Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museni yandikiye ibaruwa ndende mugenzi we Paul Kagame amumenyesha ko yahuye na Charlotte Mukankusi akamusaba inkunga y’uko yamufasha guhirika ubutegetsi bwe ariko akabyanga amubwira ko ibibera mu Rwanda ari ikibazo cy’imbere mu gihugu, atacyivangamo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Museveni yandikiye ibaruwa irambuye Paul Kagame amubwira ibyo yaganiriye na Mukankusi,Gasana na Rujugiro bashinjwa gukorana na RNC
19 March 2019, by Dusingizimana Remy -
Ibitaro bya Leta byose byategetswe kuvura abarwayi ba Covid-19 hakoreshejwe ubwishingizi bwose
17 January 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yategetse ibitaro byose bya Leta ko guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 16 Mutarama 2021 byajya bivura abarwayi ba COVID-19 hagendewe ku bwishingizi bafite ubwo aribwo bwose ndetse n’abafite mituweri.
-
Huye :Abagizwe incike na Jenoside batujwe mu rugo rw’impinganzima bishimiye gusurwa n’urubyiruko rwa AERG [AMAFOTO]
16 February 2019, by Dusingizimana RemyAbanyarwanda bagizwe incike na jenoside batujwe mu rugo rw’Impinganzima mu murenge wa Mukura,akarere ka Huye, bishimiye gusurwa n’urubyiruko rwa AERG rwabafashije imirimo itandukanye ndetse rurabaganiriza rubereka ko batari bonyine.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Massad Boulos, intumwa ya Trump
9 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umujyanama wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku birebana na Afurika, Massad Boulos, byagarutse ku rugendo rwo kwimakaza amahoro mu karere k’ibiyaga bigari.
-
Nyamagabe: Batsinze ikizamini kibinjiza mu bakozi ba Leta barahamagarwa ariko ntibinjizwa mu kazi
22 September 2018, by Nsanzimana ErnestBamwe mu bakoze ibizamini byo kwigisha mu mashuri abanza mu karere ka Nyamagabe,baravuga ko barenganyijwe nyuma yo gutsinda ibizamini ariko bajya gutangira akazi bakabwirwa ko impamyabumenyi zabo zitabemerera kwigisha mu mashuri abanza.
-
Ramaphosa yavuze ikizatuma ingabo za SADC ziva muri RDC
10 February 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yagaragaje ko ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo ziri mu Burasirazuba bwa RDC (SAMIDRC) zizataha mu gihe imyanzuro yafatiwe mu Nama Idasanzwe y’abakuru b’ibihugu by’uyu muryango (SADC) n’uwa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) izaba yubahirizwa.
-
#Kwibuka28: Igikomangoma cyo mu Bwongereza Charles yunamiye abazize Jenocide yakorewe Abatutsi mu 1994
9 April 2022, by ISHIMWE JANECharles Igikomangoma cya Wales mu Bwami bw’u Bwongereza yunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ndetse atera igiti mu rwego rwo kwibuka abishwe.
-
Umuhungu wa Perezida Museveni Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yasezeye mu gisirikare cya Uganda
8 March 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmuhungu wa Perezida Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, yatangaje ko yasezeye mu ngabo z’iki gihugu yari amazemo imyaka 28.
-
AS Kigali irajyana abakinnyi benshi Kampala kugira ngo itazaba nka KCCA bazahura
2 January 2021, by Dusingizimana RemyAS Kigali ihagarariye u Rwanda mu mikino ya CAF Confederations Cup yamaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi irajyana muri Uganda mu guhangana na KCCA mu mukino wo kwishyura w’ijonjora rya kabiri ry’iri rushanwa.
-
Perezida Kagame yifurije Abanyarwanda bose umunsi mwiza w’Intwali
1 February 2019, by Martin MunezeroPaul Kagame yashimiye intwari zitangiye u Rwanda, avuga ko ubwitange bwabo buzakomeza kuzirikanwa, kandi ko ari inshingano za buri wese kugira ngo igihugu gikomeze kujya aho Abanyarwanda bifuza.
Umuryango.rw
Ibitaro bya Leta byose byategetswe kuvura abarwayi ba Covid-19 hakoreshejwe ubwishingizi bwose
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Massad Boulos, intumwa ya Trump
Ramaphosa yavuze ikizatuma ingabo za SADC ziva muri RDC
#Kwibuka28: Igikomangoma cyo mu Bwongereza Charles yunamiye abazize Jenocide yakorewe Abatutsi mu 1994
Umuhungu wa Perezida Museveni Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yasezeye mu gisirikare cya Uganda