Padiri Libelle KAMBANDA wari Umuyobozi wa Caritas muri Diyosezi ya Butare yitabye Imana muri iri joro ryakeye azize ibikomere yatewe n’impanuka y’imodoka yari arimo yabereye ahitwa Kirengere mu Karere ka Ruhango, umushoferi wari umutwaye ukekwaho gukora amakosa yateje iyi mpanuka akaba yahise atoroka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Padiri Kambanda Libelle yitabye Imana azize impanuka umushoferi we wayiteje ahita atoroka
17 April 2018, by Ubwanditsi -
Iterambere rya OIF kuva itangiye kuyoborwa na Louise Mushikiwabo
18 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, washinzwe mu mwaka wa 1970. Kuva icyo gihe, umaze kuyoborwa n’Abanyamabanga bakuru Bane barimo n’Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo ari na we uwuyoboye kugeza uyu munsi. Atangiye kuwuyobora, wagaragaje iterambere kandi rigera no ku Rwanda.
-
Ruhango: Umuyobozi yafashwe agiye gusambanya umugore w’abandi ngo yandike umwana we mu bafashwa
8 October 2022, by Dusingizimana RemyUmukozi ushinzwe ubuzima mu murenge wa Kabagari mu karere ka Ruhango arashinjwa gusambanya umugore w’undi mugabo nka ruswa yo kugira ngo abashyirire umwana mu mushinga urihira amashuri abatishoboye.
Uyu mukozi ushinzwe ubuzima bahimba "Sante"ngo yafatiwe mu wundi murenge wa Kinihira mu kagari ka Nyakogo mu mudugudu wa Buhanda muri iki cyumweru, ngo yambaye ubusa buri buri bivugwa ko yari aje guhabwa ruswa y’igitsina yari yatse umugore ngo abashyirire umwana mu mushinga urihira abanyeshuri (…) -
Perezida Kagame yasabye inzego z’Ubutabera gushyigikira iterambere n’umuco wo kubahiriza amategeko
14 May 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro z’abacamanza batatu muri Village Urugwiro, abibutsa ko bafite inshingano zikomeye zo gutuma Abaturarwanda bakomeza kwiyumvamo urwego rw’ubutabera no kumva ko nta n’umwe rurenganya.
-
Perezida Biden yemeje ko misile Koreya ya ruguru yagerageje ’atari ubushotoranyi’
24 March 2021, by Dusingizimana RemyPerezida w’Amerika Joe Biden yavuze ko adafata nk’ubushotoranyi igerageza ryakozwe na Koreya ruguru ry’ibisasu bya misile biterwa mu ntera ngufi.
-
Nyamagabe: Gitifu w’umurenge yanze kuvugisha itangazamakuru yurira imodoka arigendera [AMAFOTO]
30 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Tare Mwibonere Dative yanze gusubiza ibibazo by’ abanyamakuru birimo iby’ umwanda wo mu maresitora n’ abaturage batamesa ntibanoge yurira imodoka arigendera.
-
MUHANGA:Gitifu wakoze imibonano idakingiye yategetswe gufungwa iminsi 30
26 August 2019, by Martin MunezeroUmunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhanga, Ntezirembo Jean Claude ukurikiranyweho gukoresha imibanonano mpuzabitsina umukobwa idakingiye agamije kumwanduza indwara, Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye rutegetse ko afungwa by’agateganyo iminsi 30.
-
Perezida Ndayishimiye yahaye intashyo mugenzi we Paul Kagame mu muhango wo kwizihiza ubwigenge
1 July 2021, by Dusingizimana RemyUbwo yagezaga ijambo ku Barundi n’Abanyacyubahiro bitabiriye umunsi mukuru wo kwizihiza imyaka 59 u Burundi bumaze bubonye Ubwigenge,Perezida Ndayishimiye yishimiye kwakira Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda,Dr.Edouard Ngirente,anamusaba kumuhera intashyo perezida Kagame.
-
Mashami Vincent yahamagaye Sugira Ernest kugira ngo amufashe gukemura ikibazo cy’ibura ry’ibitego mu Mavubi
15 November 2020, by Dusingizimana RemyBitunguranye,umutoza w’ikipe y’igihugu,Amavubi,Mashami Vincent yahamagaye Sugira Ernest mu bakinnyi bari kwitegura umukino wo kwishyura wa Cape-Verde uzaba kuwa 2 tariki ya 17-11-2020 mu itsinda F mu gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika cya 2022 kizabera muri Cameroon.
-
Babiri bakomeje kuba kidobya mu kuzahura umubano w’u Rwanda n’u Burundi
13 January, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko abayobozi babiri bo mu Burundi ari bo bari gutuma kuzahura umubano w’ibihugu byombi bigorana.
Umuryango.rw
Iterambere rya OIF kuva itangiye kuyoborwa na Louise Mushikiwabo
Ruhango: Umuyobozi yafashwe agiye gusambanya umugore w’abandi ngo yandike umwana we mu bafashwa
Perezida Ndayishimiye yahaye intashyo mugenzi we Paul Kagame mu muhango wo kwizihiza ubwigenge
Babiri bakomeje kuba kidobya mu kuzahura umubano w’u Rwanda n’u Burundi