Urukiko rukuru kuri uyu wa 5 Ukwakira 2018 rwafashe icyemezo cyo kurekura Diane Rwigara na Nyina Adeline Rwigara nyuma y’ uko babisabye mu iburanishwa riheruka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Diane Rwigara na nyina Adeline Rwigara barekuwe by’ agateganyo
5 October 2018, by Nsanzimana Ernest -
Abanyacyubahiro benshi bamaze kugera mu Rwanda baje mu muhango wo gutangiza icyumweru cyo #kwibuka25 [AMAFOTO]
6 April 2019, by Dusingizimana RemyU Rwanda rukomeje kwakira abanyacyubahiro benshi baje kwitabira umuhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.
-
Sankara yahishuye uko Rusesabagina yateguye ibitero mu Rwanda
24 June 2021, by Dusingizimana RemyNsabimana Callixte wakoresha izina rya Sankara mu gisirikare cya FLN,yavuze ko ibitero byagabwe ku butaka bw’u Rwanda muri 2018 na 2019 n’abarwanyi bawo byatangiye gutegurwa na Paul Rusesabagina afatanyije na Lt Gen Wilson.
Mu iburanisha ryo kuri uyu wa Gatatu, ubwo Uruko Rukuru rwahaga umwanya Nsabimana Callixte ngo agire icyo avuga ku gifungo cy’imyaka 25 yasabiwe n’Ubushinjacyaha, yahakanye ibyaha bibiri birimo icyo gushinga FLN mu byaha 16 akurikiranyweho.
Urubanza ruregwamo Paul (…) -
Zamalek SC niyo yatwaye igikombe cya mbere cya BAL
30 May 2021, by Dusingizimana RemyIkipe ya Zamalek SC yo mu Misiri yabaye iya mbere itwaye igikombe cya Basketball Africa league itsinze ku mukino wa nyuma ikipe ya US Monastir yo muri Tunisia amanota 76-63.
-
Urukiko rwategetse ko Rusesabagina afungwa iminsi 30 y’agateganyo
17 September 2020, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rutegetse ko Paul Rusesabagina afungwa iminsi 30 y’agateganyo kuko hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha 13 bikomeye byiganjemo iterabwoba.
-
Amb. Nduhungirehe yanenze bikomeye amagambo yatangajwe na Cardinale wo muri Congo
6 January 2020, by Martin MunezeroMu butumwa bwaciye kuri twitter y’uyu muyobozi asubiza Cardinale Ambongo wavugaga ko hari abaturanyi ba Congo bajya muri iki gihugu bakica abantu bitwaje imitwe nka ADF.
-
Perezida Kagame yavuze byimbitse kuri M23 n’indi mitwe yo muri RDC anagenera ubutumwa Perezida Tshisekedi
30 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko biteye isoni kuba igihugu cya RDC gikomeza gushyira u Rwanda mu majwi ko arirwo nyirabayazana w’umutekano muke mu burasirazuba bwacyo aho yashimangiye ko niba hari umuntu uzi ibibi by’intambara ariwe.
Ubwo yari yitabiriye umuhango w’irahira ry’abaminisitiri bashya muri Guverinoma,Perezida Kagame yasubije mugenzi we wa RDC, Felix Tshisekedi, wavuze ko mu gihe umwuka mubi wakomeza hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, bishobora kugeza n’aho arushozaho intambara. (…) -
Abagera kuri 84,8% ntibashakaga ko Abanyarwanda bahunze mbere ya 1990 bataha
4 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascene Bizimana, yerekanye ko abaturage bagera kuri 84,8% batashakaga ko Abanyarwanda bahunze bataha mu gihugu cyabo kubera politiki mbi yari yarabashyizemo urwo rwango.
-
Iterambere ntiritumizwa mu mahanga-Perezida Kagame
4 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yavuze ko iterambere ry’imibereho y’abaturage ari urugendo ruhoraho, ashimangira ko iryo terambere ridashobora gutumizwa mu mahanga, bityo hakwiye gukomeza gushyirwa imbaraga mu guharanira kujya mu cyerekezo kizima.
-
Twe ibihugu twarwana na byo ni nka 20-30 na byo byishyize hamwe kandi intambara tukayirangiriza iyo-Gen Mubarak
5 April 2019, by Martin MunezeroAbavuga ko barwanya u Rwanda bamenyeshejwe ko YouTube itazafata igihugu.
Ni ubutumwa bahawe n’umuyobozi w’Ingabo mu ntara y’Uburasirazuba n’izo mu mujyi wa Kigali asaba Abanyarwanda kudaha agaciro urubuga rwa YouTube n’izindi ziriho amakuru y’abavuga ko barimo kurwana n’Ingabo z’u Rwanda.
Umuryango.rw
Sankara yahishuye uko Rusesabagina yateguye ibitero mu Rwanda
Urukiko rwategetse ko Rusesabagina afungwa iminsi 30 y’agateganyo
Perezida Kagame yavuze byimbitse kuri M23 n’indi mitwe yo muri RDC anagenera ubutumwa Perezida Tshisekedi
Abagera kuri 84,8% ntibashakaga ko Abanyarwanda bahunze mbere ya 1990 bataha
Iterambere ntiritumizwa mu mahanga-Perezida Kagame