Kuri uyu wa 9 Gicurasi 2025, mu mbuga nini yo mu mujyi wa Moscow mu Burusiya hari kuba ibirori byo kwizihiza umunsi ingabo za Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyete zatsinze iz’Abanazi mu Ntambara ya Kabiri y’Isi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ibrahim Traore yitabiriye ibirori byo kwizihiza imyaka 80, Uburusiya butsinze intambara ya 2 y’isi
9 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
David Lammy w’Ubwongereza yavuganye na Paul Kagame ashima intambwe yatewe
10 July 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubwongereza David Lammy yatangaje ko yavuganye na Perezida Paul Kagame w’u Rwanda mu gushima intambwe yatewe y’amasezerano y’amahoro hagati yarwo na DR Congo no "gushimangira ko bikenewe ko ashyirwa mu bikorwa n’impande zose".
-
Umujyi wa Kigali wabonye umuyobozi mushya usimbura Rubingisa
15 December 2023, by Dusingizimana RemyDusengiyumva Samuel ni we utorewe kuba Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali,mu matora yabaye uyu munsi tariki 15 Ukuboza mu 2023. Asimbuye Pudence Rubingisa wagizwe Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba.
-
Perezida KAGAME yagize Jean-Guy Afrika Umuyobozi Mukuru wa RDB
13 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika ,Paul Kagame, kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mutarama 2024, yagize Jean guy Afrika , Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe iterambere, RDB.
-
Impunzi z’abakongomani zikomeje kwisuka mu Rwanda kubera ubwoba bw’ibizava mu matora
7 January 2019, by Dusingizimana RemyAbaturage benshi bakomoka muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo batangiye kuzinga utwangushye bahungira mu Rwanda kubera ko batewe ubwoba n’ibizava mu matora ya perezida wa Repubulika aheruka kuba ku wa 30 Ukuboza umwaka ushize.
-
Visi Perezida wa APR FC Maj Gen Mubarakh Muganga yatangaje amasomo bakuye mu gusezererwa na Gor Mahia
7 December 2020, by Dusingizimana RemyKu Cyumweru tariki ya 6 Ukuboza saa saba z’amanywa nibwo ikipe y’ingabo z’igihugu yageze mu mwiherero i Shyorongi ivuye mu gihugu cya Kenya isezerewe na Gor Mahia muri CAF Champions league ku giteranyo cy’ibitego 4-3 mu mikino yombi.
-
Amakuru mashya! Urukiko rwanzuye ko urubanza rwa Prince Kid rubera mu muhezo
13 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup yari isanzwe itegura irushanwa rya Miss Rwanda , Ishimwe Dieudonné ’Prince Kid “ yamaze kugezwa imbere y’urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ku nshuro ya kabiri , ngo atangire kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo, ku byaha akurikiranweho Icyaha cyo guhohotera bishingiye ku gitsina abakobwa bitabiriye mu marushwanwa ya Nyampinga (Miss Rwanda) mu bihe bitandukanye.
Mbere yo gutangira kuburanisha urubanza , uhagarariye ubushinjacyaha yahise asaba (…) -
"Nta cyiza nko kubabera umuyobozi"-Perezida Kagame yiyamamarije i Busogo imbere y’ibihumbi
22 June 2024, by Dusingizimana RemyIbihumbi by’abanyamuryango ba FPR Inkotanyi baturutse mu turere twa Rulindo, Burera, Gakenke, Musanze, Nyabihu n’ahandi bazindutse iya rubika, baje gushyigikira umukandida wabo,Paul Kagame.
-
U Rwanda rushobora gutanga ibindi bihugu bya Afurika kwinjira muri OECD
12 September 2018, by Nsanzimana ErnestIgihugu cy’ u Rwanda kiri mu myiteguro yo gushaka uko cyakwiyongera ku bihugu 36 bigize Umuryango Mpuzamahanga w’ Ubukungu Organization for Economic Co-operation and Development (OECD).
-
Perezida Kagame yasabiye ibihano abagaburiye urubyiruko rwaje muri Youth Connekt rukarwara
25 August 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko benshi mu rubyiruko rwitabiriye isabukuru y’imyaka 10 ya Youth Connekt barwaye kubera kugaburirwa ibiryo bifite ikibazo.
Umuryango.rw
Ibrahim Traore yitabiriye ibirori byo kwizihiza imyaka 80, Uburusiya butsinze intambara ya 2 y’isi
David Lammy w’Ubwongereza yavuganye na Paul Kagame ashima intambwe yatewe
Umujyi wa Kigali wabonye umuyobozi mushya usimbura Rubingisa
Perezida KAGAME yagize Jean-Guy Afrika Umuyobozi Mukuru wa RDB
Amakuru mashya! Urukiko rwanzuye ko urubanza rwa Prince Kid rubera mu muhezo
"Nta cyiza nko kubabera umuyobozi"-Perezida Kagame yiyamamarije i Busogo imbere y’ibihumbi
Perezida Kagame yasabiye ibihano abagaburiye urubyiruko rwaje muri Youth Connekt rukarwara