Nyuma y’aho Leta Zunze Ubumwe za Amerika zisubitse ‘ku munota wa nyuma’ inama yari guhuriza Perezida Paul Kagame na Félix Tshisekedi, i Washington D.C ku wa 13 Ugushyingo 2025, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bitegereje itariki nshya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Hategerejwe itariki nshya y’inama izahuriza Perezida Kagame na Tshisekedi i Washington
12 November 2025, by Brenda MIZERO -
Harakekwa akagambane na ruswa mu guteza cyamunara umutungo wa SINAPISI Rwanda
7 February 2018, by Nsanzimana ErnestUmwe mu mitungo y’ umuryango ufasha abatishoboye Sinapisi Rwanda watejwe cyamura ngo hishyurwe ideni rya banki. Sinapisi Rwanda igaragaza ko muri iyo cyamunara umutungo wayo wateshejwe agaciro dore ko wagurishijwe miliyoni 24 nyamara umugenagaciro yari yarawuhaye agaciro ka miliyoni 74 akongeraho ko amake uwo mutungo wagurwa ari miliyoni 52.
Ecobank yirinze kugira icyo itangaza kuri iki kibazo gusa Banki nkuru y’ u Rwanda ivuga ko mu kugurishwa imitungo y’ abaturage cyamunara hari igihe (…) -
Kuki Abanyarwanda basabwa ruswa kuri serivisi zitangirwa ubuntu, bakaryumaho?
4 December 2025, by Brenda MIZEROUbushakashatsi kuri ruswa mu Rwanda (Rwanda Bribery Index 2025) bwagaragaje ko Abanyarwanda 9,5% gusa mu basabwe ruswa cyangwa abayitanze ari bo batanze amakuru ku nzego zishinzwe kuyirwanya, mu gihe 90,5% baruciye bakarumira.
-
Ibyerekeye inama yabereye i Paris yahuye abahagarariye u Rwanda, u Burundi, Uganda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo.
30 October 2025, by ISIMBI EstellaKuri uyu wa 30 Ukwakira 2025, i Paris mu Bufaransa hagiye kuba inama mpuzamahanga igamije gufasha akarere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari kubona amahoro no kugera ku iterambere rirambye.
-
Amerika ikomeje gusukiranya ibihano kuri Uganda kubera itegeko ribangamira Abatinganyi
30 May 2023, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Mbere nibwo Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Anita Among, yatangaje ko Perezida Museveni yashyize umukono ku itegeko rihana abaryamana bahuje ibitsina.
-
Mushikiwabo natorerwa kuyobora Francophonie aregura ku buminisitiri amazeho imyaka 10
12 October 2018, by Nsanzimana ErnestUyu munsi tariki 12 Ukwakira 2018 nibwo mu gihugu cya Armenia hateganyijwe amatora y’ Umunyamabanga w’ Umuryango uhuza ibihungu bikoresha ururimi rw’ Igifaransa Francophonie. Abakandida ni babiri Louise Mushikiwabo n’ umunya- Canada usanzwe awuyobora Michaelle Jean.
-
Manirareba wareze Msgr Ntihinyurwa yaciwe ibihumbi 950
19 April 2018, by Nsanzimana ErnestManirareba Herman wareze Arikipiskopi wa Kigali, Ntihinyurwa Thaddée, amushinja gutesha agaciro Abanyarwanda bose no guca umuco gakondo wabo wari ushingiye kuri kirazira akawusimbuza uw’abaheburayo ushingiye kuri Kiliziya Gatolika y’i Roma, urukiko rukuru rwatesheje agaciro ikirego cye runamutegeka kwishyura ibihumbi 950.
-
Perezida Kagame yongeye kugaragaza indi mpano afite muri Siporo [AMAFOTO]
25 April 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame nyuma y’ igihe kirekire abantu baziko akina umukino wa tennis kuri ubu yagaragaje asigaye akina umukino wa Basketball.
-
Zimbabwe yashimiye Perezida Kagame wayisabiye gukurirwaho ibihano
7 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubucuruzi Mpuzamahanga wa Zimbabwe, Prof. Dr. Amon Murwira, yagaragaje ko igihugu cye gishimira cyane uruhare Perezida Paul Kagame yagize, mu kugifasha kumvikanisha ijwi ryacyo mu rugamba rwo gukurirwaho ibihano by’ubukungu.
-
Amb. Rwamucyo yashyikirije Perezida wa Eritrea impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda
9 December 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi Ernest Rwamucyo, yashyikirije Perezida wa Eritrea, Isaias Afwerki impapuro zimwerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.
Umuryango.rw
Hategerejwe itariki nshya y’inama izahuriza Perezida Kagame na Tshisekedi i Washington
Kuki Abanyarwanda basabwa ruswa kuri serivisi zitangirwa ubuntu, bakaryumaho?
Ibyerekeye inama yabereye i Paris yahuye abahagarariye u Rwanda, u Burundi, Uganda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo.
Amerika ikomeje gusukiranya ibihano kuri Uganda kubera itegeko ribangamira Abatinganyi
Zimbabwe yashimiye Perezida Kagame wayisabiye gukurirwaho ibihano
Amb. Rwamucyo yashyikirije Perezida wa Eritrea impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda