Abayobozi bo mu Bwongereza bari ku gitutu cyo kugabanya ibirarane by’ama dosiye mu gihe leta ikomeje umugambi wo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abayobozi b’u Rwanda na UK bakomeje kunonosora neza amasezerano yo kohereza abimukira
30 November 2023 -
Rubavu: Abitwaje intwaro gakondo batemye abashinzwe umutekano batatu
19 October 2022, by Dusingizimana RemyMu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu abantu bataramenyekana bitwaje imihoro, bateye mu Kagari ka Nengo i Gisenyi mu Karere ka Rubavu, batema abarimo inkeragutabara ebyiri n’umuzamu umwe.
Abatuye mu Mudugudu wa Nyabagobe muri aka Kagari ka Nengo mu Murenge wa Gisenyi, babwiye RADIOTV10 dukesha iyi nkuru ko ubu bugizi bwa nabi bwabaye kuva saa sita z’ijoro kugeza saa munani.
Bavuga ko aba bagizi ba nabi bageraga mu icumi, babanje kuza bakicara ahantu bakahamara iminota 30’, ndetse abaturage (…) -
Rayon Sports yatanze amakuru mashya ku mikino yayo na Al Hilal Benghazi
14 September 2023, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki ya 14 Nzeri 2023 nibwo habayeho kuganira hagati y’ikipe ya Al Hilal Benghazi na Rayon Sports na komiseri w’umukino ukomoka muri Maroc,bemeranya ibijyanye n’amatariki y’umukino.
-
Major Sankara wigambaga gufata ishyamba rya Nyungwe yamaze kugezwa mu Rwanda
30 April 2019, by Dusingizimana RemyUmuvugizi w’umutwe wa FLN,ushamikiye kuri MRCD ya Rusesabagina,Nsabimana Callixte wiyitaga Majoro Sankara wakunze kumvikana ku maradiyo mpuzamahanga no kuri youtube yigamba gufata ishyamba rya Nyungwe,yamaze kugezwa mu Rwanda aho kuri ubu ari mu maboko ya RIB.
-
Ibikubiye muri Raporo Perezida Macron yashyikirijwe ku ruhare rw’Ubufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi
26 March 2021, by Dusingizimana RemyRaporo yahawe Perezida Emmanuel Macron ku bikorwa by’Ubufaransa mu Rwanda hagati ya 1990 na 1994, ivuga ko hari "uruhurirane rw’uruhare ruremereye" rwa leta y’Ubufaransa, gusa ihakana ko iyo leta yagize ubufatanye mu mugambi wa jenoside.
-
Minisitiri Nduhungirehe yashimye intambwe RDC na AFC/M23 byateye
24 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashimye intambwe y’amahoro abahagarariye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 bateye.
-
Imibare iragaragaza ko Abana bata ishuri mu Rwanda bageze kuri 6%
22 September 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Uburezi mu Rwanda, Joseph Nsengimana yagaragaje ko mu mpinduka zikomeye zabaye muri uru rwego mu myaka 30 ishize, ari ukubaka ibikorwaremezo abana bigiramo n’ibibafasha kwiga neza ariko byose bikajyana no gushyiraho uburyo butuma abana bose bakunda ishuri.
-
Ingabire Victoire yagaragarije urukiko impamvu akwiye guhanagurwaho ubusembwa
14 February 2024, by Dusingizimana RemyIkirego Ingabire Victoire Umuhoza yagejeje mu Rukiko Rukuru cyatangiye kuburanishwa aho asaba guhanagurwaho ubusembwa. Ubushinjacyaha bwavuze ko kuva yafungwa atitwaye neza, bityo ko ubusabe bwe butahabwa agaciro.
-
Perezida Kagame yemeje ko ubutegetsi bwa Joseph Kabila aribwo bwakumiriye Rwandair muri RDC
20 June 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Paul Kagame yatangaje ko Joseph Kabila wamaze imyaka isaga 18 ategeka Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo,ariwe wakumiriye Rwandair gukorera ingendo muri iki gihugu.
-
"Nta ntambara u Rwanda ruzateza, ariko niruyishorwamo ruzayirwana"-Mukuralinda
20 January 2023, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itewe impungenge n’itangazo rya Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ryirengagiza ingingo zimwe zo mu masezerano ya Luanda, kandi ryanditsemo ibigaragara nko gushaka gushoza intambara ku Rwanda.
U Rwanda ruvuga ko rutazigera rushaka gutera igihugu icyo aricyo cyose gituranyi ariko ko niruyishozwaho ruzayirwana.
Ibi Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda,yabivugiye kuri televiziyo y’igihugu, nyuma y’umunsi umwe RDC (…)
Umuryango.rw
Abayobozi b’u Rwanda na UK bakomeje kunonosora neza amasezerano yo kohereza abimukira
Rubavu: Abitwaje intwaro gakondo batemye abashinzwe umutekano batatu
Rayon Sports yatanze amakuru mashya ku mikino yayo na Al Hilal Benghazi
Minisitiri Nduhungirehe yashimye intambwe RDC na AFC/M23 byateye
Imibare iragaragaza ko Abana bata ishuri mu Rwanda bageze kuri 6%
Ingabire Victoire yagaragarije urukiko impamvu akwiye guhanagurwaho ubusembwa
"Nta ntambara u Rwanda ruzateza, ariko niruyishorwamo ruzayirwana"-Mukuralinda