Umubikira Immaculée Uwamariya avuga ko ibibazo byugarije umuryango nyarwanda bihera cyane cyane mu rugo nk’igicumbi cy’umuryango rusange w’abantu, uko ingo zubakwa, uko zisenyuka no kubura urukundo ni bimwe mubyo yagarutseho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
#Umushyikirano2019:Umubikira Immaculée Uwamariya yavuze uburyo afasha abantu kubaka urugo rumeze nk’ijuru ritoya ku isi
20 December 2019, by Martin Munezero -
Habonetse abantu 7 bashya banduye coronavirus mu Rwanda na 7 bayikize
14 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Mata 2020,Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda yatangaje ko mu bipimo 983 byafashwe mu masaha 24 ashize habonetsemo abantu barindwi (7) bashya bafite coronavirus n’abandi 7 bayikize bituma umubare w’abamaze kuyandura uba abantu 134 na 49 bayikize.
-
Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gusoza FESPACO u Rwanda rwaherewemo igihembo [AMAFOTO]
3 March 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika yaraye yitabiriye umuhango wo gusoza iserukiramuco rya FESPACO ryaberaga mu mujyi wa Ouagadougou mu gihugu cya Burkina Faso aho yari kumwe na perezida w’iki gihugu Roch Kabore n’umufasha we Sika Kaboré, Perezida wa Mali Ibrahim Boubacar Keïta n’umufasha we Keïta Aminata Maïga, n’uwahoze ari perezida wa Ghana Jerry John Rawlings.
-
Uburusiya: Lavrov yatangaje ko umunsi ukomeye uteganyijwe kuya 9 Gicurasi utazahagarika ibikowa bya Gisikare muri Ukraine
2 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROLeta y’Uburusiya yatangaje ko umunsi mukuru w’intsinzi utazahagarika ibikorwa bya gisirikare muri Ukraine
-
Amerika yatangaje ko yavuganye n’inzego zo hejuru cyane mu Rwanda ku rubanza rwa Rusesabagina
26 February 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyuwa kane tariki ya 25 Gashyantare 2021, ibiro bishinzwe ububanyi n’amahanga bya Amerika byatangaje ko byavuganye "n’inzego zo hejuru cyane" i Kigali n’i Washington ku rubanza rwa Paul Rusesabagina.
-
Bamporiki yasabiwe gufungwa imyaka 20 n’ihazabu ya miliyoni 200 FRW
21 September 2022, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha bwasabye Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge guhamya Bamporiki Edouard ibyaha byo kwakira indonke no gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze bwite, agahanishwa gufungwa imyaka 20 n’ihazabu ya miliyoni 200 Frw.
Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’umuco yagejejwe imbere y’urukiko, aburana ku byaha bibiri aregwa, byo kwakira indonke ya miliyoni 5 Frw no gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze bwite.
Bamporiki (…) -
AFCON2023: Amavubi yaje mu itsinda rimwe na Senegal , menya urutonde rwa tombola
20 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROTombola yo gushyira ibihugu mu matsinda yo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2023 kizabera muri Cote d’Ivoire, yasize u Rwanda ruri mu itsinda rya nyuma rya L aho ruri kumwe na Senegal, Benin na Mozambique.
-
"Turi iwacu, turasubira inyuma tujya he?” -M23 yasubije imyanzuro ya EAC
25 November 2022, by Dusingizimana RemyInama y’abakuru b’ibihugu by’akarere yafatiye imyanzuro umutwe wa M23, irimo ko ugomba kuva mu duce wari umaze kwigarurira bitarenze kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Ugushyingo 2022 saa 18:00.
Abasirikare b’ibihugu bya EAC, bagomba kurasa kuri M23 mu gihe yaramuka yanze guhagarika imirwano no kuva mu duce yafashe mu masaha 48 yahawe.
Canisius Munyarugerero uvugira M23 yabwiye BBC ko batigeze bamenyeshwa iyo myanzuro ndetse batari bahagarariwe muri iyi nama y’abakuru b’ibihugu ariko ko bari (…) -
U Rwanda na Kazakhstan biyemeje gufatanya mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Rwanda n’igihugu cya Kazakhstan basinyanye amasezerano y’ubutwererane ashingiye ku bucuruzi, ikoranabuhanga, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro n’ubuhinzi.
-
Urukiko ruratangaza umwanzuro ku mbogamizi z’urubanza Rusesabagina yatanze
26 February 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Gashyantare 2021, nibwo Urugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru rushinzwe kuburanisha ibyaha Mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruri butangaze umwanzuro warwo ku mbogamizi Paul Rusesabagina aherutse kuruha avuga ko atari Umunyarwanda, bityo ko adakwiye kuburanishwa n’Inkiko zo mu Rwanda.
Mu rubanza rw’amateka, rwa Paul Rusesabagina ruri kubera mu cyumba cy’Urukiko rw’Ikirenga cyatiwe n’Urugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru rushinzwe kuburanisha ibyaha (…)
Umuryango.rw
Habonetse abantu 7 bashya banduye coronavirus mu Rwanda na 7 bayikize
Uburusiya: Lavrov yatangaje ko umunsi ukomeye uteganyijwe kuya 9 Gicurasi utazahagarika ibikowa bya Gisikare muri Ukraine
Bamporiki yasabiwe gufungwa imyaka 20 n’ihazabu ya miliyoni 200 FRW
AFCON2023: Amavubi yaje mu itsinda rimwe na Senegal , menya urutonde rwa tombola
"Turi iwacu, turasubira inyuma tujya he?” -M23 yasubije imyanzuro ya EAC
U Rwanda na Kazakhstan biyemeje gufatanya mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro