Nyuma y’iminsi mike hagaragaye ko urujya n’uruza rw’abaturage bakorera ingendo mu Rwanda na Uganda rwagabanutse bitewe n’ifungwa ry’umupaka uhuza ibi bihugu byombi,Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Ruhakana Rugunda yagarutse ku kibazo cyabayeho hagati y’ibi bihugu byombi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri w’Intebe wa Uganda yavuze ku kibazo cyabayeho hagati y’u Rwanda na Uganda cyatumye hafungwa imipaka ihuza ibi bihugu byombi
4 March 2019, by Martin Munezero -
Perezida Kagame yatanze isezerano ku mupira wo mu Rwanda anagira inama abayobozi ba ruhago muri Afurika
15 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame n’Umwami wa Maroc, Mohamed VI bahawe igihembo cy’indashyikirwa n’Ishyiramwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, kubera umusanzu wabo mu iterambere rya ruhago yo kuri uyu mugabane.
Muri ibi birori byabereye i Kigali kuri uyu wa 14 Werurwe 2023,Perezida Kagame yavuze ko igihembo yahawe, ari kimwe mu bintu umuntu aba atiteze ko yabona.
Yavuze ko yacyakiriye n’amaboko yombi kubera agaciro kacyo, ashimira CAF ku bwo kukimushyikiriza.
Umukuru w’Igihugu yavuze ko umupira (…) -
Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga yavuze ku mashusho akomeje gukwirakwizwa ivuga ko ubu abanyarwanda bajya muri Uganda nta kibazo
11 January 2020, by Martin MunezeroMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Biruta Vincent, yemeje ko nta kirahinduka ku nama yatanzwe yo gusaba abanyarwanda kwirinda kujya muri Uganda kubera ibibazo by’umutekano wabo.
-
Gatuna: Hatangajwe igihe abanyarwanda bazasubirira muri Uganda
21 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu taliki ya 21 Gashyantare 2020 nibwo abakuru b’ibihugu by’u Rwanda,Uganda,Angola,na RDC bahuriye mu nama ya 4 yiga ku kuzahura umubano w’ibihugu byombi aho yarangiye hafahwe imyanzuro 4 y’ingenzi.
-
U Rwanda na RDC bizafatanya kurinda umupaka- Nduhungirehe ku byitezwe mu biganiro bya Washington
11 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko hashingiwe ku biganiro byabereye i Washington D.C muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Rwanda na RDC bizifatanya kurinda umupaka wabyo.
-
Congo n’u Rwanda i Washington hari imyanzuro mishya yafashwe
4 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIntumwa z’u Rwanda n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zongeye guhurira i Washington DC muri Leta zunze Ubumwe za Amerika mu nama ya kabiri y’Akanama gashinzwe kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’Amasezerano y’Amahoro yasinywe ku ya 27 Kamena, 2025.
-
U Rwanda na Mauritania basinyanye amasezerano yo kwagura ishoramari
14 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta y’u Rwanda na Mauritania basinyanye amasezerano yo kwagura imikoranire no guteza imbere ishoramari rihuriweho.
-
Facebook yakuye ’ijwi rya Trump’ ku rubuga rwayo
1 April 2021, by Dusingizimana RemyFacebook yakuye videwo y’uwahoze ari Perezida w’Amerika Donald Trump kuri paji y’umukazana we Lara Trump.
-
#Umuganura2019:Uturere 4 twagaragaje umusaruro mwiza kurusha utundi twahebwe[AMAFOTO]
2 August 2019, by Martin MunezeroKuri uyu wa 2 Kanama 2019 mu karere ka Nyanza habereye ibirori bisoza icyumweru cy’Umuganura cyatangiye tariki 29 Nyakanga 2019. Ibi birori byabereye mu karere ka Nyanza ku rwego rw’igihugu.
-
Amerika yashimye u Rwanda ku kurwanya Ruswa,irushinja Kubangamira Uburenganzira bwa Muntu
15 April 2022, by Joseph IradukundaIcyegeranyo cya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Amerika cyasohotse kuri uyu wa 13 mata 2022, cyashimye intambwe u Rwanda rwateye mu kurwanya Ruswa no gukurikirana abo biba byagaragaye ko bayigizemo uruhare.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yatanze isezerano ku mupira wo mu Rwanda anagira inama abayobozi ba ruhago muri Afurika
U Rwanda na RDC bizafatanya kurinda umupaka- Nduhungirehe ku byitezwe mu biganiro bya Washington
Congo n’u Rwanda i Washington hari imyanzuro mishya yafashwe
U Rwanda na Mauritania basinyanye amasezerano yo kwagura ishoramari
Amerika yashimye u Rwanda ku kurwanya Ruswa,irushinja Kubangamira Uburenganzira bwa Muntu