Perezida Kagame yirukanye Umuvunyi Wungirije ushinzwe kurwanya ruswa atarangije manda
9 March 2020, by UbwanditsiMusangabatware Clement, wari Umuvunyi Mukuru Wungirije ushinzwe gukumira no kurwanya ruswa Foto/Igihe
Mu itangazo risohotse kuri uyu mugoroba rivuye mu biro bya Misitiri w’Intebe ryavugaga ko Perezida wa Repubulika yashyize mu myanya abayobozi nk’uko itegeko ribimuhera ububasha.
-
“Hakenewe Ubucuti buzima”-Perezida Kagame abwira Uganda n’Uburundi
6 September 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yaganiriye na RBA, ku ngingo zitandukanye zijyanye n’ubuzima bw’igihugu,aho yagarutse ku mubano w’u Rwanda n’ibihugu bituranyi,ifatwa rya Rusesabagina,Kabuga na Coronavirus.
-
Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Daniel Arap Moi
11 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri taliki ya 11 Gashyantare 2020 nibwo haraba umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Daniel Arap Moi wayoboye igihugu cya Kenya imyaka 24 yose nyuma yo gusimbura Jomo Kenyatta.
Umuryango.rw
M23 yahagaritse ku mugaragaro imirwano ihita isaba leta ya Kongo ikintu gikomeye
Reba Uburanga bw’abakobwa bahataniye guhagararira Umujyi wa Kigali muri Miss Rwanda 2022 [AMAFOTO]
Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzaniya zaganiriye ku kwimakaza umutekano ku mipaka
Abakinnyi Manchester City bishimiye impano ya Arsenal yabagejeje ku itsinzi
“Hakenewe Ubucuti buzima”-Perezida Kagame abwira Uganda n’Uburundi