Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yaganiriye na Dr. Sidi Ould Tah uyobora Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB), ku bufatanye bumaze igihe kirekire iyo banki n’ubutwererane bukomeje mu gushyigikira gahunda z’u Rwanda z’iterambere rirambye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yaganiriye n’umuyobozi wa AfDB ku bufatanye mu iterambere
17 January, by ISIMBI Estella -
Perezida Kagame yanyomoje Umunyazimbabwe wavuze ko yamufashije gushyira u Rwanda ku murongo
30 May 2018Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yahakanye ibyatangajwe n’umukandida utavuga rumwe n’ubutegetsi mu matora ya Perezida wa Zimbabwe, wavuze ko yamufashije kongera kuzahura ubukungu bw’u Rwanda binyuze mu nama yamugiriye kuri politiki y’ikoranabuhanga avuga ko ntaho amuzi.
-
KNC yategeye "Amavubi"akayabo kugira ngo azatsinde Maroc muri CHAN 2020
20 January 2021, by Dusingizimana RemyUmunyemari Kakoza Nkuriza Charles nyiri Radio na TV1 yatangaje ko yiteguye guha amadolari 100 ya US buri mukinnyi wese ndetse n’abo bari kumwe muri CHAN 2020 naramuka atsinze Maroc mu mukino wa kabiri wo mu itsinda C bazakina na Maroc.
-
Kenya: Raila Odinga yashyinguwe hafi y’imva ya Se
19 October 2025, by Brenda MIZERORaila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya akaba aherutse kwitaba Imana azize guhagarara k’umutima, yashyinguwe hafi y’imva ya Se, Jaramogi Oginga Odinga, wabaye Visi Perezida wa mbere wa Kenya agapfa mu 1994.
-
Perezida Kagame yakiriye Minisitiri Waleed wa Arabie Saoudite
24 February, by Brenda MIZEROKu gicamunsi cyo kuri uyu wa 24 Gashyantare 2026, Perezida Paul Kagame yakiriye i Kigali Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Wungirije wa Arabie Saoudite, Waleed bin Abdulkarim El-Khereiji.
-
Abantu 158,898 bamaze gukingirwa Covid-19 abanduye biyongeraho 83
7 March 2021, by Dusingizimana RemyMu minsi ibiri ishize mu Rwanda abantu 158,898 bamaze gukingirwa #COVID19. Harimo 83,842 bakingiwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 06 Weurwe 2021.
Ku wa Gatandatu habonetse abarwayi bashya 83, hakira 59 na ho abakirwaye ni 1,442 barimo 11 barembye.
Uyu munsi nta wapfuye, abamaze gupfa baracyari 267.
Abakingiwe bose hamwe ni 158,898 ( barimo 83,842 bashya).
Amakuru yose ajyanye na Covid-19:
Abanduye bose:19,509. Hakize:59. Abakize bose:17,810. Ntawapfuye bityo abamaze gupfa bose (…) -
Rwanda: Minisiteri y’ uburezi iyoborwa n’ abataraminuje uburezi
8 December 2017, by Iyamuremye Janvier, Nsanzimana ErnestUburezi ni rumwe mu nzego Leta y’ u Rwanda itemerera umuntu kurukoramo atarize ibijyanye narwo. Kugira ngo ube mwarimu wemewe w’ imibare bigusaba kuba warize imibare ukongeraho uburezi, (Mathematics+ Education). Nubwo bimeze gutyo ariko Minisiteri y’ uburezi iyoborwa n’ abantu baminuje mu bindi bitari uburezi. Ikaba ari n’ imwe muri Minisiteri zigaragaramo ibibazo byinshi no guhinduranya abayobozi bayo ariko ibibazo byo bikagumaho.
Itangazo ryashyizwe ahagaragara kuwa 06 Ukuboza 2017 (…) -
Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC zigiye gusubira i Luanda
30 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIAbahagarariye guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barahurira i Luanda muri Angola kuri uyu wa 30 Nyakanga 2024, baganira ku buryo bwo gucoca amakimbirane ari hagati y’impande zombi.
-
Rayon Sports yongeye gutsindwa na APR FC yuzuza imikino irindwi itayitsinda
17 December 2022, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yakomeje inzira mbi yo gutsindwa na APR FC kuko kuri uyu wa Gatandatu yatsinzwe igitego 1-0.
Muri uyu mukino w’Umunsi wa 14 wa Shampiyona wari utegerejwe na benshi, Rayon Sports yari imaze imyaka 3 idatsinda APR FC yongeye gutsindwa umukino wa 2 wikurikiranya.
Rayon Sports yatangiye neza,ku munota wa 2 Blaise Nishimwe ahusha uburyo bukomeye ku ishoti yatereye kure, umunyezamu Ishimwe Pierre awushyira muri koloneri.
Iyi koloneri yatewe neza abakinnyi ba Rayon (…) -
Mozambike: Ingabo z’u Rwanda zatangiye kurasa ku nyeshyamba muri Cabo Delgado
21 July 2021, by Dusingizimana RemyAmakuru aturuka mu Gihugu cya Mozambique aremeza ko Ingabo z’u Rwanda zatangiye urugamba rwo guhashya inyeshyamba ziteza umutekano muke mu Ntara ya Cabo Delgado, mu gihe n’Ingabo z’Umuryango w’Ubukungu bw’Ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC) zikomeje kugera muri icyo Gihugu.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yaganiriye n’umuyobozi wa AfDB ku bufatanye mu iterambere
Kenya: Raila Odinga yashyinguwe hafi y’imva ya Se
Perezida Kagame yakiriye Minisitiri Waleed wa Arabie Saoudite
Abantu 158,898 bamaze gukingirwa Covid-19 abanduye biyongeraho 83
Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC zigiye gusubira i Luanda
Rayon Sports yongeye gutsindwa na APR FC yuzuza imikino irindwi itayitsinda
Mozambike: Ingabo z’u Rwanda zatangiye kurasa ku nyeshyamba muri Cabo Delgado