Mu nama ya Africa Investment Forum iteraniye i Sandton mu mujyi wa Johannesburg, Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rwifuza kuza ku mwanya wa mbere muri Afurika mu koroshya ubushabitsi (business).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame arifuza ko u Rwanda ruba urwa mbere ku isi mu korohereza ishoramari
11 November 2019, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yashimiye mugenzi we wa Congo Tshisekedi
31 January 2020, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagarutse ku bikorwa by’akatarabonekka bya Perezida wa Repuubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu guhashya imitwe y’iterabweba hagamijwe kugarura amahoro muri iki gihugu.
-
RDC:Tshisekedi ntiyorohewe n’ubushake yagaragaje bwo guhindura Itegeko Nshinga
28 October 2024, by Joseph IradukundaAbanyapolitiki bakomeye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakomeje kwamagana umugambi wa Perezida Felix Tshisekedi uherutse gutangaza ko yifuza ko Itegeko Nshinga ry’iki Gihugu rivugururwa, aho Moïse Katumbi yamubwiye ko Ikibazo kiri muri Congo ari Imiyoborere idashoboye, atari Itegeko Nshinga.
-
Amavubi U20 yasezerewe muri CECAFA adakozemo
14 October 2024, by Joseph IradukundaIkipe y’Igihugu ‘Amavubi’ y’abatarengeje imyaka 20 yanyangiwe na Tanzania ibitego 3-0 mu mikino ya CECAFA U 20, ikomeza kurunyanyagiza.
-
Perezida Kagame yahaye ubutumwa bukomeye abarimu ku munsi wabo
2 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yabwiye abarimu ku munsi wabahariwe ko Guverinoma y’u Rwanda ibashyigikiye ariyo mpamvu bitwa abarezi b’u Rwanda.
Ubwo yagezaga ijambo ku bihumbi by’abarimu bari bateraniye muri BK Arena,bitabiriye ibirori byo kwizihirizwa umunsi mpuzamahanga wa mwarimu, Minisitiri w’Intebe Édouard Ngirente,yavuze ko Perezida wa Repubulika yamubwiye ko ababwira ko "Guverinoma y’u Rwanda ishyigikiye byimazeyo umwuga mukora".
Yagize ati "Mu izina rya Perezida wa Repubulika ndagira ngo (…) -
Perezida Nguema yarahiye kuyobora Gabon
3 May 2025, by Angeline MUKANGENZIGen Brice Clotaire Oligui Nguema yarahiriye kuyobora igihugu cya Gabon, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Gicurasi 2025, yizeza ko azateza imbere iki gihugu ashingiye ku mutungo kamere gifite urimo peteroli.
-
Abasirikare n’Abapolisi b’u Rwanda bitabiriye amarushanwa y’ubumenyi bwihariye mu birimo kurasa
8 February, by Angeline MUKANGENZIAbasirikare n’Abapolisi b’u Rwanda bongeye kwitabira amarushanwa rya UAE SWAT Challenge riri kubera i Dubai, muri Leta Zunze Ubumwe z’Abaruabu, aho batangiye bitwara neza ku munsi wa mbere.
-
Perezida Kagame yitabiriye siporo rusange kuri iki Cyumweru [AMAFOTO]
5 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yifatanyije n’abatuye umujyi wa Kigali muri siporo rusange kuri iki cyumweru taliki ya 05 Gicurasi 2019.
-
Uwizeyimana Evode waherukaga kwegura ku bunyamabanga bwa Leta yagizwe umusenateri
16 October 2020, by Dusingizimana RemyIbiro bya minisitiri w’intebe w’u Rwanda byatangaje ko perezida wa Republika yagize Evode Uwizeyimana umusenateri, ni nyuma y’amezi umunani yeguye ku mwanya w’umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’ubutabera.
-
Rayon Sports y’abagore yegukanye igikombe cya shampiyona ku nshuro ya mbere igikinnye
23 March 2024, by Dusingizimana RemyRayon Sports y’Abagore yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere nyuma yo gutsinda Muhazi United igitego 1-0 mu mukino wabereye i Rwamagana. Ni ku nshuro ya mbere yari iyikinnye.
Umuryango.rw
RDC:Tshisekedi ntiyorohewe n’ubushake yagaragaje bwo guhindura Itegeko Nshinga
Amavubi U20 yasezerewe muri CECAFA adakozemo
Perezida Kagame yahaye ubutumwa bukomeye abarimu ku munsi wabo
Perezida Nguema yarahiye kuyobora Gabon
Rayon Sports y’abagore yegukanye igikombe cya shampiyona ku nshuro ya mbere igikinnye