Nyuma yo gusaba ibihano by’urupfu kuri 25 byasabwe ejobundi n’ubushinjacyaha, ubwunganizi bw’abashinjwa batanu bari bitabiriye urubanza i Kinshasa rwitiriwe Corneille Nangaa, Perezida wa AFC (ihuriro rya politiki na gisirikare ririmo M23), bwasabye ko bagirwa abere kuri uyu wa Kabiri, itariki 30 Nyakanga 2024. Urukiko rwa gisirikare rwavuze ko ruzafata icyemezo mu gihe cy’iminsi umunani .
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RDC: Umva ibya baregwa mu rubanza rwitiriwe Corneille Nangaa Basaba !
31 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTI -
Imikino y’amahirwe yahawe icyizere cyo gufungura hanongerwa umubare w’ abantu bitabira imihango itandukanye
27 October 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Ukwakira 2020, Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri yafashe ingamba nshya mu rugamba rwo kurwanya ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 giterwa n’agakoko ka Coronavirus.
-
SADC yirengagije ibyo u Rwanda rwifuza ifatira imyanzuro ikomeye M23
23 March 2024, by Dusingizimana RemyUmuryango w’ibihugu bya Africa y’Amajyepfo,SADC, washimangiye ko utazahwema gutera inkunga ubutegetsi bwa Tshisekedi kugira ngo bubone igisubizo kirambye cy’amakimbirane yabaye karande mu Burasirazuba bwa Congo.
-
Ikinyoma karundura cya Ndayishimiye wasanishije RED Tabara, M23 n’Ingabo z’u Rwanda
19 January, by Brenda MIZEROPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye kugaragaza u Rwanda nk’ikibazo ku mutekano wo mu karere, avuga ko utatandukanya ingabo zarwo n’imitwe ya RED Tabara na M23, yirengagiza ubufatanye bwe n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’Umutwe wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi wahawe intebe muri RDC.
-
Ibyo Abanyarwanda bifuza ni byinshi cyane - Perezida Kagame yahaye umukoro Abasenateri bashya
24 October 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yakiriye Indahiro z’Abasenateri batandatu binjiye muri Sena y’u Rwanda, barimo bane bashya na babiri bari basanzwemo, abaha umukoro wo kwita cyane ku nshingano zabo, bakibuka ko Abanyarwanda bakeneye byinshi kandi amikoro igihugu gifite akaba adahagije, bityo ko bakwiye kugira uruhare mu gutuma ibintu bikorwa neza.
-
Ange Kagame yavuguruje ibyagiye bivugwa ku mukunzi we birimo n’imyaka byavugwaga ko ariyo afite
22 January 2019, by Martin MunezeroNyuma y’umuhango wo gusaba no gukwa Ingabire Ange Kagame umukobwa wa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, uyu mukobwa yavuguruje amwe mu makuru yatangajwe ku mukunzi we nyuma y’uyu muhango.
-
Amagambo gashozantambara ya Ndayishimiye ku Rwanda ahatse iki?
30 December 2025, by Brenda MIZEROUbwo Perezida Ndayishimiye yagezaga ijambo ryo kwifuriza umwaka mwiza inzego z’umutekano yongeye guharabika u Rwanda, avuga ko ari rwo rubanira nabi u Burundi, yirengagije ko aribwo bukorana n’ubutegetsi bwa Tshisekedi n’abarwanyi ba FDLR bashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
-
U Rwanda na Zambia byiyemeje gufatanya kubaka amahoro arambye
21 June 2023, by Rebecca UFITAMAHOROIbihugu by’u Rwanda na Zambia, byiyemeje gufatanya kubaka amahoro arambye, kuyasigasira no kubyaza umusaruro umubano mwiza bifitanye bityo ababituye bakarushaho kubyungukiramo.
Ibyo ni bimwe mu bikubiye mu biganiro abakuru b’ibihugu byombi bagiranye ku munsi wa Kabiri ari nawo wa nyuma w’uruzinduko rw’iminsi 2 Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema yagiriraga mu Rwanda. Mu kiganiro n’abanyamakuru nyuma y’uko Perezida Hakainde Hichilema agiranye ikiganiro mu muhezo na mugenzi we Perezida (…) -
Perezida Museveni yatangaje impamvu ikomeye yatumye ajya muri Angola guhura na perezida Kagame
1 August 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yatangaje ko yaganiriye na Perezida Kagame ku byerekeye umupaka wa Gatuna ndetse ngo ibiganiro birakomeje ku buryo mu minsi iri imbere ikibazo cy’imipaka kizakemuka burundu.
-
Mwiseneza Josiane yasubije abavuze ko musaza we yamwambuye inkunga yahawe ayishyurira umwana we ishuli rikomeye
28 February 2019, by Dusingizimana RemyMwiseneza Josiane wamenyekanye cyane mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 bikamuhesha ikamba rya Miss Popularity yatangaje ko amakuru yavuzwe ko musaza we yamuriganyije amafaranga yahawe nk’inkunga akayarihiramo umwana we muri Ecole Francaise ari ibinyoma byambaye ubusa.
Umuryango.rw
RDC: Umva ibya baregwa mu rubanza rwitiriwe Corneille Nangaa Basaba !
SADC yirengagije ibyo u Rwanda rwifuza ifatira imyanzuro ikomeye M23
Ikinyoma karundura cya Ndayishimiye wasanishije RED Tabara, M23 n’Ingabo z’u Rwanda
Ibyo Abanyarwanda bifuza ni byinshi cyane - Perezida Kagame yahaye umukoro Abasenateri bashya
Amagambo gashozantambara ya Ndayishimiye ku Rwanda ahatse iki?
U Rwanda na Zambia byiyemeje gufatanya kubaka amahoro arambye