Perezida Kagame usanzwe ari umukunzi wa Arsenal yo mu Bwongereza yashimiye iyi kipe nyuma yo gutsinda Tottenham ibitego 3-1 mu mukino w’Umunsi wa Gatandatu wa Premier League.
Nubwo iyi kipe yatangiye nabi cyane shampiyona itsindwa umusubirizo na Brentford,Chelsea na Manchester City,yagarutse mu bihe byiza aho imaze gutsinda imikino 3 yikurikiranya irimo uwa Norwich,Burnley na Tottenham yatsinze uyu munsi iyirusha.
Arsenal yatangiye neza cyane uyu mukino wo kuri iki cyumweru,aho yafunguye (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yashimiye Arsenal yagarutse mu bihe byiza igatsinda mukeba Tottenham
26 September 2021, by Dusingizimana Remy -
Sankara yabwiye urukiko impamvu yinjiye muri FLN n’ubufasha Zambia yabahaye
13 July 2020, by Dusingizimana RemyNsabima Callixte uzwi kandi nka Sankara uyu munsi ku wa mbere yatangiye kwiregura ku byaha aregwa aho yavuze ko mu bitero umutwe wa FLN wagabye ku Rwanda babifashijwemo na Perezida Edgar Lungu wa Zambia.
-
Perezida Kagame yagaragaje ko ibiganiro bya Washington biri mu cyerekezo cyiza
27 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yatangaje ko ibiganiro bihuriza intumwa z’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika biri mu cyerekezo cyiza cy’amahoro arambye mu karere.
-
RIB yatangaje ibyo Mujawamariya akurikiranweho
25 July 2024, by AHISHAKIYE EmmanuelRIB yatangaje ko MUJAWAMARIYA Jeanne d’Arc akurikiraho ibyaha yakoze akiri Minisitiri w’Ibidukikije. Ni nyuma y’uko Perezida wa Repubulika yirukanye uwari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Dr Mujawamariya Jeanne D’Arc kubera ibyo akurikiranyweho kuri uyu wa Kane taliki ya 25 Nyakanga 2024.
-
Uruzinduko rwa Karidinali Ambongo mu Rwanda rwateje sakwe sakwe muri DR Congo
27 November 2024, by Joseph IradukundaUruzinduko rwa Karidinali Fridolin Ambongo, Arikepiskopi wa Kinshasa akaba n’umukuru w’Ihuriro ry’Inama z’Abepiskopi muri Afurika na Madagasikari (SECAM) uri i Kigali mu Rwanda rwagarutsweho n’abantu benshi mu buryo butandukanye mu gihugu cye.
-
Perezida wa Pologne na Madamu we bageze mu Rwanda
6 February 2024, by Dusingizimana RemyPerezida wa Pologne Andrzej Duda na Madamu we Agata Kornhauser-Duda bageze mu Rwanda, aho baje mu ruzinduko rw’akazi.
-
Dr Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe azagezwa imbere y’urukiko kuri uyu wa Kane
15 July 2020, by Dusingizimana RemyDr.Pierre-Damien Habumuremyi ukuriye urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta y’Ishimwe,uri mu maboko y’Ubugenzacyaha kubera ibyaha by’ubuhemu akurikirwanyweho, ejo ku wa Kane tariki ya 16 Nyakanga azagezwa imbere y’Urukiko aburana ku ifunga n’Ifungurwa by’agateganyo.
-
Amwe mu magambo y’Abayobozi b’u Rwanda yakunzwe na benshi
4 April 2023, by Dusingizimana RemyBamwe mu banyapolitiki batandukanye mu Rwanda bagiye bavuga imbwirwaruhame zasigaye mu mitima ya benshi ndetse bamwe batangira kuzikoresha mu buzima busanzwe.
Izi mbwirwaruhame zagumye mu mitwe ya benshi ziganjemo iza Perezida Kagame,aburira abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda n’abakora ibinyuranye n’amategeko ariko akanagira inama abantu uko batera imbere.
Imbwirwaruhame ya mbere yakoze ku mitima ya benshi na nubu bamwe mu banyarwanda bakoresha ni iyo Perezida Kagame yaburiye (…) -
Uganda yemeje umuntu wa mbere w’icyorezo cya Coronavirus hafatwa n’izindi ngamba nshya zikomeye
22 March 2020, by Martin MunezeroIzindi ngamba igihugu Leta y’igihugu cya Uganda yafashe nyuma yo kwemeza umurwayi wa mbere w’icyorezo cya Coronavirus, indege ziva hanze ntizemerewe kugwa ku kibuga icyo ari cyo cyose cyo muri iki Gihugu, Nta munyamaguru,cyangwa umunya-Uganda wemerewe kuva cyangwa kwinjira muri iki gihugu.
-
U Rwanda rwungutse Abapolisi bashya barenga 890
7 July 2018, by Nsanzimana ErnestIgipolisi cy’u Rwanda cyungutse abapolisi bashya 892 barangije amahugurwa bahita boherezwa mu kazi gufatanya n’abandi basanzwe mu kazi.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yashimiye Arsenal yagarutse mu bihe byiza igatsinda mukeba Tottenham
Sankara yabwiye urukiko impamvu yinjiye muri FLN n’ubufasha Zambia yabahaye
Perezida Kagame yagaragaje ko ibiganiro bya Washington biri mu cyerekezo cyiza
RIB yatangaje ibyo Mujawamariya akurikiranweho
Uruzinduko rwa Karidinali Ambongo mu Rwanda rwateje sakwe sakwe muri DR Congo
Perezida wa Pologne na Madamu we bageze mu Rwanda
Dr Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe azagezwa imbere y’urukiko kuri uyu wa Kane
Amwe mu magambo y’Abayobozi b’u Rwanda yakunzwe na benshi