Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakebuye abayobozi b’ u Rwanda birengagiza inshingano zabo bakigira ba ntibindeba abibutsa ko bakwiye gutekereza cyane kurenza abaturage bayoboye mu gushakira ibisubizo ibibazo u Rwanda rufite.
Umukuru w’ igihugu yabivuze ubwo yaganirizaga abayobozi bo mu nzego z’ ibanze bari mu mwiherero wabo kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Werurwe 2018.
Yagize ati “Abayobozi tugomba gutekereza uko dukorera abaturage bacu. Ntabwo abayobozi baberaho kwirebaho. Iyo uri (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
‘Nagize ngo hari undi wabikoze. Ibisubizo nk’ ibyo njye ndabyumva bikandwaza’ Perezida Kagame
28 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Hari gukorwa iki mu guhangana na Malaria yarwawe n’abarenga miliyoni mu 2025?
16 January, by Brenda MIZEROImibare ituruka mu nzego z’ubuzima mu Rwanda irerekana ibimenyetso ko indwara ya malaria yaba yarongeye kubura umutwe, nko mu mezi atatu ya nyuma ya 2025 abantu barenga ibihumbi 600 barayirwaye.
-
Jay Polly yatangaje umuhanzi utaramusuye muri gereza bikamutungura
16 January 2019, by Dusingizimana RemyUmuraperi Jay Polly uherutse gufungurwa ku bunani yavuze byinshi mu byamutunguye ari muri gereza birimo kuba umuraperi mugenzi we Bulldogg ataramusuye kandi yari abyiteze cyane.
-
Perezida Kagame yaciye amarenga y’akazi ashobora kuzakora nava ku buyobozi
10 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko yifuza ko abikorera bakwiga gukorana neza n’abakora utuntu duto dushobora kubateza imbere aho yahishuye ko nava ku butegetsi ashobora kwikorera.
-
Green Party irishimira ko abanyamuryango bayo batagifatwa nk’inyeshyamba
24 February 2019, by Dusingizimana RemyIshyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) ryatangaje ko ryishimiye ko nyuma yo kugera mu nteko ishinga amategeko, abayobozi b’inzego za Leta zafataga abarwanashyaka babo nk’inyeshyamba zaje kwangiza umutekano wa Leta,bahinduye imyumvire .
-
Abayisilamu bo mu Rwanda bizihije Ilayidi, basabwa kwirinda icyahungabanya umutekano
30 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbayisilamu bo mu Rwanda kimwe n’abo ku Isi yose basoje igisibo cy’ukwezi kwa Ramadhan, aho bari bamaze iminsi 29 biyiriza ubusa, basabwa gukomeza kunga ubumwe no guharanira kwirinda icyahungabanya umutekano w’Igihugu.
-
Perezida Kagame agiye gusoza itorero rya 11 ry’ abiga mu mahanga
5 August 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame ubwo yasozaga itorero ry’Indangamirwa ry’umwaka ushize
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 5 Kanama 2018 aritabira umuhango wo gusoza icyiciro cya 11 cy’itorero ry’urubyiruko kizwi nk’Indangamirwa, cyatorezwaga mu kigo cya Gabiro. Ab’ umwaka ushize Perezida Kagame yabasabye kugira uruhare mu kurinda umutekano w’u Rwanda,
-
Brig Gen Nyirubutama yagizwe Umujyanama Mukuru Wungirije mu by’Umutekano muri Perezidansi ya Repubulika
29 January, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yashyize mu myanya abayobozi batandukanye, barimo Brig Gen Jean Paul Nyirubutama wagizwe Umujyanama Mukuru Wungirije mu by’Umutekano muri Perezidansi ya Repubulika.
-
Nyamagabe: Umusaza umaze igihe yiyoberanya kubera Jenoside bikekwa ko yakoze Yafashwe
27 December 2024, by Joseph IradukundaUmusaza w’imyaka 62 yafatiwe mu Mu Murenge wa Musebeya mu Karere ka Nyamagabe nyuma y’imyaka 30 yari amaze yihisha kubera Jenoside yakorewe Abatutsi yagizemo uruhare ubwo yabaga mu cyahoze ari Komini Karambo, ubu ni muri Nyamagabe.
-
Ubushinjacyaha bwagarutse mu mizi ibimenyetso ku byaha uko ari 17 Nsabimana Callixte wiyise Sankara byose aregwa n’abaregera indishyi bariyongera
28 January 2020, by Martin MunezeroUrukiko Rukuru urugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka rukorera mu Karere ka Nyanza rwasubukuye urubanza rurengwamo Nsabimana Callixte wiyise Sankara wahoze ari umuvugizi w’inyeshyamba za FLN ku byaha 17akurikiranweho n’ubushinjacyaha.
Umuryango.rw
Hari gukorwa iki mu guhangana na Malaria yarwawe n’abarenga miliyoni mu 2025?
Abayisilamu bo mu Rwanda bizihije Ilayidi, basabwa kwirinda icyahungabanya umutekano
Brig Gen Nyirubutama yagizwe Umujyanama Mukuru Wungirije mu by’Umutekano muri Perezidansi ya Repubulika
Nyamagabe: Umusaza umaze igihe yiyoberanya kubera Jenoside bikekwa ko yakoze Yafashwe