Nyuma yo gutangaza ko yitandukanyije n’ishyaka rya FDU Inkingi yari abereye umuyobozi, Victoire Ingabire abantu bari kumwibazaho byinshi bibaza uburyo yatangaje ko yashinze ishyaka rishya kandi nyamara ritarandikwa byemewe n’amategeko ndetse izina yahisemo bikaba bivugwa ko ryamaze gufatwa n’abandi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ingabire Victoire mu ruhuri rw’ibibazo nyuma yo gutangaza izina ry’ishyaka rye rishya
12 November 2019, by Martin Munezero -
NAMIBIA:Perezida Kagame na Madamu we bakiranwe icyubahiro kinshi[AMAFOTO]
20 August 2019, by Martin MunezeroKu gicamunsi cy’ejo ku wa mbere, Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu we Jeanette Kagame, basesekaye i Windhoek mu murwa mukuru wa Namibia bakiranwa icyubahiro kinshi.
-
Tshisekedi yijeje Amerika n’u Rwanda ko Leta ya RDC izasenya imitwe yitwaje intwaro
4 December 2025, by Brenda MIZEROPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko igihugu cye cyiteguye kubahiriza ingingo zose zigize amasezerano y’amahoro yacyo n’u Rwanda zirimo gusenya imitwe yitwaje intwaro.
-
Imbere ya Perezida Kagame, Bamporiki ati ’Iri joro nsinziriye najya mu ijuru nishimye’
20 December 2025, by Brenda MIZEROBamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, yasabye imbabazi Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi, anashimira Perezida Paul Kagame urangwa n’imbabazi, wamubabariye agafungurwa.
-
Amavubi yongeye gusubiza abanyarwanda mu bicu nyuma y’igihe kinini
26 January 2021, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu “Amavubi”yongeye gushimisha Abanyarwanda nyuma yo gukatisha itike ya ¼ cy’irangiza mu mikino ya CHAN 2020 itsinze Togo ibitego 3-2 mu mukino wabereye mu mujyi wa Limbe muri Cameroon.
-
Iyi niyo mpamvu yatumye u Rwanda ruhindura amabara y’ inzira z’ abanyamaguru muri kaburimbo
23 November 2018, by Nsanzimana ErnestMu gihugu hose inzira zigenewe abanyamaguru mu mihanda ya kaburimbo zirimo guhindurirwa amarange zikagirwa umutuku n’ umweru mu gihe zari umukara n’ umweru.
-
Arenze kuba umuhanzi wa Gospel – Minisitiri Nduhungirehe nyuma yo kwitabira igitaramo "Icyambu4" cya Israel Mbonyi
26 December 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko yakozwe ku mutima n’igitaramo “Icyambu 4” cya Israel Mbonyi cyabereye muri BK Arena mu ijoro rya Noheli, kuri uyu wa Kane tariki 25 Ukuboza 2025.
-
Mazutu yazamutseho 5%, nta gikuba cyacika ku biciro by’ibicuruzwa- MINICOM
8 November 2025Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM), Prudence Sebahizi yasobanuye ko nubwo habayeho izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli, by’umwihariko igiciro cya mazutu kitazatuma habaho n’izamuka ry’ibiciro by’ibicuruzwa, kuko yazamutse ku kigero gito cya 5% kuri litiro.
-
M23 yemeje ko yafashe Kavumu n’ikibuga cy’indege cyaho
14 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 watangaje ko wafashe Umujyi wa Kavumu uherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Abaturarwanda miliyoni icyenda bakoresha internet
11 January, by Brenda MIZEROIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko abantu batunze kandi bakoresha telefone mu Rwanda barenze miliyoni 12, mu gihe abakoresha internet bo ari miliyoni icyenda.
Umuryango.rw
Tshisekedi yijeje Amerika n’u Rwanda ko Leta ya RDC izasenya imitwe yitwaje intwaro
Imbere ya Perezida Kagame, Bamporiki ati ’Iri joro nsinziriye najya mu ijuru nishimye’
Arenze kuba umuhanzi wa Gospel – Minisitiri Nduhungirehe nyuma yo kwitabira igitaramo "Icyambu4" cya Israel Mbonyi
Mazutu yazamutseho 5%, nta gikuba cyacika ku biciro by’ibicuruzwa- MINICOM
M23 yemeje ko yafashe Kavumu n’ikibuga cy’indege cyaho
Abaturarwanda miliyoni icyenda bakoresha internet