Nyakubahwa Perezida Paul Kagame,yavuze ko ameze neza nyuma y’imyaka 19 amaze ayobora u Rwanda ndetse agifite imbaraga nyinshi zo gufasha abanyarwanda kugera ku iterambere rirambye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yatangaje uko yiyumva nyuma y’imyaka 19 amaze ayobora u Rwanda anakomoza kubyo kongera kwiyamamaza
16 December 2019, by Dusingizimana Remy -
Sena y’u Rwanda yashimiye Perezida Kagame kubera uruhare rwe mu gutuma #CHOGM 2022 igenda neza
28 June 2022, by Dusingizimana RemyInyeko ishinga amategeko umutwe wa Sena yashyize hanze Ubutumwa bw’ishimwe bwo gushimira Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame kubera uruhare yagize kugira ngo inama ya #CHOGM2022 igende neza kandi igere ku ntego zayo, n’Abanyarwanda bose bakaba baratewe ishema n’imitegurire n’imigendekere myiza y’iyi nama.
Mu butumwa yashyize hanze,Sena ivuga ko ishingiye ku kuntu abakuru b’ibihugu bitabiriye iyi nama bashimye uko bakiriwe ndetse n’abandi bantu bagashima uko u Rwanda (…) -
#AFCON2021:Ikipe ya Senegal yegukanye igikombe cya mbere mu mateka yayo
7 February 2022, by Dusingizimana RemyIkipe y’Igihugu ya Senegal y’umupira w’amaguru yegukanye igikombe cy’Afrika cy’ibihugu nyuma yo gutsinda ikipe ya Misiri Penaliti 4-2,nyuma y’aho iminota 120 irangiye banganya 0-0.
Iminota 120 yaranzwe no guhangana gukomeye kw’amakipe yombi yanganyije 0-0, gusa Senegal yagaragaje imbaraga nyinshi mu mukino,niyo amahirwe yasekeye kuri penaliti.
Ikipe ya Misiri yishingikirije ku buhanga buhanitse bw’umuzamu wayo,Mohamed Gabaski wakuyemo amashoti menshi ya Senegal abageze mu minota 30 (…) -
Perezida Kagame yasabye abanyaburayi kugabanya kumva ko bari hejuru mu kubahiriza uburenganzira bwa muntu
24 June 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Paul Kagame yasabye ibihugu byo ku mugabane w’Uburayi kugabanya kwishyira hejuru bumva ko bari hejuru ku bijyanye no kubahiriza uburenganzira bwa muntu kurusha indi migabane kuko hari ingero nyinshi z’ibyo bakora zibuhonyora.
-
Urupfu rwa Buravan rwashegeshe EAC yose-Abanyapolitiki bananiwe kwihangana
18 August 2022, by Dusingizimana RemyUmuhanzi Burabyo Yvan uzwi ku izina rya Yvan Buravan yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu aguye mu bitaro byo mu Buhinde aho yari yaragiye kwivuriza indwara ya Kanseri y’Urwagashya ari nayo yamuhitanye.
Ku mbuga nkoranyambaga, abanyarwanda n’abanyamahanga b’ingeri zose bakomeje kwandika ubutumwa bugaragaza akababaro batewe n’urupfu rw’uyu muhanzi wari muto ariko wari umaze kubaka izina muri muzika.
Abanya politiki yaba abo mu Rwanda no muri aka karere ka Afurika (…) -
Chuck Norris yapfuye
20 March, by ISIMBI EstellaCarlos Ray wamamaye muri sinema by’umwihariko muri filime nka Chuck Norris yapfuye afite imyaka 86 nk’uko umuryango we wabitangaje kuri uyu wa 20 Werurwe 2026.
-
Musinguzi Frank yasubijwe Motel ye yari yarambuwe n’uwahoze ari umusirikare ukomeye
7 September 2023, by Dusingizimana RemyMusinguzi Fred ukorera imirimo y’ubushabitsi mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, yamaze gusubizwa Hoteli ye yari yarambuwe n’uwahoze ari umusirikare mu ngabo z’u Rwanda.
-
Burundi: Abagenzi bahejejwe ku mupaka kubera pasiporo ziriho kashe ya M23
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbanyagihugu benshi bo mu Burundi bamaze iminsi baraheze ku mupaka wa Kobero, mu Ntara ya Muyinga (mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’u Burundi), hagati y’u Burundi na Tanzaniya, nyuma yo kwamburwa impapuro z’inzira na serivisi zishinzwe abinjira n’abasohoka.
-
3 bahoze ari abayobozi bakomeye bagizwe abahuza mu biganiro bya Luanda na Nairobi
25 February 2025, by Joseph IradukundaUhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya, Olusegun Obasanjo wahoze ari uwa Nigeria na Hailemariam Desalegn Boshe wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, bagizwe abahuza b’ibiganiro bya Nairobi na Luanda bigamije gushakira amahoro uburasirazuba bwa Congo.
-
Abademokarate barashaka kweguza vuba Perezida Trump kugira ngo atazongera kwiyamamaza
11 January 2021, by Dusingizimana RemyNancy Pelosi, umukuru w’umutwe w’abadepite mu nteko ishingamategeko ya Amerika akomeje gushyira igitutu kuri visi perezida Mike Pence ngo yeguze Donald Trump kubera uruhare rwe mu myigaragambyo yabaye ku nteko ishingamategeko.
Umuryango.rw
Sena y’u Rwanda yashimiye Perezida Kagame kubera uruhare rwe mu gutuma #CHOGM 2022 igenda neza
#AFCON2021:Ikipe ya Senegal yegukanye igikombe cya mbere mu mateka yayo
Urupfu rwa Buravan rwashegeshe EAC yose-Abanyapolitiki bananiwe kwihangana
Chuck Norris yapfuye
Musinguzi Frank yasubijwe Motel ye yari yarambuwe n’uwahoze ari umusirikare ukomeye
Burundi: Abagenzi bahejejwe ku mupaka kubera pasiporo ziriho kashe ya M23
3 bahoze ari abayobozi bakomeye bagizwe abahuza mu biganiro bya Luanda na Nairobi