Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yageze mu Rwanda kuri uyu wa mbere tariki ya 02 Kanama 2021, aho atangiye uruzinduko rw’iminsi 2.Yageze i Kanombe ahagana saa tatu z’igitondo.
Ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane,Dr.Vincent Biruta.
Kuri uyu munsi wa mbere w’uruzinduko rwa Madamu Samia, arasura Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi, yunamire inzirakarengane zirenga ibihumbi 250 zirushyinguyemo.
Nyuma (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Samia Suluhu wa Tanzania yageze i Kigali [AMAFOTO]
2 August 2021, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yibukije ikintu gikomeye abakomeje guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi
15 April 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Paul Kagame yabwiye abayoboke b’itorero rya Saddleback riherereye muri Leta ya California bitabiriye kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi,ko nyuma y’imyaka 25 Jenoside ibaye,u Rwanda rwiyubatse ndetse buri munyarwanda yamaze kumenya inshingano ze,ntawe uteze guha umwanya abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Samuel Eto’o yashyize hanze ifoto yifotozanyije na Perezida Kagame amuvugaho amagambo akomeye
31 October 2019, by Martin MunezeroMu butumwa rutahizamu w’ibihe byose mu gihugu cya Cameroon, Samuel Eto’o Fils yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashimagije umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame ku butwali bwe, kwitanga ndetse n’inyota afite yo kubona umugabane wa Afrika utera intambwe ishimishije mu iterambere.
-
Uburusiya bwatangiye ibitero bigari kuri Ukraine,Amerika iti "Ukraine ikeneye amasengesho y’isi yose"
24 February 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine yatangaje kuri Twitter ko "Putin amaze gutangiza ibitero bigari kuri Ukraine".
Dmytro Kuleba yavuze ko Ukraine "izirengera" kandi ko "isi ishobora kandi igomba guhagarika Putin".
Ambasaderi Sergiy Kyslytsya wa Ukraine muri ONU/UN yavuze ko uhagarariye Uburusiya muri ONU yemeje ko perezida we yatangaje "intambara ku gihugu cyanjye", nk’uko bivugwa n’ibiro ntaramakuru Reuters.
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu muri Ukraine nawe yabwiye CNN (…) -
Rubavu: Wa mutetsi wafunzwe nyuma yo guhagararira akarere mu #Kwibuka28 yafunguwe
19 July 2022, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Mbarushimana Jean Claude usanzwe ari Umutetsi wo mu kigo cya College Inyemeramihigo mu karere ka Rubavu yarekuwe nyuma yo gutabwa muri yombi akekwaho icyaha cyo gupfobya Jenoside.
Bwana Mbarushimana Jean Claude yawe muri yombi nyuma yo guhagarariraga akarere mu muhango wo Kwibuka abazize Jenoside yakorewe nyuma yo koherezwa n’umukozi ushinzwe uburezi mu murenge wa Rugerero,Madamu Nyiraneza Espérance.
Amakuru dukesha Bwiza.com aravuga ko uyu mutetsi yafunguwe uyu munsi (…) -
Minisante yatangaje inkomoko ya Marburg isaba Abanyarwanda kutihimura
28 October 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ibyavuye mu gushakisha inkomoko ya Virusi ya Marburg yujuje ukwezi igaragaye mu Rwanda, bigaragaza ko yavuye mu nyamaswa z’agacurama.
-
Amb. Bizimana yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda muri Guinée-Bissau
23 October 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi Bizimana Festus yashyikirije Perezida wa Guinée-Bissau Umaro Sissoco Embaló, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo guhugu.
-
Igorofa rikoreramo Ikinyamakuru IGIHE ryafashwe n’inkongi y’umuriro
13 September 2021, by Dusingizimana RemyMu masaha ya saa tatu z’ijoro zo ku Cyumweru tariki ya 12 Nzeri 2021, igorofa izwi nko kwa Ndamage ikoreramo ikinyamakuru IGIHE yibasiwe n’inkongi y’umuriro.
Polisi y’u Rwanda ikaba ari yo yazimije iyo nkongi ariko kugeza ubu ntiharamenyekana icyayiteye ndetse nta muntu wahasize ubuzima.
Iyi nkongi yafashe etage ya kane Ikinyamakuru Igihe.com cyakoreragamo kandi amafoto yerekanye ko hahiye ibintu byinshi.
Ikindi ngo ni uko igice cyose cya etage ya mbere hejuru cyahiye kirakongoka (…) -
Perezida wa Repubulika yakoze impinduka zitandukanye muri Guverinoma
4 November 2019, by Dusingizimana RemyAshingiye ku biteganywa n’itegeko nshinga rya repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116 uyu munsi kuwa 4 Ugushyingo 2019, Nyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame yashyizeho abayobobozi mu buryo bukurikira:
-
“Tshisekedi ashoboye byose, usibye gupima ingaruka zibyo avuga"-Perezida Kagame
25 March 2024, by Dusingizimana RemyPaul Kagame yagiranye ikiganiro kirambuye n’ikinyamakuru Jeune Afrique cyagarutse ku ngingo zitandukanye zirimo umubano w’u Rwanda na RDC by’umwihariko ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bw’iki gihugu.
Umuryango.rw
Perezida Samia Suluhu wa Tanzania yageze i Kigali [AMAFOTO]
Uburusiya bwatangiye ibitero bigari kuri Ukraine,Amerika iti "Ukraine ikeneye amasengesho y’isi yose"
Rubavu: Wa mutetsi wafunzwe nyuma yo guhagararira akarere mu #Kwibuka28 yafunguwe
Minisante yatangaje inkomoko ya Marburg isaba Abanyarwanda kutihimura
Amb. Bizimana yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda muri Guinée-Bissau
Igorofa rikoreramo Ikinyamakuru IGIHE ryafashwe n’inkongi y’umuriro
“Tshisekedi ashoboye byose, usibye gupima ingaruka zibyo avuga"-Perezida Kagame