William Ruto w’imyaka 55 ni we watorewe kuba Perezida wa Gatanu wa Kenya atsindiye ku majwi 50.49% naho Raila Odinga bari bahanganye agira 48.85%.
William Ruto ni we watsinze amatora y’umukuru w’igihugu muri Kenya,yabaye ku wa kabiri ushize,tariki 9 z’ukwezi kw’umunani.
Ruto yabaye umukuru w‘igihugu wa Kenya wa gatanu kuva icyo gihugu kibonye ubwigenge. Ruto yari asanzwe ari visi perezida yungirije Uhuru Kenyatta,barangije manda y’imyaka icumi.
Mbere y’uko ibyavuye mu matora (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kenya: William Ruto yatangajwe ko yatsinze amatora ya Perezida imirwano ihita itangira
15 August 2022, by Dusingizimana Remy -
Sake: Hari ubwoba bw’imirwano ikomeye ishobora kongera gusakiranya M23 na FARDC
19 November 2024, by Joseph IradukundaAmakuru aturuka i Sake muri Teritwari ya Masisi aravuga ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziryamiye amajanja, mu kwitegura imirwano karahabutaka ikomeje kuzisakiranya n’Ingabo zo mu mutwe wa M23.
-
Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya "yihanangirije" Minisitiri w’Uburezi ndetse anamusaba raporo yihuse
25 August 2020, by UbwanditsiTaliki 19/8/2020 Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya Jeane D’Arc yandikiye ibaruwa mugenzi we w’Uburezi Dr. Uwamaliya Valentine amumenyesha ko Minisiteri ayoboye iri kwangiza ibidukikije muri bimwe mu bikorwa byo kubaka amashuli ndetse anamusaba raporo yihuse y’icyo iyi Minisiteri y’Uburezi iteganya gukora kuri ibyo bibazo.
-
Bimwe mu bihungu by’u Burayi byatangiye kuvuga ko ibihano byafatiwe u Burusiya bitari gushyirwa mu bikorwa
3 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROMinisitiri w’Intebe wa Pologne, Mateusz Morawiecki, yavuze ko ibihano barimo gufatira u Burusiya bidakora, urebye uburyo ubukungu bw’icyo gihugu bukomeje kwifata neza n’ifaranga ryacyo rikazamura agaciro.
-
Shampiyona y’u Rwanda y’umupira w’amaguru yahagaritswe kubera ibibazo bya Covid-19
12 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri ya Siporo yasohoye itangazo rihagarika shampiyona y’u Rwanda y’umupira w’amaguru yari igeze ku munsi wa 3 nyuma y’aho amakipe ananiwe kubahiriza amabwiriza yahawe yo kwirinda Covid-19 bigatuma ubwandu bw’iki cyorezo bugaragara mu makipearimo Rayon Sports imaze kugira abantu 14 banduye.
-
Abanyamulenge basabye Loni gutabara benewabo bugarijwe n’ingabo z’u Burundi na FDLR
24 October 2025, by ISIMBI EstellaUmuryango ‘Mahoro Peace Foundation’ uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu wasabye Umuryango w’Abibumbye gutabara Abanyamulenge baba mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakomeje kwibasirwa n’ingabo zirimo iz’u Burundi, umutwe w’iterabwoba wa FDLR na Wazalendo.
-
MINICOM yaburiye abacuruzi bazamuye ibiciro by’ibicuruzwa kubera icyorezo cya Coronavirus
15 March 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’ubucuruzi n’inganda,MINICOM, irasaba abacuruzi kwirinda kuzamura ibiciro by’ibikoresho bikenewe cyane muri iki gihe u Rwanda ruri guhangana n’icyorezo cya Coronavirus kuko uzafatwa azahanwa bikomeye.
-
Kizito Mihigo yasubiye imbere y’ urukiko
14 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 14 Gicurasi 2018 Kizito Mihigo, na Jean Dukuzumuremyi bitabye urukiko rw’ ikirenga ngo bongere baburanishwe kuko muri 2015 bajuriye, gusa Ntamuhanga Cassien watorotse gereza ntiyitabye urukiko.
-
US: Abashyigikiye Trump bateye ingoro y’inteko ishinga amategeko bane bahasiga ubuzima[AMAFOTO]
7 January 2021, by Dusingizimana RemyAbantu bane bapfiriye mu myigaragambyo y’abashyigikiye Perezida Donald Trump bateye ingoro y’inteko ishingamategeko, Capitol.
-
Havumbuwe inyandiko igaragaza umugambi wo “gutoroka” wa Rusesabagina
27 February 2021, by Dusingizimana RemyTeleviziyo y’Abanya-Qatar, Al Jazeera, kuri uyu wa Gatanu yatambukije inkuru ndende y’iminota 24 ivuga kuri Rusesabagina Paul uri imbere y’ubutabera muri iki gihe akurikiranyweho ibyaha by’iterabwoba.
Umuryango.rw
Kenya: William Ruto yatangajwe ko yatsinze amatora ya Perezida imirwano ihita itangira
Sake: Hari ubwoba bw’imirwano ikomeye ishobora kongera gusakiranya M23 na FARDC
Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya "yihanangirije" Minisitiri w’Uburezi ndetse anamusaba raporo yihuse
Bimwe mu bihungu by’u Burayi byatangiye kuvuga ko ibihano byafatiwe u Burusiya bitari gushyirwa mu bikorwa
Abanyamulenge basabye Loni gutabara benewabo bugarijwe n’ingabo z’u Burundi na FDLR