Guverinoma y’u Rwanda yahawe imashini ebyiri zifite agaciro k’abarirwa muri miliyoni 150 Frw, zizifashishwa mu gusuzuma Covid-19, ku bipimishije hakoreshejwe uburyo bwa RT-PCR [Real Time Polymerase Chain Reaction Test].
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwahawe imashini 2 zipima Covid-19 ku rwego ruhanitse
2 June 2021, by Dusingizimana Remy -
Hashyizweho amabwiriza mashya agamije gukumira ubujura n’ibindi byaha bikorwa hifashishijwe telefoni
21 August 2024, by EmmyUrwego Ngenzuramikorere mu Rwanda ’RURA’, rwashyize ahagaragara amabwiriza agamije gukumira ubujura n’ibindi byaha bikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga, by’umwihariko ibikorerwa kuri telefone.
-
Kenya: Uhuru Kenyatta yatowe kuri 98%, abamaze gupfa ni bane-AMAFOTO
26 October 2017, by Nsanzimana Ernest– Kenyatta yatowe kuri 98%
– abaguye mu myigaragambyo ni bane
– Abantu barenga imiliyoni 19 nibo bagombaga gutora
– Amatora yitabiriwe na 40%
– Mu gace ka Kitui amatora yakerewe bitewe ni uko bisi yari itwaye ibikoresho by’ itora yakoze impanuka
– Uyoboye Komisiyo ishizwe amatora IEBC, Wafula Chebukati, yavuze ko amatora ashobora kwigezwa imbere haramutse habaye umutekano muke -
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abayoboye Ikigo cya Afurika gishinzwe Imiti
14 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagiranye ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru n’abayobozi b’Ikigo cy’Afurika gishinzwe Imiti (African Medicines Agency/AMA) ku wa Mbere tariki ya 13 Ukwakira 2025. Ni ibiganiro bigamije gusuzuma aho ibikorwa by’iki kigo bigeze, no kureba gahunda yo kwihutisha ukocyatangira gukorera i Kigali.
-
Inyubako yo hejuru yo mu gakiriro ka Gisozi yahiye irakongoka [AMAFOTO]
13 November 2020, by Dusingizimana RemyAgakinjiro ka Gisozi ko mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo , munyubako ikorerwamo ubucuruzi yibasiwe n’inkongi ikomeye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ibintu byarimo byose birashya birakongoka.
-
Raporo ya muganga yateje impaka mu rubanza rwa Davis D na Kevin Kade
12 May 2021, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge, rwatangiye kuburanisha ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo abahanzi Davis D na Kevin Kade n’umufotozi witwa Habimana Thierry bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umukobwa utagejeje imyaka y’ubukure.
-
Urukiko rw’Ikirenga rwemeye kwakira ikirego cya Ingabire Victoire
16 January, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’Ikirenga rwategetse ko ikirego cyatanzwe na Ingabire Victoire Umuhoza agaragaza ko ingingo ya 106 y’itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza nshinjabyaha inyuranye n’ibiteganywa na zimwe mu ngingo z’Itegeko Nshinga cyakirwa kikazasuzumwa.
-
Perezida Tshisekedi ukomeje kwanikira abo bahanganye yakoze igikorwa gitangaje
25 December 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Felix Tshisekedi yohereje ingabo zidasanzwe mu gihugu hose cyane cyane mu bice byiganjemo abashyigikiye abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwe.
-
Kampala: Perezida Museveni yagiranye ibiganiro na Ambasaderi Claver Gatete
7 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe Uganda yitegura kwakira inama mpuzamahanga ya Africa Region Forum on Sustainable Development ya 11 Perezida Museveni kuwa Gatatu yakiriye itsinda ry’intumwa riturutse muri Komisiyo y’Ubukungu y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe Afurika ziyobowe na Amb. Claver Gatete.
-
Impamvu yateye umunyarwanda Sebuyange w’ imyaka 90 gukora ubukwe n’ umukecuru bamaranye 63 yamenyekanye
23 April 2018, by Nsanzimana ErnestKu Cyumweru tariki 22 Mata 2018 nibwo Umunyarwanda Sebuyange na Nyirabakire bo mu Murenge wa wa Muhondo mu Karere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru bakoze ubukwe bw’ amateka basezerana Imana kubana akaramata bamaze imyaka 63 babana. Icyateye uyu musaza gusezerana ngo ni ibyo yabonye mu itabaro aherutse kujyamo.
Umuryango.rw
Hashyizweho amabwiriza mashya agamije gukumira ubujura n’ibindi byaha bikorwa hifashishijwe telefoni
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abayoboye Ikigo cya Afurika gishinzwe Imiti
Urukiko rw’Ikirenga rwemeye kwakira ikirego cya Ingabire Victoire
Perezida Tshisekedi ukomeje kwanikira abo bahanganye yakoze igikorwa gitangaje
Kampala: Perezida Museveni yagiranye ibiganiro na Ambasaderi Claver Gatete