Hamaze iminsi havugwa ikibazo cyo mu midugudu ya Kibariro ya I, Kangondo ya I n’iya II mu kagali ka Nyarutarama aho hari abaturage barahiye ko batazimukira mu mazu bubakiwe mu Busanza n’umushoramali Denis Karera nk’ingurane y’ubutaka bwabo ashaka kubakaho amazu agezweho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ikibazo cy’abatuye Bannyahe ni ihurizo kuri Busingye, ava indi imwe na nyiri amazu basabwa kwimukiramo
27 April 2019, by Ubwanditsi -
Ingengabitekerezo ya Jenoside ntiganirwaho uko bikwiye- Dr. Bizimana
20 October 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) Dr Bizimana Jean Damascene, yatangaje ko mu Rwanda byagaragaye ko hari aho ingengabitekerezo ya Jenoside itaganirwaho uko bikwiye, ahubwo usanga hari abayihunga.
-
Perezida Kagame na Lappartient mu kugeza Tour du Rwanda ku rwego rw’Isi
24 February 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Paul Kagame yaganiriye na Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare ku Isi, David Lappartient, byagarutse ku buryo Tour du Rwanda yazamurirwa urwego ikagera ku rwego rwa mbere rw’Isi ‘World Tour’.
-
Abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda bararota ntibazazikabya-IGP Munyuza
16 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza araburira ko abatekereza guhungabanya umutekano bibeshya, ahubwo ko baza bagafatanya n’abandi gukomeza kuwubungabunga.
-
U Rwanda Rugiye Kuvugurura Ingengo Yarwo Y’Imari
6 February 2025, by Joseph IradukundaMinisiteri y’imari n’igenamigambi yatangaje ko ifite gahunda yo kuvugurura ingengo y’imari y’u Rwanda ikiyongeraho Miliyari Frw 126.3 azakoreshwa mu mwaka wa 2024/2025.
-
Abantu benshi barimo Clarisse Karasira banenze bikomeye igikorwa Polisi y’u Rwanda yakoreye abageni
6 April 2021, by Martin MunezeroKuri uyu wa Mbere abantu 57 barimo n’abageni bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda #COVID-19, aho bakoreye ubukwe mu rugo rwa nyiri hotel Rainbow isanzwe ifunze kubera kutubahiriza amabwiriza maze bajyanwa muri Sitade,igikorwa cyanenzwe n’abanyarwanda batari bake barimo n’umuhanzikazi Clarisse Karasira.
-
Gabiro: Hafi 500 mu nzego zitandukanye z’umutekano basoje imyitozo
9 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatandatu, itariki 8 Gashyantare, abasirikare n’abapolisi bakuru n’abato, n’ab’Urwego rushinzwe amagereza mu Rwanda (RCS) barangije neza amasomo y’umwuga wa gisirikare y’amezi ane n’igice mu kigo cy’imyitozo yo kurwana cya RDF i Gabiro.
-
Perezida Kagame yemereye Amavubi agahimbazamusyi no kongera kuyashyigikira kubera ibyo yakoreye muri CHAN 2020
7 February 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yaganiriye n’abakinnyi b’Amavubi bageze muri 1/4 cya CHAN 2020 iri kubera muri Cameroon aho umukino wa nyuma urakinwa kuri iki cyumweru.
-
Mu birori byari binogeye ijisho umunyamakuru w’imyidagaduro Mike Karangwa yasabye anakwa Isimbi[AMAFOTO]
18 February 2019, by Martin MunezeroMike Karangwa wamenyekanye mu itangazamakuru ry’imyidagaduro hano mu Rwanda, yasabye anakwa umukunzi we Isimbi Roselyne bitegura ku rushinga .
-
Perezida Kagame yerekanye urugendo rw’iterambere n’impinduka u Rwanda rwanyuzemo
4 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika Paul Kagame yerekanye urugendo rw’iterambere n’mpinduka u Rwanda rwanyuzemo ndetse n’inkingi z’imiyoborere zituma Abanyarwanda bagera ku iterambere.
Umuryango.rw
Ikibazo cy’abatuye Bannyahe ni ihurizo kuri Busingye, ava indi imwe na nyiri amazu basabwa kwimukiramo
Ingengabitekerezo ya Jenoside ntiganirwaho uko bikwiye- Dr. Bizimana
Perezida Kagame na Lappartient mu kugeza Tour du Rwanda ku rwego rw’Isi
U Rwanda Rugiye Kuvugurura Ingengo Yarwo Y’Imari
Gabiro: Hafi 500 mu nzego zitandukanye z’umutekano basoje imyitozo
Perezida Kagame yerekanye urugendo rw’iterambere n’impinduka u Rwanda rwanyuzemo