Village Urugwiro ni ibiro by’Umukuru w’Igihugu biherereye mu Murenge wa Kacyiru mu Karere ka Gasabo. Byatangiye gukoreshwa bihoraho mu myaka irenga 30 ishize ubwo Pasteur Bizimungu yayoboraga u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Imvano y’igitekerezo cyo gushyira Ibiro by’Umukuru w’Igihugu ku Kacyiru
24 January, by Brenda MIZERO -
Leta ya RDC ishaka gusenya ishyaka PPRD rya Kabila
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jacquemain Shabani, yasabye Umushinjacyaha mu rukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga gutangira inzira yo gusenya ishyaka PPRD rya Joseph Kabila
-
Karongi: Umwuka wera watumye asubiza ibikoresho bya Banki y’abaturage yasahuye muri Jenoside
2 November 2021, by Dusingizimana RemyMu karere ka Karongo haravugwa umuturage utaramenyekana wagaruriye banki y’abaturage ibikoresho yayisahuye mu gihe cya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, birimo intebe 3.
Nkuko Kigali Today dukesha iyi nkuru ibitangaza,Ubuyobozi bwa Banki y’abaturage mu Murenge wa Bwishyura bwatunguwe no gusanga bimwe mubikoresho byayo byasahuwe mu mwaka wa 1994 byagaruwe ariko hatazwi uwabizanye.
Ni intebe eshatu zo kwicaraho zagaruwe, ariko uwazizanye ntazwi kandi yasize yanditse ko yabitegetswe na (…) -
Uganda: Gen Kale Kayihura mu gahinda ko guhezwa mu bikorwa bya gisirikare
28 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGen. Kale Kayihura wigeze kuba Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Uganda, yatangaje ko ababazwa no kuba asigaye ahezwa mu bikorwa bya gisirikare nyamara abona agifite byinshi yatangamo umusanzu ku gihugu.
-
Perezida Kagame yavuze ikintu cyamugoye kurusha ibindi nyuma yo kurangiza urugamba rwo kubohora u Rwanda
21 November 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abitabiriye umuhango wo gufunguraga icyicaro gishya cya Carnegie Mellon University,ko nyuma yo kubohora u Rwanda yahuye n’ibihe bikomeye byo kumvisha abasirikare bari bamaze kurangiza intambara ko badakwiriye kwihorera nyuma yo gusanga imiryango yabo yatikiriye muri Jenoside.
-
MINEDUC yamaganye ibyo gupima abakobwa mbere y’uko basubira ku ishuri
23 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi yabujije ibigo by’amashuri gusaba abanyeshuri b’abakobwa impapuro zerekana ko bipimishije ndetse ko badatwite nyuma y’amezi 7 ashize amashuri yarafunzwe kubera icyorezo cya Covid-19.
-
Cyamunara/Huye : Uruganda rw’ ibibiriti rwabuze n’ umwe urugereka
12 September 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Kabiri tariki 11 Nzeli 2018, Maitre Vedaste Habimana, umuhesha w’inkiko w’umwuga yagiye kugurisha mu cyamunara uruganda rw’ibibiriti rwa SORWAL habura umuntu n’ umwe upiganwa. Uru ruganda rubereyemo Leta y’ u Rwanda imyenda y’ imisoro n’ abaturage barukoreraga hari amafaranga batishyuwe.
-
Imigambi yihutirwa ya Joe Biden irimo gukuraho zimwe muri Politiki za Trump akagarura iza Obama
9 November 2020, by Dusingizimana RemyIcyorezo cya coronavirus ni ikintu cy’ibanze perezida watowe muri Amerika Joe Biden azageraho natangira imirimo ye nk’uko ikipe imukorera ibivuga.
-
U Rwanda na DR Congo:i Luanda ’bemeje inyandiko y’ingenzi’ mu kugana ku bwumvikane
26 November 2024, by Joseph IradukundaAbakuriye ububanyi n’amahanga ku ruhande rwa RD Congo n’u Rwanda bemeje inyandiko y’ibyo inzobere zashyizweho zumvikanye ku bigomba gukorwa mu mugambi w’amahoro hagati ya DR Congo n’u Rwanda, nk’uko ibiro ntaramakuru bya Angola bibivuga.
-
Perezida Kagame yakozwe ku mutima n’abashyitsi b’Imena bitabiriye #CHOGM2022
24 June 2022, by Dusingizimana RemyU Rwanda rukomeje kwakira abashyitsi b’Imena bitabiriye inama ikomeye ihuza abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Commonwealth,#CHOGM2022.
Kuva ku Gikomangoma (Prince) cy’u Bwongereza Chales ukagera ku Umuyobozi w’Ikirenga (Emir) wa Qatar Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani witabiriye nk’umushyitsi wihariye, u Rwanda rwakiriye Abakuru b’Ibihugu na Guverinoma bihuriye mu Muryango w’Ibihugu Bikoresha Ururimi rw’Icyongereza (CHOGM 2022).
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yashimiye (…)
Umuryango.rw
Imvano y’igitekerezo cyo gushyira Ibiro by’Umukuru w’Igihugu ku Kacyiru
Leta ya RDC ishaka gusenya ishyaka PPRD rya Kabila
Karongi: Umwuka wera watumye asubiza ibikoresho bya Banki y’abaturage yasahuye muri Jenoside
Uganda: Gen Kale Kayihura mu gahinda ko guhezwa mu bikorwa bya gisirikare
Perezida Kagame yavuze ikintu cyamugoye kurusha ibindi nyuma yo kurangiza urugamba rwo kubohora u Rwanda
U Rwanda na DR Congo:i Luanda ’bemeje inyandiko y’ingenzi’ mu kugana ku bwumvikane
Perezida Kagame yakozwe ku mutima n’abashyitsi b’Imena bitabiriye #CHOGM2022