Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta ku barangije amashuri yisumbuye,2022-2023.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abahungu bigaranzuye abakobwa mu bizamini bya leta by’Amashuri yisumbuye
4 December 2023 -
Huye :Gitifu w’akagari yatawe muri yombi azira gushaka gusambanyiriza umukobwa mu biro bye nijoro
23 February 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gatobotobo mu Karere ka Huye,intara y’Amagepfo afunzwe akurikiranweho icyaha cyo kugerageza kwaka ruswa ishingiye ku gitsina umukobwa utuye mu kagari ayobora wamuabye ibyangombwa akamusiragiza.
-
U Rwanda rwashyize umucyo ku byavugwaga ko rutazongera kwakira impunzi
11 January 2023, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda,Alain Mukuralinda yavuze ko u Rwanda ruzakomeza kwakira impunzi.
Yavuze ko ari igihugu kizi icyo kuba impunzi aricyo ariyo mpamvu bidakwiriye ko abantu bumva nabi ijambo perezida Kagame yavuze ku wa Mbere.
Yavuze ko "Twubaha amasezerano mpuzamahanga kandi rwose twubaha uburenganzira bw’impunzi."
Mu kiganiro yagiranye na BBC West,Alain Mukuralinda yagize ati "u Rwanda ruzakomeza kwakira impunzi.Ndabizi ko n’uyu mugoroba nsabye raporo bambwira (…) -
"Twe tuzakomeza gukora ibikenewe kugira ngo abanyarwanda bahore batekanye"-Perezida Kagame
31 December 2023, by Dusingizimana RemyMu ijambo ritangiza Umwaka mushya wa 2024, Perezida Paul Kagame yashimiye abanyarwanda ku ruhare rwa buri umwe wese mu byo igihugu cyagezeho hanyuma abizeza ko muri 2024 bazakomeza kubarinda.
-
Rwanda: Abadafite akazi bariyongereye
9 October 2017, by Nsanzimana ErnestUbushakashatsi bw’ ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare bwamuritswe kuri uyu wa Mbere tariki 9 Ukwakira 2017 bwerekanye ko magingo aya mu Rwanda abadafite akazi ari 606 997.
Ubu bushakashatsi bwagaragaje ko abafite akazi ari 3 018 532 mu gihe abageze igihe cyo gukora ari 3 625 529.
Mu mwaka ushize wa 2016, ubushakashatsi nk’ubu bwari bwerekanye ko icyo gihe mu Rwanda habarurwaga abaturage 6,611,000 bafite kuva ku myaka 16 kuzamura, abari ku isoko ry’umurimo bakaba 3,261 000; muri bo (…) -
Perezida Kagame yitabiriye itangizwa ry’inkunga ya miliyari 160 Frw
9 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika Paul Kagame na Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) Ursula von der Leyen, bifatanyije na Perezida wa Banki y’u Burayi y’Ishoramari Nadia Calviño n’Umuyobozi w’Ikigo BioNTech Uğur Şahin mu gutangiza inkunga ya miliyoni 95 z’Amayero, ni ukuvuga miliyari zisaga 160 z’amafaranga y’u Rwanda.
-
Perezida Kagame yageneye ubutumwa Museveni wegukanye intsinzi mu matora y’umukuru w’igihugu
19 January, by Angeline MUKANGENZIPerezida Paul Kagame yashimye Yoweri Kaguta Museveni ku ntsinzi aherutse kwegukana mu matora y’umukuru w’igihugu, amwizeza gukomeza umubano n’ubutwererane hagati y’u Rwanda na Uganda.
-
Amavubi yerekeje muri CHAN aberewe cyane [AMAFOTO]
13 January 2021, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu Amavubi yerekeje muri Cameroun gukina irushanwa rya CHAN 2020 kuri uyu wa Gatatu,yambaye umwambaro wa Made in Rwanda utakishije imirimbo gakondo izwi nk’imigongo wiswe ISHEMA.
-
REB yananiwe gusobanura uko yishyuye miliyoni 700 Frw mbere y’uko ihabwa ibitabo
15 September 2021, by Dusingizimana RemyIkigo k’igihugu gishinzwe Uburezi (REB) cyananiwe gusobanura impamvu kishyuye ibitabo amafaranga angana na miliyoni 709,329,937 mu kwezi kwa Kamena 2020, mu gihe rwiyemezamirimo yahaye ibitabo REB nyuma y’ukwezi.
-
Perezida Kagame yagaragaje ibanga ryatuma Afurika yihuta mu buvumbuzi
26 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda kuri uyu wa 26 Werurwe 2018, yatangiye inama mpuzamahanga ya Siyansi Next Einstein Forum irimo kubera I Kigali avuga ko ubufatanye aribwo bwatuma Isi yihuta mu bijyanye n’ ubuvumbuzi.
Umukuru w’ u Rwanda yavuze ko yavuze ko ibikenewe ngo abantu bagere aho bashaka bihari cyane cyane binyuze mu buhanga buri mu rubyiruko ari narwo musingi wubakiyeho ahazaza ha Afurika.
Yagize ati “Ni ngombwa ko habaho ubufatanye mu bushakashatsi muri siyansi. Ibi nibyo bituma kuvumbura (…)
Umuryango.rw
Abahungu bigaranzuye abakobwa mu bizamini bya leta by’Amashuri yisumbuye
U Rwanda rwashyize umucyo ku byavugwaga ko rutazongera kwakira impunzi
"Twe tuzakomeza gukora ibikenewe kugira ngo abanyarwanda bahore batekanye"-Perezida Kagame
Perezida Kagame yitabiriye itangizwa ry’inkunga ya miliyari 160 Frw
Perezida Kagame yageneye ubutumwa Museveni wegukanye intsinzi mu matora y’umukuru w’igihugu
REB yananiwe gusobanura uko yishyuye miliyoni 700 Frw mbere y’uko ihabwa ibitabo