Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, byavuzwe ko yanze umugambi wa Israel wo kwica Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Trump yabujije Israel kwica Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran
16 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
"Ntegereje ko duhura tukarushaho kunoza umubano w’ibihugu byacu"-Ibaruwa Perezida Kagame yandikiye mugenzi we Ndayishimiye
2 July 2021, by Dusingizimana RemyKuwa 28 Kamena 2021,Perezida Kagame yandikiye ibaruwa mugenzi we Evariste Ndayishimiye amushimira ko yamutumiye mu birori byo kwizihiza imyaka 59 u Burundi bumaze bubonye ubwigenge ndetse amubwira ko yifuza ko bazahura bakanoza umubano w’ibihugu byombi.
-
REG na WASAC byisobanuye kuri ruswa ikomeje kubivuzamo ubuhuha
13 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuDepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Mvano Nsabimana Etienne, yagaragaje ko kuba ibigo bya REG na WASAC byaraje ku isoga mu kurangwamo ruswa, biteye isoni ku bigo nk’ibi bitanga serivisi z’amashanyarazi n’amazi abaturage bakenera umunsi ku wundi.
-
U Rwanda rwahaye Afurika izindi ntumwa z’amahoro
21 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Umutekano mu gihugu, Dr Vincent Biruta yashimiye ibihugu byohereje abanyeshuri mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda (National Police College) riherereye mu Karere ka Musanze, aho yavuze ko ari kimwe mu bihamya ko ibihugu bya Afurika bikataje mu kwikemurira ibibazo.
Yabitangarije mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwandakuwa 20 Gicurasi mu muhango wo gutanga impamyabumenyi ku bapolisi bakuru 34 bamaze umwaka bakarishya ubumenyi mu masomo atandukanye. -
Perezida Kagame yahinduriye imirimo abarimo Pudence Rubingisa,Barore ahabwa kuyobora RBA
14 December 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yashyize mu myanya abayobozi barimo Valens Uwineza wagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ibiro bya Perezida, Pudence Rubingisa wagizwe Guverineri w’Iburasirazuba, na Cleophas Barore wari Umunyamakuru wa RBA, wagizwe Umuyobozi Mukuru w’iki Kigo.
-
Abarwaye Coronavirus mu Rwanda babaye 40…Habonetse bane kuri uyu wa kabiri
24 March 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima, yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Werurwe 2020, mu Rwanda hagaragaye abandi barwayi bane ba COVID19 bituma umubare w’abanduye iki cyorezo mu Rwanda ubai abarwayi 40.
-
Bishop Gafaranga yafunguwe
10 October 2025, by Brenda MIZEROUrukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwahanishije Habiyaremye Zacharie wamenyekanye nka Bishop Gafaranga igihano cy’igifungo cy’umwaka umwe usubitswe nyuma yo kumuhamya ibyaha byo guhoza ku nkeke umugore we no gukubita no gukomeretsa.
-
Rusizi:Abajura bambaye imyenda ya Gisirikare bateye umuturage bamwambura amafaranga banamwicira umugore
28 December 2020, by Dusingizimana RemyMu karere ka Rusizi mu murenge wa Gihundwe, Abantu bambaye Impuzankano ya Gisirikare, mu ijoro ryakeye bateye urugo rw’uwitwa Bavugamenshi Fidele baramuhambira, barasa umugore we witwa Mukandayisenga Olive arapfa.
-
Amavubi yakuye inota rya mbere kuri Cape Varde ibitego bikomeza kuba ingorabahizi
12 November 2020, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu Amavubi yihagazeho mu mukino w’umunsi wa 03 wo mu itsinda F mu gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika cya 2022 kizabera muri Cameroon aho yanganyije na Cape Verde 0-0 mu mukino wabereye muri iki kirwa.
-
Rizigisha abapilote 80 ku mwaka: Ibishya ku shuri ry’iby’indege rizuzura mu Rwanda mu 2028
19 December 2025, by Brenda MIZEROMinisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko ishuri rizigisha gutwara indege n’ibindi bijyanye n’ubwikorezi bwo mu kirere rizaba ryatangiye gukora mu 2028 ubwo n’ikibuga cy’Indege kiri kubakwa mu Bugesera na cyo kizaba cyatangiye gukoreshwa.
Umuryango.rw
Trump yabujije Israel kwica Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran
"Ntegereje ko duhura tukarushaho kunoza umubano w’ibihugu byacu"-Ibaruwa Perezida Kagame yandikiye mugenzi we Ndayishimiye
REG na WASAC byisobanuye kuri ruswa ikomeje kubivuzamo ubuhuha
U Rwanda rwahaye Afurika izindi ntumwa z’amahoro
Perezida Kagame yahinduriye imirimo abarimo Pudence Rubingisa,Barore ahabwa kuyobora RBA
Abarwaye Coronavirus mu Rwanda babaye 40…Habonetse bane kuri uyu wa kabiri
Bishop Gafaranga yafunguwe
Rizigisha abapilote 80 ku mwaka: Ibishya ku shuri ry’iby’indege rizuzura mu Rwanda mu 2028