Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize nibwo amarushannwa yo gutora “Miss Rwanda”yashojwe habonetse umwe mu bari wahize abandi ugomba guhagarira u Rwanda nka Nyampinga.
Iki gikorwa cyatangiye mu mwaka wa nticyavuzweho rumwe mu buryo butandukanye kandi n’abantu batandukanye uko buri mwaka cyakorwaga.
Uyu mwaka naho niko byagenze kuko hari abanenze bimwe mu bikorwa byabaye kuva mu majnjora kugeza ku ndunduro yemwe havutse n’impaka zitandukanye mu bitangazamakuru ndetse no ku (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
‘Akabaye icwende muri Miss Rwanda ntikoga?’ Rutangarwamaboko
26 February 2018, by Ubwanditsi -
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yitabiriye ibirori byo gufungura Inzu Ndangamurage ya Misiri
2 November 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Jean-Patrick Nduhungirehe, yitabiriye ibirori byo gufungura Inzu Ndangamurage ya Misiri, byabereye mu Mujyi wa Cairo, ku wa 01 Ugushyingo 2025.
-
Ethiopia – Tigray: Abakozi ba UN barashweho ’barimo kujya mu nkambi y’impunzi’
9 December 2020, by Dusingizimana RemyIngabo za Ethiopia zarashe ku bakozi b’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) ndetse zirabafunga, nyuma yuko batwaye imodoka bakarenga kuri za bariyeri (barrières) muri leta ya Tigray iberamo imirwano, nkuko byemejwe n’umuvugizi wa leta, Redwan Hussein.
-
Abakozi 82,5% bo mu Rwanda bajya ku kazi n’amaguru, bivuze iki?
10 February, by Brenda MIZEROImibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), igaragaza ko 82,5% by’abakozi bo mu Rwanda bajya ku kazi n’amaguru, umubare ukubye inshuro zitabarika uw’abajya ku kazi bakoresheje bisi na moto cyangwa ibinyabiziga byabo bwite.
-
Niyonzima Olivier "Seif" yasabye imbabazi nyuma yo guhagarikwa mu Mavubi
26 November 2021, by Dusingizimana RemyUmukinnyi Niyonzima Olivier uzwi nka "Seif" uheruka guhagarikwa mu ikipe y’igihugu,yandikiye Perezida w’Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru (FERWAFA) kuri uyu wa Gatanu, amusaba imbabazi kubera imyitwarire iherutse kumuranga.
Niyonzima Olivier yavuye mu mwiherero w’ikipe y’igihugu atabiherewe uburenganzira yigira mu kabyiniro ko muri Kenya, ubwo u Rwanda rwari rumaze gutsindwa nicyo gihugu ibitego 2-1,
Ibaruwa yanditse igira iti “Muyobozi, mbandikiye iyi baruwa ngira ngo nsabe (…) -
Rayon Sports yasubiriye APR FC bwa gatatu iyitwara igikombe cya Super Cup
12 August 2023, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yatsinze APR FC ibitego 3-0 iyitwara igikombe cya Super Cup,mu mukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium.
-
U Rwanda rwasabye ko gusenya FDLR bishyirwa mu bikorwa vuba
21 December 2025, by Brenda MIZEROU Rwanda rwasabye ko ibiganiro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’Ihuriro rya AFC/M23 byasubukurwa vuba, ndetse rugaragaza ko igisubizo kirambye ku mutekano muke mu Karere kizashingira isenywa ry’umutwe w’iterabwoba wa FDLR.
-
Rayon Sports yatsinze Espoir FC yotsa Igitutu Kiyovu Sports muri Shampiyona
30 April 2023, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yatsindiye Espoir i Rusizi Ibitego 2-1,mu mukino w’umunsi wa 27 wa Shampiyona,ihita ifata umwanya wa kabiri.
Rayon Sports yatangiye umukino iri hejuru,byatumye ibona igitego ku munota wa 4 gusa gitsinzwe na Tuyisenge Arsene ku mupira yahawe na Musa Esenu, arekura ishoti riremereye umupira uhita ujya mu nshundura.
Igice cya mbere kigiye kurangira Onana yatsinze igitego, ariko umusifuzi asifura ko yarariye.
Igice cya kabiri cyatangiye neza kuri Rayon Sports ibona (…) -
Abasirikare 302 bo mu mutwe udasanzwe wa RDF basoje amasomo akomeye barimo [AMAFOTO]
23 December 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane taliki ya 23 Ukuboza 2021, abasirikare 302 bo ku mutwe w’ingabo zidasanzwe muri RDF basoje amasomo y’igisirikare yamaze amezi 11.
Ni amahugurwa yari amaze amezi 11 abera mu Kigo cy’amahugurwa y’ibanze ya gisirikare kiri i Nasho mu karere ka Kirehe. Muri bo harimo abahawe ipeti rya Lieutenant 18 na ba Private 284 bose bakaba barimo ab’igitsina gore 12.
Aya mahugurwa akomeje kugaraza kudatezuka ku ntego kwa RDF yiyemeje guteza imbere igisirikare gifite ubumenyi (…) -
“Abanyarwanda bihangane ibyari ubukwe bitaza guhinduka ikiriyo”- Minisitiri Prof.Shyaka
2 May 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Prof.Shyaka Anastase yasabye abanyarwanda kwitwararika amabwiriza ajyanye no kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus muri iki gihe bakomorewe kuva mu rugo kuko ngo barebye nabi ibyari ubukwe bishobora guhinduka ikiriyo.
Umuryango.rw
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yitabiriye ibirori byo gufungura Inzu Ndangamurage ya Misiri
Abakozi 82,5% bo mu Rwanda bajya ku kazi n’amaguru, bivuze iki?
Niyonzima Olivier "Seif" yasabye imbabazi nyuma yo guhagarikwa mu Mavubi
Rayon Sports yasubiriye APR FC bwa gatatu iyitwara igikombe cya Super Cup
U Rwanda rwasabye ko gusenya FDLR bishyirwa mu bikorwa vuba
Rayon Sports yatsinze Espoir FC yotsa Igitutu Kiyovu Sports muri Shampiyona
Abasirikare 302 bo mu mutwe udasanzwe wa RDF basoje amasomo akomeye barimo [AMAFOTO]
“Abanyarwanda bihangane ibyari ubukwe bitaza guhinduka ikiriyo”- Minisitiri Prof.Shyaka