U Rwanda rufite intego yo kongera amafaranga yinjira aturutse mu bukerarugendo bushingiye ku kwakira inama n’imurikabikorwa (MICE), aho azagera kuri miliyoni 224$ (miliyari 325 Frw) mu 2028, avuye kuri miliyoni 85$ mu 2024.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Amafaranga u Rwanda rukura mu kwakira inama azarenga miliyari 325 Frw bitarenze 2028
20 October 2025, by Brenda MIZERO -
Kigali: Gukingira Covid-19 abacikanwe byakomereje muri Gare zitandukanye
16 November 2021, by Dusingizimana RemyGuhera kuri uyu wa Kabiri, abantu bo mu Mujyi wa Kigali bafite imyaka 18 kuzamura bacikanwe na gahunda yo kwikingiza #COVID19 bashyiriweho uburyo bwo guhabwa urukingo.
Ni igikorwa kibera muri za gare zinyuranye: Nyabugogo, Nyarugenge (DownTown), Kimironko, Remera na Nyanza.
Harimo gutangwa doze ya mbere niya kabiri ku bantu bose bafite imyaka 18 kuzamura ndetse no gupima abantu bose babishaka.
Ku munsi w’ejo tariki ya 15 Ugushyingo,abanduye Covid-19 mu Rwanda babaye 12 mu gihe (…) -
Perezida Kagame yongeye kugaragaza urugomo Uganda yakoreye u Rwanda
25 March 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika, Paul Kagame yagarutse ku rugomo Uganda yakoreye u Rwanda mu minsi ishize,ubwo yafunguraga ku mugaragaro inama nyafurika y’iminsi ibiri y’abayobozi b’ibigo (Africa CEO Forum),kuri uyu wa Mbere Taliki ya 25 Werurwe 2019.
-
Cucuri yahawe umukino w’abakeba (APR vs Rayon)
7 March 2025, by Joseph IradukundaUmusifuzi mpuzamahanga, Ishimwe Jean Claude uzwi nka ‘Cucuri’, ni we wahawe kuzayobora umukino uzahuza APR FC na Rayon Sports.
-
Nyagatare:Abanyerondo 6 b’umwuga bakubiswe bikomeye n’abasinzi bajyanwa mu bitaro banegekaye
6 February 2019, by Martin MunezeroFoto:Internet
Abanyerondo 6 b’ umwuga bo mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Katabagemu mu tugari dutandukanye bajyanywe mu bitaro banegekaye nyuma yo gukubitwa n’ abasinzi bari mu kabari saa sita z’ ijoro.
-
Perezida Kagame yakiriye Jean Todt wa Loni na Michelle Yeoh wamamaye muri filimi
6 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yakiriye Intumwa yihariye ya Loni mu bijyanye n’umutekano wo mu muhanda, Jean Todt n’umugore we, Michelle Yeoh, wamamaye cyane muri filimi.
-
Bazakomeza gukorera igihugu batiganda – Intero y’Abasenateri bashyizweho na Perezida Kagame
22 October 2025, by Brenda MIZEROAbasenateri bane barimo Prof. Dusingizemungu Jean Pierre, Dr. Uwamariya Valentine, Gasana Alfred na Uwizeyimana Evode bashyizweho na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, babinyujije ku mbuga nkoranyambaga, bashimira Umukuru w’Igihugu wabahaye inshingano, bagaragaza ko intego ari ugukomeza gukorera igihugu batiganda.
-
Rusesabagina yabereye ikigwari Abatutsi bari bahungiye muri Mille Collines-UBUHAMYA BWA Bernard Makuza
2 September 2020, by Martin MunezeroUbwo imbaga y’Abatutsi barenga 1000 bahungiraga kuri Hoteli Mille Collines iherereye rwa gati mu mujyi wa Kigali, mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, Bernard Makuza wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda ndetse akanaba Perezida wa Sena, yatangaje ko ari mu bo Paul Rusesabagina yatereranye.
-
Uburenganzira bw’Abanyarwanda ntibushingiye kuri Uganda- Minisitiri Sezibera
5 March 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda,Dr Richard Sezibera yemeje ko u Rwanda ari igihugu cyiyubashye kidakeneye guhabwa uburenganzira n’ibindi bihugu birimo Uganda n’andi mahanga.
-
Minisitiri Nduhungirehe yakebuye abishongora ku bindi bihugu bishimira ibyo u Rwanda rwagezeho
25 January, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yakebuye Abanyarwanda bishongora ku bandi Banyafurika mu gihe bishimira ibyo u Rwanda rwagezeho.
Umuryango.rw
Amafaranga u Rwanda rukura mu kwakira inama azarenga miliyari 325 Frw bitarenze 2028
Kigali: Gukingira Covid-19 abacikanwe byakomereje muri Gare zitandukanye
Cucuri yahawe umukino w’abakeba (APR vs Rayon)
Perezida Kagame yakiriye Jean Todt wa Loni na Michelle Yeoh wamamaye muri filimi
Bazakomeza gukorera igihugu batiganda – Intero y’Abasenateri bashyizweho na Perezida Kagame
Rusesabagina yabereye ikigwari Abatutsi bari bahungiye muri Mille Collines-UBUHAMYA BWA Bernard Makuza
Minisitiri Nduhungirehe yakebuye abishongora ku bindi bihugu bishimira ibyo u Rwanda rwagezeho