Intumwa yihariye ya Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, Adonia Ayebare, yagarutse ku rugendo Pierre Nkurunziza yanyuzemo kugirango abe perezida w’u Burundi, n’inzira zitandukanye yagiye anyuramo harimo no kugendera ku byangombwa by’inzira bya Uganda byari byanditse mu mazina ya Sula Kato.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Nyakwigendera Pierre Nkurunziza yahawe amazina ya ’Sula Kato’ na Leta ya Uganda kuri Passport
16 June 2020, by Martin Munezero -
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye igitaramo cya Doja Cat i Kigali (Amafoto)
18 March, by ISIMBI EstellaMadamu Jeannette Kagame yari mu bihumbi by’abaturarwanda n’abanyamahanga bitabiriye igitaramo Doja Cat yakoreye muri BK Arena, mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 17 Werurwe 2026.
-
Guverinoma yijeje ko umuturage azinjiza amadolari 1 360 muri 2029
13 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi Gahunda ya Kabiri y’Igihugu yo Kwihutisha Iterambere (NST2, 2024-2029), aho umusaruro umuturage azinjiza uzava ku mpuzandengo y’Amadolari ya Amerika 1,040 mu mwaka wa 2023 ugere ku Madolari arenga gato 1,360 mu 2029.
-
"Umwanya wa Perezida si uwo gukinisha”_Perezida wa NEC avuga kuri Kandidatire zanzwe
20 June 2024, by Dusingizimana RemyMadamu Oda Gasinzigwa,uyobora Komisiyo y’igihugu y’amatora,NEC, yatangaje ko nta muntu ukwiye gutekereza ko gushaka kuba Perezida byoroshye, kuko abaturage baba biteze byinshi ku mukandida.
-
Perezida Kagame yashimiye Mamadi Doumbouya watorewe kuyobora Guinée-Conakry
5 January, by Brenda MIZEROPerezida Kagame yashimiye mugenzi we wa Guinée-Conakry, Mamadi Doumbouya, watorewe kuyobora iki gihugu.
-
Mozambique: Inzego z’Umutekano z’u Rwanda zahaye abaturage ubwato
19 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInzego z’umutekano z’u Rwanda (RSF) ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Mozambique, zashyikirije ubwato bwo kwifashisha mu kuroba Koperative y’abarobyi ya Mashalla ikorera mu Karere ka Palma, Intara ya Cabo Delgado.
-
Perezida Kagame yunamiye Prof. Calestous Juma
16 December 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yihanganishije umuryango w’ Umunyakenya wigishaga muri Kaminuza ya Havard muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika witabye Imana ubwo yari arimo kuvurirwa Boston, muri Leta ya Massachusetts.
Perezida Kagame mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter yagize ati “Tubabajwe no kumva ko Prof. Calestous Juma yatabarutse. Tubuze intiti yitangiraga guhanga udushya, uburezi n’ uburumbuke bw’ Afurika. Twihanganishije umuryango we n’ inshuti. Aruhukire mu mahoro”
Muri (…) -
U Rwanda rwikomye RDC ishoza imirwano yatsindwa ikiriza
10 December 2025, by Brenda MIZEROGuverinoma y’u Rwanda yongeye kwamagana abayobozi ba RDC bayishinja kurenga ku masezerano, nyamara ari bo barenga ku gahenge bagashoza intambara ihitana ubuzima bw’abaturage, bakavuga ibinyoma ko intandaro ari u Rwanda.
-
Perezida wa Zambia yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Gisozi
21 June 2023, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida wa Zambia, Hakainde Hichilema uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Kigali ruri ku Gisozi.
Perezida Hakainde yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri.
Gusura urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali biri mu byari kuri gahunda ye kugira ngo asobanurirwe amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi igahitana abarenga miliyoni mu minsi 100.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu ni bwo yageze ku (…) -
Hamenyekanye icyifuzo RDC yifuza kuri AFC/M23 mu biganiro byo muri Qatar
11 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwagaragaje ko bwifuza ko abarwanyi b’ihuriro rya AFC/M23 bava mu bice byose bagenzura mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo mbere yo kumvikana.
Umuryango.rw
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye igitaramo cya Doja Cat i Kigali (Amafoto)
Guverinoma yijeje ko umuturage azinjiza amadolari 1 360 muri 2029
"Umwanya wa Perezida si uwo gukinisha”_Perezida wa NEC avuga kuri Kandidatire zanzwe
Perezida Kagame yashimiye Mamadi Doumbouya watorewe kuyobora Guinée-Conakry
Mozambique: Inzego z’Umutekano z’u Rwanda zahaye abaturage ubwato
U Rwanda rwikomye RDC ishoza imirwano yatsindwa ikiriza
Perezida wa Zambia yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Gisozi
Hamenyekanye icyifuzo RDC yifuza kuri AFC/M23 mu biganiro byo muri Qatar