Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB,ruvuga ko umuntu ujya kurahirira gusezerana akavuga amagambo atariyo agamije gutebya aba ari gukora ibigize icyaha cyatuma afungwa imyaka ibiri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RIB yahishuye igihano giteganyirijwe abajya gusezerana bagakinira ku ibendera ry’igihugu
28 February 2024, by Dusingizimana Remy -
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr. Ndagijimana Uzziel yagaragaje uburyo ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse
25 February 2020, by Martin MunezeroMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr. Ndagijimana Uzziel,yagaragejo ko ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku gipimo cya 8.4% mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2019/2020, bukomeza kuzamuka ku gipimo cya 12.2% mu gihembwe cya kabiri no ku gipimo cya 11.9% mu gihembwe cya gatatu, asobanura ko bigaragaza ko mu mezi 9 ya mbere ubukungu bwazamutse ku mpuzandengo ya 10.9% ugereranyije na 8.3% byo mu mezi nk’ayo yo mu 2018/2019.
-
Umuntu unyereza umutungo wa Leta aba akora nk’icyihebe- Obadiah Biraro
11 January, by Brenda MIZEROObadiah Biraro wabaye Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, yavuze ko umuntu unyereza umutungo n’imari bya Leta aba akora nk’icyihebe.
-
Perezida Nkurunziza azaha ubutegetsi uzatsinda amatora asigare ari ’umuyobozi w’ikirenga mu gukunda igihugu’
13 March 2020, by Martin MunezeroItegeko risinyweho nawe ubwe, rishyira Perezida Petero Nkurunziza ku rwego ’rw’umuyobozi w’ikirenga mu gukunda igihugu’ ryatangajwe uyu munsi n’ibiro by’umukuru w’igihugu.
-
Perezida Kagame yemeje ko azongera kwiyamamaza
20 September 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yatangaje ko yishimiye icyizere abanyarwanda bakomeje kumugirira, ndetse ko azabakorera uko ashoboye, ashimangira ndetse ko ari umukandida mu matora ataha y’Umukuru w’Igihugu.
-
U Rwanda na Arabie Saoudite bagiye kuganira ku nzego nshya z’ubutwererane
22 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane yatangaje ko u Rwanda na Arabie Saoudite baganiriye ku nzego nshya z’ubutwererane, ibihugu byombi byakoranamo.
-
Shampiyona y’Isi y’Umukino w’Amagare ikomeje ku munsi wayo wa Kabiri (Live)
22 September 2025, by ISIMBI EstellaMuhawe ikaze muri shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare ku munsi wayo wa kabiri. Kuri uyu wa Mbere tariki 22 Nzeri 2025, abakinnyi mu cyiciro cy’abagore bari munsi y’imyaka 23 (Under 23 ITT) barakina basiganwa n’ibihe, ibizwi nka Women Elite Individual Time Trial-ITT).
-
Abaminisitiri batatu b’u Rwanda berekeje ku mipaka y’u Rwanda na RDC mu bugenzuzi bugamije gukumira Ebola
5 August 2019, by Dusingizimana RemyAbaminisitiri 3 b’ u Rwanda barimo uw’Ubuzima, Dr Diane Gashumba, uw’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof. Shyaka Anastase n’uw’ibikorwa by’ubutabazi Germaine Kamayirese bazindukiye mu karere ka Rubavu mu gikorwa cy’ubugenzuzi bwo kureba uko gahunda yo gukumira Ebola ihagaze.
-
"Ubuzima bw’Igihugu n’abagituye na politiki byose bishingira ku mahitamo" - Perezida Kagame
29 September 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yakiriye indahiro za Gen (Rtd) James Kabarebe uherutse kugirwa Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga na Francis Gatare wagizwe Umuyobozi w’Urwego rw’Iterambere ry’Igihugu,kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Nzeri 2023.
-
Nta birego by’iyicarubuzo bikigaragara mu Rwanda - Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu
10 December 2025, by Brenda MIZEROKomisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu yatangaje ko nta kirego cy’iyicarubozo iheruka kwakira, ivuga ko ari umusaruro w’imbaraga yashyize mu kwigisha inzego z’umutekano uburenganzira bw’imfungwa n’abagororwa.
Umuryango.rw
RIB yahishuye igihano giteganyirijwe abajya gusezerana bagakinira ku ibendera ry’igihugu
Umuntu unyereza umutungo wa Leta aba akora nk’icyihebe- Obadiah Biraro
Perezida Kagame yemeje ko azongera kwiyamamaza
U Rwanda na Arabie Saoudite bagiye kuganira ku nzego nshya z’ubutwererane
Shampiyona y’Isi y’Umukino w’Amagare ikomeje ku munsi wayo wa Kabiri (Live)
"Ubuzima bw’Igihugu n’abagituye na politiki byose bishingira ku mahitamo" - Perezida Kagame
Nta birego by’iyicarubuzo bikigaragara mu Rwanda - Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu