Ibihugu birenga 50 byo mu mpande zitandukanye z’Isi byamaze guhabwa ubutumire bwo kwinjira muri Board of Peace, urwego rushya rwashyizweho na Perezida Donald Trump aho nibura 20 muri byo byamaze kubwemera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda ruhagaze he kuri ‘Board of Peace’, urwego rushya rwatangijwe na Trump?
23 January, by Brenda MIZERO -
Dr John Pombe Magufuli yatorewe kongera kuyobora Tanzania
31 October 2020, by Dusingizimana RemyKomisiyo ishinzwe amatora muri Tanzania yemeje ko Perezida John Magufuli yatorewe manda ya kabiri yo kuyobora iki gihugu n’amajwi arenga 84%.
-
Abanyarwanda bakoresha urubuga rwa Twitter bibasiye bikomeye Twagiramungu Faustin nyuma yo kwita Perezida Kagame umunyabyaha
14 September 2019, by Martin MunezeroAbanyarwanda bakoresha urubuga rwa Twitter bibasiye Faustin Twagiramungu wabaye Minisitiri w’intebe wa mbere w’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, nyuma y’ubutumwa yanditse kuri Twitter ye yita perezida wa Repubulika Paul Kagame “Umunyabyaha”
-
Abanyarwanda begukanye imidali 2 ya zahabu muri Kigali Peace Marathon
20 June 2021, by Dusingizimana RemyKuri iki Cyumweru, mu Mujyi wa Kigali habaye isiganwa rya 16 rya Kigali Peace Marathon 2021, ryatangijwe na Minisitiri wa Siporo Aurore Mimosa Munyangaju ari kumwe na Minisitiri Kayisire Marie Solange ndetse na Meya w’Umujyi wa Kigali Pudence Rubingisa.
-
Col. Ruhunga Jeannot na Kalihangabo bagizwe abayobozi ba Rwanda Investigation Bureau
10 April 2018, by Nsanzimana ErnestIbiro bya Minisitiri w’Intebe ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 9 Mata 2018, byagaragaje ko Umukuru w’Igihugu yagize Col. Ruhunga Jeannot Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha ‘Rwanda Investigation Bureau’ (RIB) naho Kalihangabo Isabelle agirwa Umunyamabanga .
Kalihangabo yari asanzwe ari Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ubutabera uru rwego rushya ruzaba rubarizwamo.
Itegeko rishyiraho uru rwego risobanura ko rufite inshingano zo gukumira no (…) -
‘Nanyuzwe no kongera guhura na Perezida Kagame’ Umuyobozi wa FAO
22 August 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Kabiri tariki 21 Kanama 2018, Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa n’ubuhinzi (FAO), José Graziano da Silva.
-
Perezida wa Sénégal yatangiye uruzinduko rw’iminsi 3 mu Rwanda
17 October 2025, by Brenda MIZEROPerezida wa Repubulika ya Senegal Bassirou Diomaye Faye, yagezei Kigali mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rugamije kurushaho kwimakaza ubutwererane bw’ibihugu byombi mu nzego zitandukanye.
-
U Rwanda na RDC byungutse amahirwe yo gufatanya ishoramari
5 December 2025, by Brenda MIZERONyuma y’Amasezerano y’Amahoro n’Ubukungu yaraye ashyizweho umukono na Perezida wa Repubulika Paul Kagame ndetse na Perezida wa Repubuika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo, ibihugu byombi byungutse amahirwe yo kwagura ubutwererane mu ishoramari mu nzego eshanu z’ubukungu.
-
Rulindo:Abana 3 bahiriye mu nzu itabamo amashanyarazi ndetse batanatekeragamo
7 February 2019, by Martin MunezeroMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Gashyantare 2019 nibwo mu murenge wa Masoro w’ akarere ka Rulindo hamenyekanye inkuru y’ abana batatu bahiriye mu nzu babiri bakitaba Imana.
-
Itangazo ry’ inama y’ abaminisitiri yo ku wa 27 Mata 2018, RAB yahawe abayobozi bashya
28 April 2018, by Nsanzimana ErnestItangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa Gatanu tariki ya 27 Mata 2018 FacebookTwitterWhatsAppEmail 0 27-04-2018 - saa 22:45, IGIHE Ku wa Gatanu, tariki ya 27 Mata 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 11 Mata 2018.
2. Inama y’Abaminisitiri yemeje ubutaka bwegurirwa Minisiteri y’Ingabo.
3. Inama y’Abaminisitiri (…)
Umuryango.rw
U Rwanda ruhagaze he kuri ‘Board of Peace’, urwego rushya rwatangijwe na Trump?
Abanyarwanda begukanye imidali 2 ya zahabu muri Kigali Peace Marathon
Perezida wa Sénégal yatangiye uruzinduko rw’iminsi 3 mu Rwanda
U Rwanda na RDC byungutse amahirwe yo gufatanya ishoramari